imel20302030@gmail.com (Ndi umumama w'abana babiri 28yrs ubyibushye watandukanye na papa wabo,so now I am ready to start over.Nta mikino ndimo ,niba wumva twakomezanya urugendo rw'urukundo , wanyandikira kuri email nashyize haruguru.
ariko hano muhakura abakunzi? umudamu uri tayari anyandikire ukina abireke ntamwanya wo gukina mfite nitwa jean cloude ndi muri kigali .asige email ye ndayibona.nice
I'm a woman with 32years old. I want a HIV+ husband,who is ready to marry me next year,a hard worker husband,God fear husband and who has above 35years old. Please don't hesitate if you really need a wife. Contact me
Ese ubundi urukundo rw'ukuri ruracyariho cg ni uburyarya gusa.Aha nahabuze uwampamagara ari serious abantu(abagabo bampamagaye)bose ba hano nta rukundo ni ukwishimishiriza umubiri.
Hello dear friend, I want to know more about you. And if we love each other, we can marry. But I need your contact. Or contact me via email. ipacifique769@gmail.com
Good evening for you present on this site. I'm a man 33yrs. I need a girl friend that lead to marriage. She must has the following criteria. a.Rwandan b.Atleast A2 c.betwen 23-27 yrs. d. An occupation e.not smoking and drinking alcohol. f.above 1.60 Cm , medium sized.
Oya se! Hano se wagirango ni bangahe bapfa kuhashyira numero zabo za Telephone? Wowe se ko wanze kuyihashyira ngo tuguhamagare ! Hhhhhhhhhh! N'uruburaburizo kenshi abafite email niyo bashyiraho ! Ariko abazishyizeho nabo ni uburenganzira bwabo peee, ntibanyumve nabi !!
Ntabwo bishoboka TINA. Jye ntabwo nashyira numero nkoresha hano ku rubuga rwose ibyo ubyibagirwe. Kimwe nuko nawe nkeka ko utayishyiraho. Ahubwo amahirwe ya nyuma ohereza muri message iyawe ukoresha kuri Whatsapp kuri ya numero naguhaye. Uwo nayitije nzamubaza ko nta message yabonyeho.
Umwaka musha mwese ngaha kurubuga,ndashaka umu mama afise imyaka kuva kuri 35 years kuzamura ,afitaabana canke atabafita ntakibazo. WhatsApp+25761311556
Hi nitwa lavie sinzi niba waza kubyumva nez nkuko ndikubivuga, gusa umukobwa ukuze cg umugore uri open yanyandikira kuri 07986469288 NB ntakavuyo agira Ari private kuk nange simbikunda
Umuntu ushaka akazi ko gucunga izamu 30k ku kwezi anyandikire. Kuba ari inyangamugayo, kuba atanywa inzoga cg kuba atagira imico mibi. Aho gucumbika acunga izamu azahahabwa. Siga numero nguhamagare
Hello There My Name is K@ Junior from Kicukiro Kigali I’m professional in car repairing and I need serious relationship girl btn 21-30 years old if you’re interested let me know text me on whatsapp 0788239033
Hello, my name is Blessed. I am Rwandan, but for my personal reasons, I preferred to write my message in English. I am looking for a mature person who is ready for a serious relationship. I have two children and am no longer with their father. I live in Nyarugenge and would prefer someone above 30 years old. As for me, I am also above 25. If you are interested, feel free to reach out. However, if you are interested in sex work, may God help you……amblessed688@gmail.com
Ese ubu tuvuge ko abagabo Bose babana na HIV Bose bafite abagore?!!Kuburyo hano nahabuze umukunzi koko 🤔WA mugabo we,wa musore we wifuza umugore uri hehe ngo uze twibanire?Mfite imyaka 35 nta mwana mfite .
Ese ubu tuvuge ko abagabo Bose babana na HIV Bose bafite abagore?!!Kuburyo hano nahabuze umukunzi koko 🤔WA mugabo we,wa musore we wifuza umugore uri hehe ngo uze twibanire?Mfite imyaka 35 nta mwana mfite . Wowe wanditse usaba umuntu muhuje ikibazo cya HIV wanyandikira kuri misigaroj86@gmail.com
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Niba wumva witeguye kandi udakina wanyandikira kuri 0788629530
1,036 comments:
«Oldest ‹Older 801 – 1000 of 1036 Newer› Newest»imel20302030@gmail.com (Ndi umumama w'abana babiri 28yrs ubyibushye watandukanye na papa wabo,so now I am ready to start over.Nta mikino ndimo ,niba wumva twakomezanya urugendo rw'urukundo , wanyandikira kuri email nashyize haruguru.
I m ready 0787801269
Cell me 0790259673 wowe jemus
Bite byaw? Njye narakwandikiye ntiwasubiza. Shyira ho numbers yawe kuko umaze iminsi hano.
