Nta mpamvu yo kwiheba dore uwawe arahari

Shaka inshuti

Niba wifuza inshuti,watanga adress zawe hano cyangwa ukaziduha kuri e-mail yacu ariyo fabricenzabonimpa@gmail.com

1,023 comments:

1 – 200 of 1023   Newer›   Newest»
Anonymous said...

Ni danger

Anonymous said...

ni danger

Anonymous said...

Niyise john, ndi umusore w'ibigango kuko mpima 79kg n'uburebure bwa 173cm mfite imyaka 28. Ndi umusore wiyubaha ushobora kwikaruma ndi n'umuntu uwo ari we wese. mfite A0 sindabona akazi keza gusa ako mfite karantunze. kubera iyo mpamvu rero ndabona ko gushaka umugore uri permenant bitoroshye muri iki gihe. bityo ndashaka umugore ukiri muto utarengeje imyaka 35 ukeneye umusore wo bajya baganira bakagishanya inama bakanahuza urugwiro iyo bibaye ngombwa. uwo mugore ntagomba kuba afite umugabo kdi na we agomba kuba yiyubaha. uramutse wumvise duhuje wampamagara kuri izi no. 0735340110. ndagutegereje.

Unknown said...

Nitwa Erick nta mukunzi shaka Kuberako
ntakazi fite . Ahubwo Ndashaka Umudamu
Ukuze Cg Umukobwa Uwariwe wese Wumva
Akunda Sex Ariko akaba Mubuzima bwe atazi
kurangiza icyaricyo Cg Kunyara Aribyo bita
Amavangingo . Ushobora kuba Uri bwihagarareho
Nyamara ufite Icyo kibazo . Niba wumva
Ugifite Wa mpamagara kuri 0726820486 .
Ukamenya byishi kuri Sex

Unknown said...

Nitwa Erick nta mukunzi shaka Kuberako
ntakazi fite . Ahubwo Ndashaka Umudamu
Ukuze Cg Umukobwa Uwariwe wese Wumva
Akunda Sex Ariko akaba Mubuzima bwe atazi
kurangiza icyaricyo Cg Kunyara Aribyo bita
Amavangingo . Ushobora kuba Uri bwihagarareho
Nyamara ufite Icyo kibazo . Niba wumva
Ugifite Wa mpamagara kuri 0726820486 .
Ukamenya byishi kuri Sex

Unknown said...

Nitwa Erick nta mukunzi shaka Kuberako
ntakazi fite . Ahubwo Ndashaka Umudamu
Ukuze Cg Umukobwa Uwariwe wese Wumva
Akunda Sex Ariko akaba Mubuzima bwe atazi
kurangiza icyaricyo Cg Kunyara Aribyo bita
Amavangingo . Ushobora kuba Uri bwihagarareho
Nyamara ufite Icyo kibazo . Niba wumva
Ugifite Wa mpamagara kuri 0726820486 .
Ukamenya byishi kuri Sex

Unknown said...

Hello, nitwa the great (siyo mazina nyakuri) mfite 25 years, narangije kaminuza mfite akazi nkaba nshaka umukobwa dukundana kuko uwo nari mfite yampemukiye. niba uri imibiri yombi cg inzobe, imyaka iri munsi ya 35, wemera ko tuzarushinga next year mugihe tukimenyana birenze, ujijutse nubwo waba utarageze kure wiga, wakwemera kunkunda ukanyibagiza urukundo rubi, nyandikira kuri emeil barayokathegreat@gmail.com
amanumber ya telefone ni nyuma twamaze kuvugana kuri emeil

Eugene said...
This comment has been removed by the author.
Clerk said...

Ndi umusore mfite hejuru yimyaka 36 ndashaka umukunzi, umukobwa wimyaka hagati yimyaka 30 na 33 kuba ari muremure hagati ya metero imwe na 65 na metero imwe na 75. Kuba yarize kaminuza kuba afite akazi kuba ari umukristu kuba akunda gusenga, asri umurokore wubaha Imana kandi adafite umukunzi bari kumwe ubungubu. Aramutse asengera muba adventiste byaba ari akarusho. Kuba yiteguye gukundana no kubana, kuba yitonda cyane Atari bimwe byo kwigengesera ahubwo biri mumico ye, kuba azi gusabana kandi azi inshingano ze. Kuba adatwarwa no gukunda gusohoka cyane hamwe nabasore. Uwumva Yujuje ibyavuzwe hano yanyandaikira kuri email yanjye ariyo ; ndayiclem@hotmail.co.uk akoherezaho phone numbers ze hamwe na address ze tukabonana. Murakoze

eddy ka said...

muraho! ndi umusore w'umurokore ndi imibiri yombi mfite 25 years ndifuza umukunzi w'umukobwa uri serieuse udakina ushaka kubaka kuko najye ndashaka kubaka ndashaka rero umukobwa ufite kuva kumyaka 21-26 yaba afite akazi cg atagafite yaba inzobe cg igikara jye sindeba isura cg ibintu kuko birashakwa niba ufite urukundo nyakuri wifuza kubaka ngwino nguteteshe mpamagara kuri 0784864946,0728864946,0733888772

NYUNGWE HOTELS AND ALL SERVICE said...

only for relaxing whtp m on 0728754893

Unknown said...

hello nitwa Eric nkaba fite imyaka 24 kaba nifuza umukunzi ufite gahunda atari ukumbeshya nkaba ntuye mukarere ka huye nkaba ndi imibiri yombi nkaba fite ibiro 66 nkaba ndeshya 1m na 78cm nkaba fite A2 Ikireze kuribyo wampamagara kuri:

facebook: ntezimana eric
email:erintezimana@gmail.com
whatsapp: 0727016216
phone number: 0783842168
0727016216
ndifuza umukobwa ufite imyaka hagati ya 21 na 23
uko yaba ameze kose ariko afite urukundo anyizera najye mwizera
murakoze

Anonymous said...
This comment has been removed by the author.
Kiki said...

