Tuesday, August 14, 2012
Shaka umukunzi w'inzozi zawe
Hari abashaka inshuti zo kubaka urugo rugakomera,hari abashaka uwo gusohokana ndetse hari n'abashaka iyo gukorana imibonano mpuzabitsina gusa.
Uru rubuga ntabwo rurangira inshuti zo gukora imibonano mpuzabitsina kuko atari byo tugamije.
Niba ushaka inshuti ugomba kuba byibura uri hejuru y'imyaka 18 ukavuga umukunzi ushaka uko ateye ndetse n;ibyo agomba kuba yujuje byose ndetse nawe niba ubishaka ukuvuga byaba ngombwa ugashyiraho n'ifoto yawe.
Murakoze,ngaho amahirwe masa mu rukundo.
Uru rubuga ntabwo rurangira inshuti zo gukora imibonano mpuzabitsina kuko atari byo tugamije.
Niba ushaka inshuti ugomba kuba byibura uri hejuru y'imyaka 18 ukavuga umukunzi ushaka uko ateye ndetse n;ibyo agomba kuba yujuje byose ndetse nawe niba ubishaka ukuvuga byaba ngombwa ugashyiraho n'ifoto yawe.
Murakoze,ngaho amahirwe masa mu rukundo.
Monday, August 13, 2012
Subscribe to:
Posts (Atom)