john ufite gahunda wu mudamu kandi afite cash azashake tuganire insed ndahari asubize cg ampe email ye nzamwandikira thx not joking
ariko hano muhakura abakunzi? umudamu uri tayari anyandikire ukina abireke ntamwanya wo gukina mfite nitwa jean cloude ndi muri kigali .asige email ye ndayibona.nice
NitwA Cedric ndifuza umugore cyangwa umukobwa uko Yaba ameze kose apfakuba afite urukundo uwumva abishaka yanyandikira kuri whatsapp 0784251562
Ibinu byarihinduts pe ! Umukobwa ufite hagati 23to 30. Umfite ubushake bwiterambere , udashamadukiye ibyo gushaka or kubyara kumpamvuze bwite arko akaba yifuza kugira umusore wamubera incuti mubuzima bwe kdi ikaramba , ampamagare or anyandikire 0787628762
N.B :uwariwe were ubuzima abayemo bwose ntakibaz , gusa agomba kuba ari ikigali byibuze
Ndashaka umukunzi uri tayari 0722463249
Niba utaramubona nyandikira ku umukunzimwiza@gmail.com
Wowe wiyita frank urabeshya witwa jimmy uri escro
Alex umukobwa cg Fille mere ushaka umukunzi biri Seriux ashyireho numb ndamuvugisha twikundanire kdi bizatanga umusaruro mwiza please sinshaka uza akina cg afite iindi gahunda ndashaka urukundo rwukuri akazi nkora ndi Umuirikare ibindi bisobauro ni kuri contact.please ushyireho numb wabanje gutekereza ibyo ugiyemo.murakoze
Nyandikira: charlesnsengimana@gmail.com
charlesnsengimana@gmail.com
Nitwa xxxx ndumusore muremure imyaka ni 32 nshaka umugore ukeneye umusore umuryohereza akandangira akazi ubyujuje wampamagara 0795440733
Ndashaka umukunzi uri tayari murukundo 0722463249
Waramubonye??
Mpamagara tuvugane nitwa Emmy mfite imaka 42 kandi mfite gahunda ibindi tuvugane 0725641443
Nitwa Emmy fite imyaka 42 ndakora akazi kantunze ndifuza umugore cyangwa umukobwa ukuze.intego yange nukubaka urugo mubyukuri sinkina nkeneye umugore mwiza kandi ukeneye urukundo mubyukuri nkeneye urugo vuba uwumva aritayari mpamagara 0725641443
Nyandikira kuri innocentnsabi80@gmail.com mfite gahunda
Umukunzi waramubonye c
Nitwa Zawadi ntuye sonatube nshaka umusore ufite aye nkamuryohereza 0732472222
Mpamagara wowe ufite Email hopemufisha123@gmail.com tuvugane cyangwa unyandikire kuri what'sApp 0788378744 ndumugabo mfite imyaka 40 nas nange sinahiriwe nurushako
Mpamagara niba ufite gahunda ndumugabo ntamugore ngira 0725641443
Mfite 27ans,ndi umukobwa,ndi muremure,ndakora
Nshaka umukunzi ari umu police cg umusirikare ark ufite rank guhera ku nyenyeri.
Uwumva byavamo yambwira.
I'm a woman with 32years old.
I want a HIV+ husband,who is ready to marry me next year,a hard worker husband,God fear husband and who has above 35years old. Please don't hesitate if you really need a wife.
Contact me
Umuntu wanditse ibi yaramparabitse njye ntabwo ndi muri izo gahunda. Nta nshuti nakeneye, Ntamugabo nakeneye kandi sinicuruza
How can I get your contact?
Ahubw bajye berura bavugeko bakeney uburaya kuk buriwese abakeney sex gus sukubaka pe gus bibaz kuvuga icyo nashakag mubyukuri
Write your email or your phone number,I will reply you.
Mwaramutse nitwa nkotanyi nanjye ndifuza umukunzi ufite gahunda nurukundo mfite imyaka 26ans ufite gahunda yamvugisha kuri 0727720942 cg kuri fcbk ni junior nkotanyi ganza
Muraho, nange nifuza umugabo udafite umugore, wiyubaha kdi mwiza yarize byaba byiza kurushaho nange narize. Nkaba ndi single mother
Umugabo nshaka agomba kuba Ari hagati ya 42-50
Shyiraho adress
Niba udakina nyandikira byihuse kuri email: innocentnsabi80@gmail.com
Ese ubundi urukundo rw'ukuri ruracyariho cg ni uburyarya gusa.Aha nahabuze uwampamagara ari serious abantu(abagabo bampamagaye)bose ba hano nta rukundo ni ukwishimishiriza umubiri.
Mu minsi mike maze menye uru rubuga, kubonaho umuntu muzima biragoye. abo nabonye ni ba bandi uza akakumvira ubusa....nta gitekerezo wapi. Nciye intege abadamu/abakobwa bashaka abakunzi hano, rwose nta bahari. Naragerageje, babiri bose wagirango ntibaba bazi icyo bashaka. Imana ibabarire imitima y'abagabo, abasore baza aha bishushanya, bangiza gusa ibyiyumviro by'abantu ngo barababaye, ngo bakeneye umuntu bahuza, nabo ubwabo nta rukundo bafite, nta gitekerezo kizima.
Ibyo uvuga ni ukuri kuzuye abagabo nabasore ni ifaranga no kuryamana no gutesha igihe
Uwumva mubeshyeye ampe Numero dupange urugo rwiza kdi rwuzuye amahoro
Ngiyo email unyandikire hanyuma niba Koko uri umunyakuri Koko.(rukundoterry@outlook.com)
Mwicika intege nimukomeze mugerageze gusa murusheho gushishoza. Ikindi nuko byarushaho kuba byiza habayeho no gushakishiriza hanze y'urubuga.