Ndashaka Umudamu
Ukuze Cg Umukobwa Uwariwe wese Wumva
Akunda Sex,utuye mu burasirazuba (kayonza cg Gatsibo).
Uwumva yamvugisha yanyandikira kuri facebook ku mazina Ashimwe Sano Olivier Christian

Anonymous said...

Nitwa Birasa Emmanuel mfite ndeshya na cm 160 mfite imodoka ya fuso ndashaka umugore dukundana numero yange ni 0785158825

Unknown said...
This comment has been removed by the author.
Unknown said...

A gril who is ready to care about someone can call me on 0788478026 am single i wanna a gril who is more serious also can meet me on E-mail: hitabjeandamour@gmail.com

Unknown said...

Nitwa nsabimana Innocent. Mfita imyaka 24 kaba ndumunyeshure buca ntangura kaminuza.wirabura kandi wumukizwa.ndashaka umukobwa twakundana atarenza 22years kandi wakayobe.umunyeshure canke uwarangije secondary.uwuvyifuza anyandikire kuri WhatsApp+25761797689 canke e-mail: nestorinnocent@gmail.com murahawe ikaze

Unknown said...

Hello. .am Jennifer aged 33 I need a serious man who is able and ready to marry. .I don't need sex. I need marriage. I have all the basic needs a man shld at least be having a university degree. Or else a police or RDF staff. Or at least having s.6 but with a serious Business he is doing .
Plz contact me on...0724542804 Thx.

mugisha said...

i want a woman i have university degree 22 years old driving categories A,B,C,D i want make a family and friendship 0728368798

kamoso said...

Hello I'm eddy I finished my studies in university of Rwanda college of education I have diploma in French English with Education. I need a serious girl who need to marry. I'm 26 years old Christian I need the one who is very serious if you are ready came on I 'm ready to marry you please contact me on 0728864946/0781589843

Unknown said...

0789554136. Umukobwa uri serious ufite hagati20-23

Unknown said...

0788570098 close friend kungurana ibitekerezo ntakirenzeho kuba ari smatness

Anonymous said...

Hello ndi umusore wa 30,mfite 1.66m nkagira 60kg kurubu.nifuza wowe mukobwa ufite gahunda sinzi uko ubyumva ibi ariko biri serieux kurenza uko ubyiyumvisha, ndifuza wowe ugira inzozi zo gukora cyane ngo uzatere imbere, ndifuza wowe uzi guhuza urugwiro nabantu batandukanye muri make uzi kubana,ndifuza wowe byibuza warangije Secondary ariko utarengeje 28 yeras old.Kandi ukaba witeguye ko nunshima nkagushima bitarenze mu mpera za 2019 twaba twabanye byemewe n amategeko,wowe waba ufite akantu niyo kaba gato ariko kaguha amafaranga yo kwibeshaho wowe ubwawe nibyo nifuza,bizanyereka umuhate n umurava wagira ngo ukorere iterambere ry urugo nabana muri rusange,nkunda abana ariko siniteguye kubyara benshi babaye benshi Imana inkampa urubyaro ntibazarenga 3.Kuba utabyibushye cyane kandi utari muremure nibyo byiza donc abakobwa ntimukunze kuba barebare cyane ariko byibuza atarengeje 1.70m.Mu bintu byose nakubwiye zirikana iki nkunda kuba nabamfite umugore uzi gukora wita ku kazi ke kandi ugerageza kubana nabandi mu mahoro no mubwisanzure.urakoze wumva wishimiye ko twahura tukaganira ibirenze ibi contact me on +250782098359.

Anonymous said...

Umukobwa ufite gahunda. utarengeje imyaka 25,uri hagati ya 1.55-1.65m, wize byibuze secondaire, usenga Atari umuslam cg umuhamya anyandikire kuri Facebook @ Bariyanga Bertin.

Unknown said...


Nshaka inshuti nanjye man .ISENGA,IFITE AMAFARANGA,ITARI MBI,HAGATI YA 20NA35 YEARS

Unknown said...

Nshaka inshuti isenga imana, ifite amafaranga,itarimbi ku isura no kumutima,ifite hagati ya 22na35 years.call me on 0781634787

Unknown said...

ncaka umukunzi(umukobwa) ufite gahunda adakina afite akazi.yararangije kaminuza.imyaka itarenze 30.mfite imyaka 26 ndumusore usenga kandi ngira umuco nyarwanda call me 0785241897/0723394996

Anonymous said...