Contact me at kaemmy200@gmail.com
Narakwandikiye
Rata ibyo uvuga nukuri kubwajye ByAKABAYE byiza abanu bavugishije ukuri ko bashak abo kwishimisha aho gushirango ,ukeneye kubaka or uri seriously kdi nabo UBWABO ntabuseriye bubarimo
Oya namwe ntikaduharabike ,nonese nib uje hano ukahabona umukobwa Ako wamwandikira ukabona agusubiza atabishaka ubwo urumva wowe wakomeza kumuvugisha ? , njyewee hano navuganye nabakobwa 2 Ako Bose ntibari seriye nkuko babyanditse hanoo
Rero nabakobwa bari hano ntago bari seriye
Rwose
Ihangane kabisa
Nge nshaka umugabo ukuze twaganira tukagirana inama gusa gushyiraho numèro ntibyanyorohera bikunda yayimpa tukajya tuganira
Wowe ukeneye umugabo ukuze mwaganira mpamagara 0788378744
Niba ikomeje nyandikira kuri : innocentnsabi80@gmail.com
Nib ukomeje kok nyandikira ijambo YES najye kuri 0783346438 OR 0734726721 Ndahita mbibona
Nitwa Pierre ndu mumuksitu mfite imyaka 38 difuza umukobwa wi myaka27/33 Kandi nawe arumuksitu Catholic Church Kandi akaba yarize ariko Atari cyane niteguye gukwa nogusezerana byaba akarusho azi kuvuga English ,.anyandikire kuri email nkwasibwepetermbanje@gmail.com
Call me 0738951940
Muraho mwese niyise MUGABO mubyukuri ngewe nagize gahunda yokubaka urugo nyuma yuko urwo narinubatse rwanze ndumugabo uhamye kd wiyubaha mfite ubumuntu urukundo nimbabazi ndengejeho kumyaka 40 ndikorera mbasha kwihaza numuryango wange mba kigari nkorera iburasirazuba ndifuza umudamu ufite uko abayeho twabinshuti tukajya tuganira tugasangira mbese nkamwubaka nawe akanyubaka twazabona aringombwa tukazabana bitewe nuko tuzaba tuganira neza ok umukobwa ukuze cyangwa umudamu nikaribu gusa sinshyizeho nomero yange ariko shyiraho iyawe cyangwa Email yawe woherezemo number yawe nguhamagare kugirango umenyeko aringewe wanditse uguhamagaye dore ikimenyetso imibare ikurikiranye irihagati ni 837874 muri nimero yange ndagirango hatagira abanyiyitirira murakoze.
hhh
Mamagara
Uyu muntu wiyise MUGABO ni umutubuzi
Ariko mugemugira umuco umuntu yanditse igitekerezo ntasizeho number ye umwise umutubuzi ugamije kumusebya ubwose woweho wabikwita wakwishima umubwiwe niki ko nta number ye yadozeho icyo maze kubona hano kurubuga urakundana numuntu yabona bitavamwo mwashwana ati numutubuzi nkubu uwamubaza ibyo yamutuburiye wasanga barakundanye bikamga mwitondera abantu bazanwa nogusebya abandi hano niba umuntu atakwiyumvisemo ntampamvu yokumutuka
Hello dear friend, I want to know more about you. And if we love each other, we can marry. But I need your contact. Or contact me via email. ipacifique769@gmail.com
Nyamara ushobora gusanga yenda amuzi hari aho bahuriye akamutuburira kuko n'ubwo atatanze imibare yose ya number ye ariko yavuze iyo hagati. Wasanga rero uriya ubivuze yenda azizi . Ese ubwo umuntu yakwitora akita umuntu umutubuzi atamuzi nagake?Gusa numva nta nyungu zo kuza gusebereza umuntu hano!
Yego rata ,reba ko atanditse nimero ziwe zose.Wasanga koko ari umutubuzi hari aho bahuriye.
Mwiriwe neza.nshaka umukunzi uri serious wifuza kuba y'abana nk'umuntu ubyaye2.Mba iburasirazuba . Uwumva yanyemera ampe address ze hano.Imyaka yo sinddngeje 33
Ibyo wanditse ntibisobanutse neza muvandi. Kuko ntawamenya niba uri igitsina gabo cg igitsina gore. None se urifuza umukunzi umeze ate? Uri umugabo se ukaba ushaka umugore umugore? Cyangwa uri umugore ukaba ushaka umugabo? So, rero mujye mugerageza kumvikanisha neza icyo mwifuza. Murakoze
Ndabasuhuje. Ikorabuhanga ryarabyoroheje, nanjye nifuje kugeragereza amahirwe hano . Ndi umu mama wifuza kugerageza andi mahirwe murukundo. Narize ,nfite akazi kantunze, ndiyubashye bihagije, bityo nifuza umugabo cg umusore ukuze hejuru ya 35 years uri single, wize , wifashije, wiyizeye kundangagaciro na kirazira, ufite gutinya Imana muri we. Munyunve neza, conditions nsaba nanjye ndazujuje, kuko si sponsor nshaka cg umupfubuzi nkibiri hanze aha. Nifuza umugenzi nkanjye dushobora gufatanya urugendo cg tukanungurana kuri byinshi . Uwo duhuje icyifuzo anyandikire kuri hopegisubizo92@gmail.com
Yego ndaje nkwandikire kuriyo email watanze gusa uburi tayari ibyo wasabye ndabyujuje
Mwiriwe neza kandi mwaramutse niyose gikundiro.ndumugabo mfite imyaka 40 amashuri A2 ndikorera.kg 85 uburebure 175cm ndakijijwe ndasenga kandi nubaha imana mba iburasirazuba kumpamvu zakazi nukorero sinahiriwe nurushako pe kdi ntaruhare nabigizemo ndifuza umugore mwiza wiyubashye nange ndiyubaha ufite umutima wuhe urukundo kandi usenga imana gusa abakina babireke umukobwa cyangwa umudamu mukuze muntanadikire uwumva akeneye urugo kuri Email endacyayisenga2@gmail.com ibindi tubiganire murakoze
Nibaze bakwandikire rwose barahari kandi nyine ntibabe bakina
Hello ndumusore wimyak33 wiyubaha m 1:66 ndimibiriyombi fitakazi ndikorera mba ikigali ntamashuli fite ndashaka umukobwa ukeneye kubaka uli sereuix ushakakubaka vuba bitarenze amezi 8wiyubaha utanwa inzoga kukonajye sinyinwa bibayebyiza yaba ari umusirikali merci cll0798813152
Hello
Umezute mwa wanyandikiye what's up tuvugane 0735301903
Bressinginnocent@gmail.com
Wamaye Numero yawe
Nonec ko muba mwifashije muba mushaka iki kindi suguphuburana ??? Bibaye arurukundo kuk mushaka simwakoreshamo ubushobozi mubigaragara!! Ahubw meakunda nabatishobiye mukabszamura biciye murukundo mukunze , kuk nabatishobiye batifashije bashobora kugira amahame bakiyubaha kdi batinya imana ikirushijeho banafite urukundo nyakuri !! Nonec ubw iyo mushizemo conditions hakazamo nubushobozi ubwo buragiye mwashwana ? None ubwo waba wakunze umuntu or nibyo afite ?? Ntimugacine nurukundo muruvanga nibyo atunze or adafite !!
Nonec ko muba mwifashije muba mushaka iki kindi suguphuburana ??? Bibaye arurukundo kuk mushaka simwakoreshamo ubushobozi mubigaragara!! Ahubw meakunda nabatishobiye mukabszamura biciye murukundo mukunze , kuk nabatishobiye batifashije bashobora kugira amahame bakiyubaha kdi batinya imana ikirushijeho banafite urukundo nyakuri !! Nonec ubw iyo mushizemo conditions hakazamo nubushobozi ubwo buragiye mwashwana ? None ubwo waba wakunze umuntu or nibyo afite ?? Ntimugacine nurukundo muruvanga nibyo atunze or adafite !!
Good evening for you present on this site.
I'm a man 33yrs.
I need a girl friend that lead to marriage.
She must has the following criteria.
a.Rwandan
b.Atleast A2
c.betwen 23-27 yrs.
d. An occupation
e.not smoking and drinking alcohol.
f.above 1.60 Cm , medium sized.
Email, kaemmy200@gmail.com.
Abatumva icyo bivuga nyine turakumiriwe !!!
Hy
Njye ndi umu maman ukuze. Nta mugabo nshaka. Nta basambanyi nshaka.Gusa mfite irungu nashakaga uwo twajya twiganirira bisanzwe.akambera umuvandimwe. Murakoze
Nta number ? Nta address ubwo urumv uri seriously kok ?
Nibe nawe rata wishakira abavandimwe. Harya urifuza uw'igitsina gabo cg gore?
Muraho nitwa Gasaro mumbabarire ntandukireho ku ntego sinshaka umukunzi ahubwo ndagisha inama maze umwaka nakundana n'umusore twahuriye mukazi turakundana cyane gusa nyuma yaje kumbwira ko hari umukobwa bigeze kumenyana amutera inda iwabo bamutegeka kubana nawe gusa ntiyamukundaga yakomeje ambwirako arinjye akunda Kandi yifuzako twasezerana tukabana ubu turitegura kubana mu kwa Kane 2025, impungenge mfite nuko agikomeza kujya kureba wa wundi babanaga mperutse no Kumenya ko hari igihe yagiye kumureba ararayo, mperutse no Kubona messages z'umukobwa Ari gutereta muri iyi minsi, nkibaza impamvu yabyo, kuva kera nifuza umusore dukundana utantendeka kuko nanjye sinigeze mutendeka, mungire inama y'icyo nakora ndibaza niba nabirenza amaso tugakomeza gahunda yo kubana cyangwa niba namusezeraho .
N. B uwo bahoze babana aba mu ntara naho njye mperereye mumujyi wa Kigali nawe niho akorera, mungire inama y'icyo nakora kuri email yanjye olivegasaro@gmail.com
Murakoze mbaye mbashimiye ku nama muri bumpe
0789920958
Nishakira uwakwemera kumbera musaza wanjye. Umuvandimwe
Nshuti bavandimwe.
Mbifurije umwaka mushya muhire wa 2025.muzagire noheri nziza nubunani. Abatarabonye aba cheri cg aba cherie hano ,umwaka utaha muzababone. Njye ndabona umwaka urangiye, nabuze nuwambaza amakuru yanjye.
Ubundi se n'uwakwemerera yakubwirwa n'iki ko ntakikuranga ushyiraho ?
Oya se! Koko wavuze n'uwakubaza amakuru? Nuko ntakuzi mba nyakwibarije rata! Gusa komera, kuko dufite Imana itumenyera ubuzima, ikamenya n'ahazaza hacu. Nawe uzagire iminsi mikuru myiza.
Najy ndifuza uwudasha gushak or kubyara arko yifuza gukundandan anyandikira kuri watsap 0783346438
Nabuze nuwambaza amakuru pe. Nta telephone mfite.mbanza gutira mushuti wanjye ngo ndebe ko hari uwemeye kumbera umuvandimwe.nitwa Kagirumugisha Tina
Nitwa Kagirumugisha Tina. Nta telephone mfite ijyamo Internet. Ako mfite ni gatoya. Mbanza gutira umushuti wanjye .gusa wazampa numero yawe nkazashaka uko nkuvugisha. Cg email. Ariko nta mugabo nshaka pe,nishakira uwambera umuvandimwe.tukajya twiganirira biraho byabavandimwe
Yewe Tina we! Urasetsa gusa! Uwakubaza amakuru ntiwamubura, kandi sinemeye ko nta phone ufite! Ahubwo ngaho tinyuka uyishyireho hano ubundi wirebere ukuntu uhamagarwa buri kanya naza ndakwikundira nyinshi. Hhhhhhh !