Ndi umukobwa utari mugufi cg muremure mbese uri moyenne, unanutse atari cyane, wigikara,imyaka iri munsi ya 35, ukunda gusenga ,warangije kwiga, ufite akazi, ukunda abantu kdi uzi kubana na bose, uca bugufi,wubaha abantu bose kdi ufite urukundo . Nkaba nifuza umusore uri serious wifuza gushaka umugore akagira umuryango, byaba byiza duhuje ibyinshi mu byavuzwe haruguru. Ufite imyaka iri hafati ya 33_ 40.
Email yanjye ni: iradia519@yahoo.com anyandikireho ampe number ze.

Anonymous said...

Ndabasuhuje. sinshatse kwivuga izina, gusa ndi umusore w'imyaka 31, narangije kwiga kaminuza, mfite akazi nubwo kadashamaje ariko karantunze kandi simbayeho nabi. ndifuza umukunzi uzi icyo ashaka atari ba bana baza kuzambaguza ubuzima bw'umuntu. ibi mbivuze kubera ko mbifitemo experience byambayeho anyicira ubuzima. umukobwa nshaka gomba kuba afite nibura imyaka hagati ya 25-28 azi gukunda icyo ari cyo gusa afite akazi gakomeye ko kunyomora inguma nasigiwe n'uwo twatamdukanye. ku binyerekeyeho ndi umusore munini cyane kuko mpima ibiro 95 nkaba nifuza umukobwa muto kandi muremure hagati y'ibiro 50-65 usenga. aramutse afite akazi byaba byiza cyane kandi agomba kuba yarize nibura amashuri yisumbuye. uramutse ubaye interested wanyandikira kuri emaiol: ykhaljay@yahoo.com cg ukampamagara kuri 0723798540.

Unknown said...

Umukobwa ,umugabo ushaka umunyaza neza call on 078321815

Unknown said...

Umukobwa or umugore usha umunyaza neza

Please call on 0783218135

Unknown said...

Umukobwa ,umugabo ushaka umunyaza neza call on 078321815

Anonymous said...

Dontjock20@gmal.com umukobwa ukuze utananutse nanyandikire tumenyane ntandaya nshaka ko inyandikirserious gls and mummies am 32yrs old nyamata

Anonymous said...

Nitwa Jane Kaneza,Ndashaka umugabo udafite umugore niyo yaba afite abana nange ndabafite muremure mwiza,ufite kuva kuva ku myaka 40 kuzamura, wize ufite byibuze Bachelor's degree ufite akazi byaba ari byiza cg ukora ibiraka,Kandi afite gahunda yo kubana sinshaka uje gukora sex gusa,ndashaka ufite gahunda,ndi umu postive naranduye nawe yarahuye nibibazo nkibyanjye twakwifatanya ubuzima bugakomeza.Nize University mfite akazi keza kantunze.Uwumva ari ready yanyandikira kuri email:omegaalpha198712@gmail.com

Unknown said...

Niyise manzi ndashaka umukunzi wumukobwa ukuze cg single mom ufite behind a njyewe mfite 23 years old umukunzi nshaka yaba afite 24 years old kugeza 40 years old my contacts 0789626151 thanks

Unknown said...

Ndashaka umukobwa ukuze cg single mom my contact 0789626151

Unknown said...

Nitwa Yves ndi umusore ndashaka umukobwa wuburanga ufite hagati ya 23_27 wize nibura secondary school niyo yaba ntakazi afite nanjye narangije university ariko sindabona Akazi ariko ndateganya Kwikorera next year. Uzi gukunda kdi witeguye gushinga urugo turamutse duhuje muri byose.

Unknown said...

Ni Yves: wambona kuri email: jizeyi7@gmail.com

Unknown said...
This comment has been removed by the author.
Unknown said...
This comment has been removed by the author.
Unknown said...

Ndi umugabo ufite 35 ans, mfite umugore, mfite amafaranga, just ndashaka umukobwa mwiza wokujya turyosha igihe bibaye ngombwa nanjye nkamuha icyo ashaka byaba byiza abaye yiga muri University i kigali kandi yicumbikira. uri ready Invite me on facebook. NKUSI Igor. Thanks

Anonymous said...

Nitwa Jean mfite imyaka 40 mfite umwana w'umukobwa.Umugore wibana ariko witunze waba ashaka inshuti yanyandikira kuri 0785520042.

Unknown said...

Nitwa Ronald nifuza umukobwa warangije ufite akazi usenga yaba inzobe cyangwa igikara igikuru nuko ateye neza kandi ukunda abantu akaba aniteguye guhita akora ubukwe yanyandikira kuri jetlimujama@gmail.com ibindi akaba ariho tubiganirira

James said...

Mbanje kugusuhuza wowe mukobwa uri gusoma ubu butumwa( abahungu mwihangane)

Nitwa James, Mfite imyaka 28 kugeza ubu. ndashaka umukobwa utarabaswe n’amadini. ufungutse mu mutwe kandi wiyubaha. umukobwa uri serious ndavuga utavugirwamo uzi icyo ashaka mu buzima. utabyibushye bikabije, utari inzobe bikabije, utari igikara bikabije ni ukuvuga imibiri yombi byaba ari akarusho. (Gusa ibimaze kuvugwa si ihame ngo byose abe abyujuje ku biri physical ariko ibya mbere byo ni ihame). Waba ufite akazi cg utagafite, warize cg utarize njye ntacyo bimbwiye upfa kuba ufungutse mu mutwe kandi ubasha kumva no gushakisha ukuri mu mibereho yawe. ibindi binyerekeyeho tuzabiganira nyuma niba wumva ukeneye kwegukana uyu mutima ugutegereje kandi utazagutenguha nyandikira kuri iyi email: jamescenk18@gmail.com

NB: ukanyobutsa ko nanditse hano ku umuranga.blogspot.com kugira ngo ntazakwitiranya na spammers.