Wowe narakwandikiye ariko ntabwo uransubiza!
Muraho ?Umukobwa cg umugore uwumva akeneye uwo bafatanya enjoy cg gukunda yanyandikira kuri 0798646288 whatsapp kuko ntago ihamagarwa murakoze
Nyamara ndakomeje pe. Uwumva yambera umuvandimwe asige numero ye. nzamushaka twibere abavandimwe.
Oya se! Hano se wagirango ni bangahe bapfa kuhashyira numero zabo za Telephone? Wowe se ko wanze kuyihashyira ngo tuguhamagare ! Hhhhhhhhhh! N'uruburaburizo kenshi abafite email niyo bashyiraho ! Ariko abazishyizeho nabo ni uburenganzira bwabo peee, ntibanyumve nabi !!
Ahubwo se ,wowe wanyemereye tukibera abavandimwe.ko nubundi mbona turimo kwiganirira neza.
Ncumbitse hano Kicukiro Gatenga. Kwa mama Kevin.niho ncururiza metoyou
Sha se koko ubu urumva byakoroha? Ubuvandimwe burya burahenda ! Ubwo urazi kwemera kuba umuvandimwe n'umuntu utazi nawe atakuzi !!!!
Ariko kuko ubisabye, ngiye kuguha numero yihariye wakoresha tukavugana. Uretse wowe wavuze ko witwa Tina, nta wundi muntu wemerewe kuyihamagara, Kandi nawe uzabanza wohereze message umbwira uwo uriwe, kugirango mbone kukwemerera kuvugana. Nutabyibahiriza ukabirengaho ugahamagara ntabwo nzagufata. Numero ni 0787618163. Nutinda nabwo ukarenza ejo saa sita uzasanga nayikuyeho
Imana iguhe umugisha.numero ndayibonye nzakuvugisha. Nkwemereye ko tuzaba abavandimwe 100% . niba nimero umpaye iba kuri WhatsApp nzahita nguha nifoto ,urebe TINA umuvandimwe wawe.urakoze
Arko habaho abanyabikorwa hakaza abafatanyabikorwa ? Habaho bafreind naba besto ,habaho abunzi nabunganizi murabobose ntanumwe ukeneye ko numv naba umwe muribo ?? Hhhhaah
Umvugishe tuvuganeho ibyisumbuyeho
Mwaramutse umpe sms 0788666477 tuganireho ibyisumbuyeho murakoze
Nibutarabo umukunzi ubwire sms 0788666477
Muvugishe 0788666477
Umvugishe 0788666477
Abanyabikorwa nabafatanyabikorwa ,nkeka abo ataribo nkeneye,ntabyo mfite bamfashamo. Aba besto njya numva bavuga ngo nabasambanyi. Abunganizi nabunzi ndumva ataribo nkeneye. Mubyukuri nkeneye UMUVANDIMWE pe. Umuvandimwe aruta inshuti,akaruta abunzi nabunganizi,akaruta abafatanyabikorwa. ntaho ahuriye naba besto.
Ibyo by'aba best, abunzi, n'abandi sinzi uwabyanditse! Ubwo yenda we nibo yishakira. Jyewe wansabye ubuvandimwe nguha number ngo uzampamagare tubiganireho, nguha n'igihe uzayihamagarira ariko ntiwabikoze. Ndavuga wowe wiyise cg witwa TINA. Ubwo rero ntuzandenganye. Byararangiye.
Muvandimwe wanjye , kubera gushakisha agafranga kiminsi mikuru nahugiye muri rwinshi. Ariko ejo hashize nukuri narakwandikiye ntiwansubiza.ntekereza ko nawe uhugiye mu myiteguro ya Noheri.
Uze kureba message ifite numero irangizwa 639. Nuyibona uhite umpa WhatsApp nguhe ifoto umenye umuvandimwe wawe Tina uwariwe.urakoze kandi ugire noheri nziza nubunani
Oya.witukana ngo ni amabyi!!!! Nta muntu muzima wiyubaha ugira ibitutsi mu kanwa ke.
Amahoro ! Rero iriya numero sinkunda kuyishyira muri phone. Ariko ejo nabonye hariho MB z'ubuntu nyitiza undi muntu, rero yambwiye ko hari message yabonye ariko numero yampaye zayohereje ziherwa na 512. Ndabona rero zitandukanye n'izo uvuze haruguru. Nanayoherejeho message ntibansubiza. Rero reka tubyihorere ndumva ntacyo byatwara. Sawa nawe uzagire umwaka mushya muhire
Muvandimwe,oya wibivamo.ahubwo message yawe narayibonye. Na numero wampaye irangizwa na 55 nayanditseho kuri WhatsApp, nuko utaransubiza.
Ngarutse gushimira umuntu 1 wemeye kumbera umuvandimwe. Ubu rwose meze neza ubwigunge bwagabanutse.
Hagati aho ndamutse mbonye undi noneho wigitsinagabo byaba ari sawa cyane.NB nshaka umuvandimwe ntabwo ari inkundo nshaka.niba uri umusore cg umugabo udafite mushiki wawe.ni karibu rwose nzakubera sister mwiza.murakoze
Yewe jyewe ubwo byaranze pee! Kuko Numero nakoresheje nkwandikira sms ntabwo iherwa na 55 ahubwo iherwa na 88 Kandi ntiba kuri Whatsapp. Kandi nohereje sms ku iherwa na 512 nabwo nkeka ko atari iyawe. Ubwo rero byaranze peee. Niko jye mbibona
Ntabwo byanze. Mpa iyukoresha kuri WhatsApp.