Ugire ibihe byiza mukobwa

Unknown said...

nitwa pamela ndi umukobwa mfite imyaka 27 nkaba mfite 1m na cm65 ndi imibiri yombi ndashaka umukunzi ufite gahunda ufite urukundo nyarwo uzankunda njyenyine yanyandikira kuri iyi email:pamelaumutesi0@gmail.com niteguye kumuha urukundo nyarwo

Anonymous said...

ndashaka umukobwa dukundana ufite nibura 166 cm z'uburebure. uri hagati y'imyaka 21 na 30. azi icyongereza neza. afite akazi cyangwa ari rwiyemeza mirimo. yararangije nibura ikiciro cya 2 cya kaminuza byaba ari akarusho ariko si ihame. niba ahari yanyandikira kuri kivux777@gmail.com tukarushaho kumenyana.

Jean said...

Bjr. Nitwa Jean mfite imyaka 40.Nshaka inshuti (close friend) y'Umugore wibana, witunze atari ibyo kubana, yampamagara kuri 0785520042.

Jean said...

Bjr. Nitwa Jean mfite imyaka 40.Nshaka inshuti (close friend) y'Umugore wibana, witunze atari ibyo kubana, yampamagara kuri 0785520042.

umumarayika archange said...

Ndi umusore, mba kayonza, narize gusa nta kazi mfite gafatika, mfite imyaka 28, ndaringaniye kuko ntari muremure cyangwa mugufi.
Mfite ibiro 55.
Ndifuza umukobwa ukuze cyangwa umudamu twaba inshuti.

Uko yaba ateye:
1. Kuba abyibushye kuko njye simbyibushye.
2. Kuba ari hejuru y'imyaka 30
3. Byaba byiza afite uko abayeho (ubutunzi) kuko njye namumenyera urukundo bitewe nuko ngishakisha ntarafatisha neza ubuzima.

4. Ibindi twabiganiraho twembi.

Ahari yampamagara kuri 0784704185

Unknown said...

Niyise the cat ndashaka umukunzi ufite HIV kuko mbaba nayo,aramutse abonetse yampamafara kuri 0785288900

Unknown said...

Hello! Ndi umugabo w'ubatse,mfite 36ans, ndifuza umugore wubatse cg wibana twasangira amabanga y'urugo.ubyifuza ambwire kuri 0788875768. N.B sinshaka umukobwa.

Unknown said...

Welcome pamela

Unknown said...

Ndi umusore ndifuza umukunzi wumykobwa twazashingana urugo email:beneduction002@gmail.com

Anonymous said...

My name is not yet to be said,
Mfite imyaka hafi 35,nkaba mfite 1.73m z'uburebure,nkaba mfite A1 muri Electronics & Telecom, nkaba ndimo gukora Bachelor muri Software Engineering.
Nkaba mfite umugore twabyaranye gusa hari ibitagenda neza hagati yacu.
Nkaba nifuza umugore/umukobwa witeguye kubaka,abaye yarashatse cyangwa yarabyayeho byaba ari akarusho,
agomba kuba azi icyo gukunda bivuze, yifitemo buri kimwe umugabo yakenera cyamuha ituze k'umugore(high affection perfection and sex drive) gutanga care yarabigize intego.
agomga kuba icyo ashyizeimbere ari ukubaka urugo rugakomera ntakindi.Abaye afite hagati y'imyaka 25 na 35, byaba ari inyamibwa.
kuba afite 1.65m-1.72m z'uburebure,afite amataye(curves),
kuba yarize afite byibuze A2.
Agomba kuba atabangamirwa nuko nari narashatse undi mugore.
Uwumva rwose ashaka umunezero wurukundo n'urugo ruhamye yanyandikira akampa email address ye kuri (+86)15651798868 kugirango dukomezanye.Iyo niyo nimero nkoresha kuko ubu ndi mumahanga ariko mukwa 7 nzaba nagarutse.

Anonymous said...

Bavandimwe mwagize uruhare mugushyiraho uru rubuga "UMURANGA"
mboneyeho umwnya wo kubashimira kubyo mwakoze.Nkba mbashimiye byimazeyo kuko nyuma y'iminsi nanditse nahise nahise mbona umukunzi kandi rwose nari nkeneye.
Nkaba mboneyeho umwanya wo kubwira uwaba yumvako yanyandikira ansaba ko twakundana,bitashoboka kuko namaze kubona umukunzi.Nkaba rero mbashimiye muri abantu babagabo
You deserve more than Nobel peace Prize from my point of views.
Thanks to y'all guys!

Anonymous said...

Hello guys,
I know a single mom of 33yrs old with a good job and bachelor degree.sha has a baby girl of 3yrs old sha has been deceived with her boyfriend(father of the daughter)
She need a serious guy who has also a kid with same age or around of her baby girl
She need him to be the dad and her to be the mom and make other children.

Anonymous said...

The guy should have a good financial situation and university degree for good understanding,if you feel confortable with pass your phone number for reply
I will contact you!
It is very serious guys.

Anonymous said...

Can we connect by using an email.

Unknown said...

Mwiriwe njyewe ndashaka umukobwa twabana, ndashaka umukobwa ukuze kand ufite gahunda yo kubaka, ndabasab mwampuza nawe. Njyew mfite 32 ans. E-mail:josephjojo2007@gmail.com

nanyandikire ampe contact ziwe nzamwihamagarira

Anonymous said...

No problem,
Pass your email here!

Unknown said...

Muraho neza?ally sizina ryanjye, ikizima nuwo nshaka, mfite 29ans ,sindihafi nkorera kure, nifuzaga umukobwa nibura utarendeje 23ans.nasoje amashuri mfite akazi. Wumvise twakomezanya urugendo rw urukundo wanyandikira, ntagihe mfite peeeee plz, nkoze ibi kuko ndikure ntamwanya mbona. Kd mumfashije natanga Ishimwe .Umukunzi rero sikunda umutu unanutse, wigikara .Niba ategera imana ntitwahuza. Thank u!! albucone.ltd@gmail.com

Anonymous said...

I know a single mom of 33yrs old with a good job and bachelor degree.sha has a baby girl of 3yrs old sha has been deceived with her boyfriend(father of the daughter)



use this email

bobuaid012@gmail.com,

then we will contact

Unknown said...

Let her find me. 0788454851. Whatsapp or e-mail me

Unknown said...

I told you I am very interrested . whatsapp 0788454851

Unknown said...

Muraho! Ndashaka umukunzi nitwa
Aline.ndifille mere, OK umusore cg umugabo ugafite umugore urihejuru ya35ans.wumva ashaka umukunzi yambwira. Arikosinshaka uwokubana nshakauwotuzajyatuganira nkumva ndaruhutse sinteganya gushinga urugo Arikonifuza inshuti nafungurira umutima bibaye byiza asenga byadufasha gutegura urugendo turimo muisi. Dufatanyije murakoze uwumva bishoboka yashyiraho number ye
Nkamuhamugara. Murakoze uwiteka abarinde

Unknown said...

Hey. Call me 0788454851

Unknown said...

Aline wampamagara. 0788454851

Unknown said...

Nitwa KALISA Regis, ndashaka uwo twakundana tugasangira byose imyaka si ikibazo apfa kuba ashoboye kunyitaho gusa. Umva twskorana yampamagara kuri 0727713605

Unknown said...

Hello, call me on 0727713605

Anonymous said...

Muraho neza ;
mbanje kubifuriza umwaaka mushya wa 2018. nitwa Gaston. mu byukuri nje hano najye nifuza inshuti kdi nziza. bavandimwe rwose singiye kwirarira ndacyari umusore. nta kazi ngira nta gafaranga nfite. muri macye ntako nimereye. gusa nizeye IMANA yonyine igira neza kdi itanga byose. ndifuza inshuti kdi ikankundira uok nsa nuko meze. nta buryarya ngira muri nge. sinitaye ku myaka yubukure irari ryumubiri cgw nibindi bisa nkabyo, ndifuza urukundo rufite intego nziza igana ku gushinga urugo. mbisubiremo sinitaye ku myaka yawe kuba ukiri umukobwa cgw se kuko uri divorce cgw se ko waba warabyaye,nubwo nta kazi waba ufite icyangobwa ni urukundo rufite uburanga kdi bukarangwa no gushyigikirana. ibyo nta kbzo kuri njye kubera.

niba koko wumva twafatanya urugendo wanyandikira kurri rrerwa@yahoo.com

ndagutegereje

Anonymous said...

Muraho neza ;
mbanje kubifuriza umwaaka mushya wa 2019. nitwa Gaston. mu byukuri nje hano najye nifuza inshuti kdi nziza. bavandimwe rwose singiye kwirarira ndacyari umusore. nta kazi ngira nta gafaranga nfite. muri macye ntako nimereye. gusa nizeye IMANA yonyine igira neza kdi itanga byose. ndifuza inshuti kdi ikankundira uok nsa nuko meze. nta buryarya ngira muri nge. sinitaye ku myaka yubukure irari ryumubiri cgw nibindi bisa nkabyo, ndifuza urukundo rufite intego nziza igana ku gushinga urugo. mbisubiremo sinitaye ku myaka yawe kuba ukiri umukobwa cgw se kuko uri divorce cgw se ko waba warabyaye,nubwo nta kazi waba ufite icyangobwa ni urukundo rufite uburanga kdi bukarangwa no gushyigikirana. ibyo nta kbzo kuri njye kubera.

niba koko wumva twafatanya urugendo wanyandikira kurri rrerwa@yahoo.com

ndagutegereje

Unknown said...

0784231047

Anonymous said...

Nanjye ndashaka inshuti. umukobwa mwiza wubaha. Ubusanzwe narangije ikiciro cya 2 cya kaminuza kandi mfite akazi.
Yanyandikira kuri Facebook(Muhirwa Emmarito) hariho ifoto y'umugore iherekejwe n'amagambo akurikira.(my father taught me to trust anybody)

Anonymous said...

Bonjour,Ndifuza Umugore utali munsi ya 40ans witonda njye mfite 53ans nkunda umugore ufite taille ntoya abonetse yanyandikira kuli :sngaruye@.com

Unknown said...

I am lady phone number is 0783842168
0727016216

Unknown said...