Ntabwo bishoboka TINA. Jye ntabwo nashyira numero nkoresha hano ku rubuga rwose ibyo ubyibagirwe. Kimwe nuko nawe nkeka ko utayishyiraho. Ahubwo amahirwe ya nyuma ohereza muri message iyawe ukoresha kuri Whatsapp kuri ya numero naguhaye. Uwo nayitije nzamubaza ko nta message yabonyeho.
Nonec ko umuhaye nimero yihariye jyew wampaye iyarusange twese duhuriraho !! Niba bitagoranye !!
Kandi se ndayiha wowe nde ko ntakuzi? Kandi rwose numero yanjye nkoresha iminsi yose sinayishyira hano peee!
Mvugisha tubijyemo 0788666477
Nimba uvuga ukuri kumutima unyandikire sms gusa 0788666477 tubanze tuganireho
Mvugisha sms 0788666477 dupange
Yes 07840000757
Jyew nakwantse iyarusange kuk uriya wamuhaye iya prive kuk ariwe wahisemo ubw nyin jyew Shira muri public ntarib gus nib ushavuko uyimpa ngiyo imail yisunike antoinempayimana75@gmail.com .urakoz kdi umwaka mushya di
Umwaka musha mwese ngaha kurubuga,ndashaka umu mama afise imyaka kuva kuri 35 years kuzamura ,afitaabana canke atabafita ntakibazo.
WhatsApp+25761311556
Call me Niba uri serieuse 0782768122
Muraho nkeneyumukobwa witeguye kubaka rwose my number 0782768122
Hi nitwa lavie sinzi niba waza kubyumva nez nkuko ndikubivuga, gusa umukobwa ukuze cg umugore uri open yanyandikira kuri 07986469288 NB ntakavuyo agira Ari private kuk nange simbikunda
Hallo frd
Hello mumeze mute nanjye ndashaka umudamu wajya ampa cash nanjye nkamumara irungu niha ahari yampamagara kuri iyi nimero 0735905693
Buriya rero abantu bakundanyeho bakabyarana, ntago bapfa gutandukana burundu, niba wumva amarangamutima azajya abyihanganira mwabana.
Coll me 0787975687
Ushaka urukundo hano rurahari nyarwo 0789342703
Umuntu ushaka akazi ko gucunga izamu 30k ku kwezi anyandikire. Kuba ari inyangamugayo, kuba atanywa inzoga cg kuba atagira imico mibi. Aho gucumbika acunga izamu azahahabwa. Siga numero nguhamagare
Umukobwa ufite gahunda in box 0782062335(Whatsapp)
Ni nshuti Ally nkeneye umukobwa uteye neza ufite nyashi uri muri kgl anyandikire Whatsapp+250785093177.
Nitwa dufatane emmanuel
Mfite 45 ans, ndashaka umukobwa ukuze guhera kuri 35, ufite indangagaciro wimico myiza pe, ukeneye kubaka
Ufite udushoboka two guheraho
Tugafatanya gushaka ubuzima.
Mpamagara kuri 0732573444
Kombona nawe uba warujeho c ikemeza ko utabeshya nikihe Patron?
Nitwa xxx nshaka umugore cg umufille mere ariko akaba arumuntu ukuze nibura afite imyaka 25 kuzamura apfa kuba afite urukundo kuko nanjye ndarufite ikindi akaba afite gahunda yo kubaka Atari byabindi byiteshamutwe ufite gahunda yampamagara cyangwa akanyandikira kuri khi nimero 0784251562 iba no kuri Whatsapp
Muvandi ayo nimacye pe !! Byibuze 50k niba akora amanywa nijoro arko Wenda hari ubundi buryo wabiteguye ntakibaz umvugishe 0783346438 tubiganireho
Hello!
Nitwa BENJAMIN
MBANA NA VIH +
MFITE IMYAKA 42
NDIFUZA UMUGORE DUHUJE UBUZIMA.
INTEGO:KUBANA
KUBAKA URUGO
UBAYE UFITE GAHUNDA
IHAMYE
NDETSE UFITE URUKUNDO N'INTEGO
WANYANDIKIRA SMS
KURI 0790790402
MBAYE NGUSHIMIYE
Mpa numero ukoresha ya WhatsApp tuvugane
Hello 👋 nd'umukobwa wimyaka26 mba Kigali ndibana ndifuza umugabo cyangwa se umusore ufite amafaranga kuburyo yajya ankemurira ikibazo cyose nawe akambona igihe cyose ashakiye ibindi bisobanuro NYandikikira kuri email:alineumutoni279@gmail.com
Akazi washakaga warakabonye?
Mwaramutse neza! Ndumukobwa mfite 25years old Ntuye Kigali Nyamirambo narangije kwiga mfite bachelor degree in rural and urban development mfite driving license yo gutwara imodoka category B, Ntakazi mfite uwaba yifuza kuba yandangira akazi gatandukanye cyangwa ikiraka nanyandikire nonaha iriho kumurongo ndetse no kuri whatsaap: +250795551172
Murakoze!
Hello There My Name is K@ Junior from Kicukiro Kigali I’m professional in car repairing and I need serious relationship girl btn 21-30 years old if you’re interested let me know text me on whatsapp 0788239033
I am 25 age 1.82 cm 74kg male Rwandan text me on WhatsApp 0795192659 or kayumba77777@gmail.com if you are interested
Muraho neza! Ndifuza umukunzi w'umukobwa ufite urukundo no kubaha muri we.Nta zindi conditions uwo nkeneye ni uwo.