Mwiriwe niyise Pascal shaka ishuti yumukobwa ufite gahunda uri hagati yimyaka 25 na 22 byaba byiza atuye ikigali kuko niho nkorera uwaba abyiteguye yampamagara kuri 0783842168
0727016216

ozill said...

hi ndifuza umukunzi uri hagati y'imyaka 21 na 23 akaba ari mwiza mururemure nibura 1.70cm atarengeje ibiro 60 afite aga face keza na taille nziza . akaba ari sirious atirata adakunda ibintu kd yiteguye ko twakuba a little pradise yurukundo ku isi. wanyandikira kuri email:thierryishimwe072@gmail.com

Anonymous said...

Muraho neza?

Nitwa Arsene SHIMO, ndi umusore, ntuye i kigali. mu byukuri ndi umucyene, nta kazi ngira, arko
mfite urukundo. ndifuza uwankunda nubwo yaba ari divorced cgw akiri umukobwa , mbese uko yaba maeze kose kuko urukundo ntirugira igisobaanuro wavuga maze ngo ururondore. nta mafaranga njye mfite pe kubryo ntashobora kukwizeza ibitangaza ntazakora. icyo mfite muri njye nurukundo nifuza gutanga, niteguye kuruguha rwose , ubaye uri munini ubyibushye byarushaho kunyura. niba koko wumva wampa ayo mahirwe wanyandikira kuri mail yanjye ariyo:
tricks.emy@tutanota.com

Ndabashimiye kdi murakoze!

Unknown said...

Mwiriwe njyewe nitwa Joseph, ndashaka umukobwa cg umu fille mere twabana, njyewe mfite umwana 1 gusa abana na nyina. Twaratandukanye., ndashaka umukobwa ukuze kand ufite gahunda yo kubaka, ndabasab mwampuza nawe.abaye asenga akunda Imana n'Abantu byamfasha Njyew mfite 32 ans. E-mail:josephjojo2007@gmail.com

nanyandikire ampe contact ziwe nzamwihamagarira

Anonymous said...

Nitwa Nestor Niragira. Ndi umukozi w'Imana. Nashaka kubamenyesha ko umufasha mwiza canke umutware mwiza atangwa n'Imana.Uwifuza imfashanyo y'amasengesho yokwandika kuri nisto75@gmail.com

Anonymous said...

Muraho neza!Mbanje gushimira buri wese ukoresha uru rubuga atagamije gukinisha amarangamutima y'abantu ahubwo afite intego ifatika.

Nizera ko ahantu hose haba abanyakuri n'abanyabinyoma, inyangamugayo n'inkundamugayo niyo mpamvu na Yesu yavuze ngo urukungu ruzakurana n'amasaka. Niyo mpamvu nizera ko no kuri uru rubuga umuntu yahakura umukunzi w'inzozi ze.

Ndi umusore wa 32ans,uburebure bwa 1.75m, ndirabura bitari cyane, mfite A0, niga Masters, nkora ibiraka iyo bibonetse.Nizera ko ukuri ari wo musingi w'urukundo.

Kubw'ibyo ndifuza umukunzi wumva ibintu kimwe nanjye, akaba yifuza kubaka umuryango mwiza. Uwo mukunzi yaba ari umukobwa/fille-mere/divorcee ufite 25-35ans, 1.60m kuzamura akaba afite akazi/business akora byadufasha gutunga umuryango.

Nyandikira kuri rwandarwiza05@gmail.com maze ibindi tubiganireho. Murakoze.

Unknown said...

Denis umukobwa cg umukobwa wabyaye ufite gahunda yanyandikira kiri 0783082860

Thx

inconnu said...

Jyewe ndi i kayonza mfite imyaka 41 ndashaka umukobwa ufite gahunda yo kubaka urugo. Telephone ni 0785212633 cg 0725335007

Unknown said...

±211920004042 ubishoboye wampamagara

Unknown said...

Gahunda ndayifite niba ufitete what up no wambonera kuriyi tukarushahokumenyana. +256782712625

Unknown said...

Muraho ubuntubwimana bubane namwe . ndashaka umusorere ufite gahunda yokurushinga.agomba kuba arengeje imwaka 32 ikindi akund'Imana kandi ayubaha. Nyandikira ±256782712625

Unknown said...

Muraho .nditeguye nyandikira vumutoni25@gmail.com

Unknown said...

Hi bitakugoye twamenyana biruseho . what up no + 256782712625

Anonymous said...

Ndashaka umugore urengeje imyaka 40 muremure kandi munini kandi atuye kgli cg hafi yaho ntagahunda yo kubana nawe mfite gusa twajya twungurana inama abaye afite A0 byaba ari akarusho yambona kuri 0728407588

Unknown said...

0789268257

Unknown said...

0789268257

Unknown said...

send me your contact phone
write to me

i need only serious girls or wives

my email: jeannepomunya@gmail.com

Sam said...

Nitwa Richard,mba Canada nkaba nenda kuza mu biruhuko in mid March. Nzazana n'abashuti bange 2. Turifuza abakobwa byadufasha gutembera no kuruhuka bujuje ibi: ateye nk'igisabo (soft curves), at least 1.70m long, 65-75kg,inzobe(natural) cg imibiri yombi.She must be utterly looking sexy.
Are you sincerely ready? Please contact me on daddyrichard2020@gmail.com and attach your photo.
Note: This is a serious deal, only serious ladies are warmly welcome.

Bon Ami250 said...
This comment has been removed by the author.
Ruzindana said...

Nitwa Ruzindana mfite imyaka 35nkabanifuza umukobwa cga umugore ufite gahunda yokubaka atariyo gukina mbese bimurimo kubaka niba haruhari yampamagara cga akanyandikira sms kuri 0785272026 ibindi tuzabyivuganira murakoze

Unknown said...

Salut! Nitwa NTAKIRUTIMANA Emmy ntuye Huye. Ndashaka umukobwa, fille mere cg umugore ariko udafite umugabo wo dushobora kwiryohereza gusa. amafaranga arahari ntacyo uzamburana ariko nanjye sinzagire icyo nkuburana. Narize kandi mfite akazi nta kibazo. NB: nta mafaranga nzakoherereza tugiye guhura bwa mbere.
Contact me through my email ntakemmy5@gmail.com aho niho nzaguhera tel yange

Unknown said...

Mwiriwe

Unknown said...

morning every body
nice sunday
kindly i want the serous wife ,if some one is interested to me can write to me on this email jeannepomunya@gmail.com

Unknown said...

PlZ CALL ME 0784692434

Unknown said...

Nitwa jado ndashaka umukobwa dukundana mwiza uzi ubwenge niba ubishaka nyandikira numero yawe kuri hakizimanarichard2015@gmail. Com nguhamagare

Peace said...

Muraho neza!niyise Peace ndi umukobwa w'imyaka 26 wirabura, mutomuto ,utari mugufi cyane,wiga mu mwaka wanyuma wa kaminuza kdi ukunda Imana n'abantu. Gusa ntakazi mfite.
nari naravuze ko ntazongera gukunda kubera ko nahemukiwe kenshi nabo nakundaga cyane. nyuma umusore wese ushaka ko dukundana ndamuhakanira kubera gutinya kubabara nanone. Impamvu nje hano rero natekereje ko haba abantu bari serieu batari gukina nimitima yabantu. So,ndashaka umusore w'Umuchristo wize byibuze kaminuza ufite kuva 27-35ans utari mugufi kdi wiyubaha akubaha nabandi. ufite inzu ikigali,akazi keza cg yikorera. Mbese muri make afite imibereho twatangiriraho ubuzima turamutse tubanye.

NB:ndashaka umuntu utari gukina kdi ufite urukundo nyarwo kdi niteguye kumukunda ntitaye kubyambayeho byose.
Amahoro y'Imana abane namwe!

Unknown said...

Hello everyone,

My name is Cyiza David, I'm looking for that one that fits me. I know that you will be the one. I am a little big weighing above 75 kg. I'm based in Kigali and I'm looking for someone living in Rwanda or abroad.

I have a job and you having one will strengthen our relations.cyizadavid17@gmail.com

Murakoze cyane.

Unknown said...

Hello everyone,

My name is Cyiza David, I'm looking for that one that fits me. I know that you will be the one. I am a little big weighing above 75 kg. I'm based in Kigali and I'm looking for someone living in Rwanda or abroad.

I have a job and you having one will strengthen our relations.cyizadavid17@gmail.com

Murakoze cyane.

Unknown said...

Muraho Neza

Njyewe Ndashaka Umukobwa Mwiza Utarengeje Imyaka 24 mwiza Muto muto Wakora akazi Ka Receptionist uzi neza icyongereza Nkamuha akazi Ibindi Twabyumvikana ntaribi

Anyandikire Kuri businessconsult18@gmail.com ashyireho contact ze ibindi nzamuhamagara

murakoze

Anonymous said...

Inkumi ifite gahunda apana ibyimikino inyandikire kuri bicok16@yahoo.fr cg kuri WhatsApp 0735863875.

Anonymous said...

Inkumi ifite gahunda apana ibyimikino inyandikire kuri bicok16@yahoo.fr cg kuri WhatsApp 0735863875.

NB: NTUGOMBA KUBA URI MUNSI YIMYAKA 25( 25ans)

Unknown said...

Salut! Nishimiye kuba nahurira hano numudamu cg umukobwa wabyaye udafite huti huti yo kurishinga kuko byo twazabivuganaho nyuma yo kumenyana byimbitse. Byaba byiza afite munsi ya 45ans, atengeje ibiro 80, atirabura cyane, yiyubaha kdi afite uko yibeshejeho bisanzwe. Njye mfite 34ans, 170cm, 65kg. Ndi imibiri yombi, nta nenge cg indwara mfite, mfite akazi kadakanganye, mba kicukiro. Byaba byiza nawe uba muri kgl. Niba urikubona byavamo wanyandikira kuri gmail :Theonestura02@gmail.com cg 0726537605. Ndi serious and don't hesitate to contact me. I am waiting for you and thank you.

Samu said...
This comment has been removed by the author.
Samu said...

Muraho neza nitwa Rugwiro Samu mfite imyaka 30 nasoje university nkaba ndi muremure.1.75Cm ariko navutse mfite HIV.nkeneye umukunzi twabana wujuje ibi.kuba ari muremure nibura yarasoje S6 kandi arimwiza kumubiri no kumutima,agomba nawe kuba afite icyo akora gifatika atari ibiraka.

NB:Nkeneye umukobwa ntago nkeneye uwabyaye

Abonetse yanyandikira Kuri whatsapp:+250739883350

Unknown said...

Mpagara Kuri +257798345

Anonymous said...