Call or WhatsApp me on:0788919928
Nimbe nawe rata uravuga ukuri kbs
Nitwa xxx umusore ukuze ufite gahunda yo kubaka ufite kuva 35 kuzamura Kandi akunda gusenga nyandikira number hano hasi nkaza kumuhamagara
Umugabo ukuze ufite abana ushaka umugore ufite abana badacyeneye kubyara akaba abana na HIV nanyandicyire mbahuze +250729377803
kaemmy200@gmail.com,
Nyandikira kuriyo email.
Mwiriwe namahoro nubwo hano harabantu babeshya ariko ndizerako hatabuze nabake bukuri.uburero rekambabwire umuntu nkeneye uwumva amezuko ambwire ngewe ndashaka umugore ukuze kandi wababaye yarafite urukundo rukaba rwaramuhezemo rugapfuba nange nuko byagenze akaba adakeneye kujarajara akaba yishoboye mumibereho nange nuko akaba adakeneye abandibana.uburyo bwogukundana tugomba kubana munzu tukabana nkumugore numugabo twese tugahaha mbese tugakora hanyuma twabona dushobokanye tugategura tugasezerana mubujyo bwamategeko niba wumva haruburyo twaganira tukabinoza wambwira..mbona byatuma tumenyana neza pe nsigayembona abantu twarahindutse nyandikira endacyayisenga2@gmail.com
Call me
Hy all,ndabasuhuje nkeneyumukobwa wifuza gushaka byanyabyo rwose ikind kuba yarashoje kwiga akaba yiteguy kurushinga numuryango ubimushigikiyemo my whtsp 0782768122
+250785093177 by WhatsApp
Muraho ndifuza umusore serious ushaka kubaka urugo guhera kumyaka 30gukomeza 37 ukijijwe abaye igikara byaba aribyiza plz Atari gukina ubaye uhari nyandikira 0795760077
Call me ndabyujuje ibyo wifuza 0738951940
Ok hano rero ndabona abantu Beshi bashaka abakunzi bashaka kubaka no kubyara gus sitwese tubishaka none haba hari umukobwa or umudamu udashaka ibyo byose arko ukeneye gukundana ( udashaka kubaka anyuzwe nukwari ,udakenye kubyara yumva kubaho atabyara ntakibaz byamutera mubuzima bwe!) niba ahari kdi aba ASHAKA gukunda nditeguye ngiyo email: nyandikira turebe ibyarabyo!! antoinempayimana75@gmail.com
Ubwo birumvikana ukeneye uburaya arega mujye mwerura muvuge ko murindaya mukeneye izindi ndaya ukirirwa uvunika wandika nuburyo buzuye kwisi yakenda mumijyina giporoso nyamirambo bahandi sinkurangiye uzagure akantu
Hello umukobwa utarabyaye ufite imyaka 32-40 akaba afite urukundo rwanyarwo arunzanire ndarushaka gusa njyewe mfite twins boy and girl
Sorry my number 0792943433
Uri indaya,sanga indaya bene wanyu mu migina.wa kiraya we
Indaya nimuntu Kise ? Ateye ate ? Akora iki ? Arko c wisuzumye or c r reka no kuvuga woe ! Ubundi uwufit abana ,umugore arko nibinubuze kwifuza ibandi nawe nindaya ? Abana bari mumuhanda bose nabi ndaya ? Ok ntakibazo harya abashakanye baka divorusa nabo nindaya ? Ubwo nabakobwa nabasore bakundana baryamana nabo nuko ? Ikibazo kimyumvire gusa nicyo mubura naho ubundi abeshi uwabasuzuma wasanga mundusha uburaya!!
Nakagura byibuze unyohererje ho nka 2 , arko c kuki mukunda ibinyoma ? Kuk mukunda kwiyoberanya ! Ubuse nukuvugako mutabona ra ? Ok ntakibaz indaya iraha ,jyew ndayikeneye !! Arko kdi BURI WESE avuga icyakunda nicya ASHAKA ! Why tyou said this ! Nijyeze nkutuma kundagira ? Urakoze !
Ariko jyewe ndashaka umukobwa wumva yifitemo urukundo kandi afite gahunda yo kubaka urugo 30-40 yamvugisha kuri 0792943433
Hello, my name is Blessed. I am Rwandan, but for my personal reasons, I preferred to write my message in English. I am looking for a mature person who is ready for a serious relationship. I have two children and am no longer with their father. I live in Nyarugenge and would prefer someone above 30 years old. As for me, I am also above 25. If you are interested, feel free to reach out. However, if you are interested in sex work, may God help you……amblessed688@gmail.com
Urumukobwa ukuze ukeneye umugabo wigikundiro wibeshejeho kdi ukuze mubana bidatinze nahageze mpa number yawe cyangwa email yawe nghamagare.wakwibazango uzabwigwa niki ko aringewe uguhamagaye nzaguhamagaza number iherwa na 443 uzamenyeko aringewe wakwandikiye ikitonderwa shyiraho number udakunda gukoresha murakoze
Hello umukobw ukeneye umukunzi
Utarengeje 26 year's akaba abyibushye
Naze dupange abaye Ari Kigali byaba akarush0
0722928616.
Nyandikira kuri Whatsapp
Niba hari number udakoresha wayishyiraho cyagwa email nkakwandikira ok
Hello!nanjye ndasha umukunzi umukobwa ufite urukundo nintego mubuzima bwe ufite intego imbere he!a aye ahari yanyandikira tukavugana
Hello,
Ndi umuhungu wimyaka 27 uburebure ni 1.72cm naragije kwiga kaminuza, ubu mfite akazi
Nshaka umukunzi umukobwa uwariwe wese wumva ashaka gukundana
Twamenyana nyuma tugapanga ibirenzeho
Ikindi na muco mibi gira
Yampanyandikira kuri ihirwe@yopmail.com
Sinivuga amazina mfite 40ans nta mugabo mfite ariko mfite abana ndashaka umugabo ufite 40ans kugarukira kuri 45ans nshaka kubaka urugo nta kundi ngendereye uwumva Atari ibyo ntiyirirwe asiga Numero cg E-mail ye NB: awe afite abana nta kibazo
0795429227 Whatsapp
Hello ni kwizera gerimia ndashaka umukunzi uko Yaba asa kose cga ameze 0795429227
Nitwa cloude mfite imyaka mirongo 30 ndashaka umukunzi utarengeje imyaka 30 utari munsi y, imyaka 25 arko ufite gahunda Kandi aringaragu nange ndingaragu uzumva abishaka azampamagare kuriyi nmb 0780193393 tuvugane nukuri ndamucyeneye winzobe utananutse muremure ufite icyo akora
Niba uritari 0780193393 mpamagara
Ndashaka umukunzi guhera kumyaka 30 kugeza 35 ariko jye ndimuto pfite 25 yonyone 0795429227 ok Yaba ameze kose
Ndashaka umukunzi w'umukobwa canke umugore afise abana ntakibazo, email yanje oscaryamba22@gmail.com
Muraho neza! Niyise UWASE YVETTE gusa siko nitwa mfite imyaka hagati ya25-27 nize kaminuza ndayirangiza sindabona akazi, ndifuza umukunzi ufite gahunda birumvikana Uzi gukora kuko nanjye nkunda gukora afite akazi Kandi yararangije kaminuza byaba akarusho kuko njye sindakabona utarengeje imyaka 35 aho Yaba atuye hose mugihugu ntakibazo twakwibwirana tukamenyana ufite gahunda kuburyo twakundana tugapanga no kubana ikindi ufite HIV kuko nanjye Niko bimeze.
Nb: ufite gahunda URI seriye anyandikire kuri email: mulisacunda@gmail.com
murakoze??
Nyandikira kuri email yanjye Ni nkotanyijunior@gmail.com
Cyangwa unyandikire kuri Whatsapp yanjye ni 0727720942
Mvugisha kuri 0796184450 Whatsapp
akokazi nimba kagihari Whatsapp number yangeni
+250728649637
Amazina nitwa Albert
Mfite imyaka 29 yamavuko
Mfite ibyifuzo 2
Icyifuzo 1 ndashaka umukobwa ufite urukundo Kandi ufite akazi akorakamuhemba uzikwiyitaho uteyeneza wambara akaberewa Kandi utagira umururumba kumafaranga urihagati yimyaka
25 kugeza kuri 35
Ufitegahundayogukundana byanyabyo
Abaye ahari yanyandikira Whatsapp+250728649637
Cg email ✉️
albertduf36@gmail.com
ICYIFUZO 2
Ndasha Uzi aharakazi akarikokose gahemba kukwezi guhera
Kumararanga 50k kuzamura yandangira
Kabaye gahari yampamagara
Kuri +250782856073
Email ✉️
albertdufitumukiza93@gmail.com
Murakoze kubamugite kumfasha kuribyo byifuzo 2
0796184450 Whatsapp
0796184450 Whatsapp me
Waramubonye se ?
My name is bosco : imyaka 25. Ndifuza umukunzi wumukorera bushake murukundo , or besto ! Jyew naw tukibera ababest , niba hari ubishaka nditayari number niyo , woe nyoherereza sms gus ubund byikore ; 0783346438 , meris
Ese ubu tuvuge ko abagabo Bose babana na HIV Bose bafite abagore?!!Kuburyo hano nahabuze umukunzi koko 🤔WA mugabo we,wa musore we wifuza umugore uri hehe ngo uze twibanire?Mfite imyaka 35 nta mwana mfite .
Ese ubu tuvuge ko abagabo Bose babana na HIV Bose bafite abagore?!!Kuburyo hano nahabuze umukunzi koko 🤔WA mugabo we,wa musore we wifuza umugore uri hehe ngo uze twibanire?Mfite imyaka 35 nta mwana mfite . Wowe wanditse usaba umuntu muhuje ikibazo cya HIV wanyandikira kuri misigaroj86@gmail.com
Ndi cloud 25 years ndashaka girl niyo yaba atabyara nakibazo Gus adafite Hiv my 0794570970
I'm ready if is possible text me or call 0792097251
I'm ready if is possible you can text me or call 0792097251
I'm interested niba bishoboka mwanyandikira 0792097251
I'm very interested if is possible text me 0792097251
Hello I'm very interested if is possible text or call me 0792097251
Hello I'm very interested if is possible text or call me 0792097251
Call me +250786151458 Whatsapp
Nukabeshy knd nduhari cyannne knd ndukoresha ukuri .......call 0735765072
0782856073
Whatsapp
Nanjye nfashaka umukinzi agomba kuba Ari umumaman ukuze watandukanye numugabo cyangwa umufille mere ufite gahunda yo kubaka apana imikino ufite gahunda yampamagara cg akanyandikira kuri whatsapp 0784251562
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Niba wumva witeguye kandi udakina wanyandikira kuri 0788629530
Post a Comment