Muraho neza? Nitwa chris, ndi umusore w'imyaka 30, nkaba nkiri ingaragu, ntuye mu karere ka gasabo. Mu byukuri singiye ku babeshya, ndi umusore wumucyene, nta kazi ngira, yewe nta n'imitungo ihambaye mfite. gusa nizera neza ko igihe kizagera nanjye ngatunga nkatunganirwa, byose ni NYAGASANI IMANA yacu ibikora. nje hano nifuza umukunzi, niba hari uwanyemera rwose ntatinye kubimbwira, ndamucyeneye, uko yaba ameze kose ahbwo abaye ari namukuri ( akuze) byarushaho kunshimisha. sinitaye kuba afite akazi cgw atagafite, sinitaye kuba ari mukuru cyane uko yaba amze ko, yaba abyibushye yaba ananutse, uko asa kose naze mukunde kdi ndamwiteguye, uwi nifuza nuwi gukunda maze nkamuha agaciro kdi tukabana.

niba ubona wumva koko ufite iyo gahunda wanyandikira kuri chrisma.r@aol.com

Murrakoze!

Anonymous said...

Muraho neza, Nitwa Jean nkaba mfite imyaka 31 nize A0 nkaba ndi no gusoza Masters, mfite akazi kantunze uburebure ni 1.66 m. ndifuza umukobwa waba ari hagati y'imyaka 22 na 27 wiyubaha kandi ufite gahunda yo kwubaka urugo.abaye yararangije S6 ibyo birahagije.ufite uburebure byibuze bwa 1.70 m.uwumva yaba abyujuje kandi afite ubushake yanyohereza sms akanyibwira neza kuri 0784568496.murakoze

Anonymous said...

Muraho neza nanjye nejejwe no kwandika message nyandikira umukobwa uri mukigero cy'imyaka 27-35, ufite akazi kuburyo yamfasha mugihe njye ntarakabona akaba ashaka umugabo babana njye mfite imyaka 29 nkaba nararangije Secondaire yonyine nkaba mfite akazi gaciriritse, uwumva yiteguye yanyandikira kuri belaruzi91@gmail.com tukaganira muburyo burambuye thanks.

Anonymous said...

Nitwa Akariza Gaju, nshaka umukunzi ufite imyaka 40-45, ufite akazi, Byaba byiza afite inzu, mfite imyaka 25, uwumva twabijyamo neza yampamagara 0786070280

Unknown said...

Ndashaka inshuti y'umudamu irengeje imyaka 40 kandi nibura ufite akazi kuko nanjye ndagafite agomba kuba ari muremure, munini kandi w'umuyumbu. Agomba kuba atuye Kigali, Muhanga cg Rwamagana. Nta gahunda yo kubana nawe ahubwo ni ukugirango tujye twungurana inama mu buzima busanzwe bwa burimunsi. Nyandikira kuri thomasha50@yahoo.fr ibindi tuzabivugana

Fabrice said...

Nitwa Fabrice ndi umusore muremure wigikara
ntakazi ngira gahoraho . Ahubwo Ndashaka Umudamu
Ukuze Cg Umukobwa Uwariwe wese hejuru yi myaka 30 kugeza 55 ashaka kugira umusore umuha ibyishimo mu buriri ubundi akajya mfasha mu buzima busanzwe ,byoroshye,ikindi niba waba ufite umugabo atagushimisha uko ubishaka najya mbigukorera uko ubishaka
Akunda Sex Ariko akaba Mubuzima bwe atazi
kurangiza icyaricyo Cg Kunyara Aribyo bita
Amavangingo . Ushobora kuba Uri bwihagarareho
Nyamara ufite Icyo kibazo . Niba wumva
Ugifite Wa mpamagara kuri 0786060311 NB:niba ushaka amafoto yanjye mpa number yawe ya WhatsApp

Anonymous said...

Niyise john, ndi umusore w'ibigango kuko mpima 98kg n'uburebure bwa 173cm mfite imyaka 32. Ndi umusore wiyubaha ushobora kwikaruma ndi n'umuntu uwo ari we wese. mfite A0 sindabona akazi keza gusa ako mfite karantunze. kubera iyo mpamvu rero ndabona ko gushaka umugore uri permenant bitoroshye muri iki gihe. bityo ndashaka umugore ukiri muto utarengeje imyaka 35 ukeneye umusore wo bajya baganira bakagishanya inama bakanahuza urugwiro iyo bibaye ngombwa. uwo mugore ntagomba kuba afite umugabo kdi na we agomba kuba yiyubaha. uramutse wumvise duhuje wampamagara kuri email ykhaljay@gmail.com . ndagutegereje.

Mathssolutions2025.blog.com said...

Ok I am ready Ms coll me to this number 0788932955

Unknown said...

ni eppa narangije kaminuza mfite imyaka irenrenga 45. nshaka umukobwa cyangwa umugore wo twakwibanira igihe cyose afite akazi cyangwa umwuga byaba byiza email:allthatglitters3030@gmail.com or tel 0787573678

Anonymous said...

ndashaka inshuti y'umukobwa ifite amashuri ya kaminuza,cg ari bugufi kurangiza,ari imibiri yombi utarihasi ya 1,60 byumvikane utarengeje 60 kg;ufite hagati y'imyaka 25 na 30 udaina anyandikire kuri E-mail:bijeado@yahoo.fr

Unknown said...

Bjr ,nitwa Edmond ,nkaba nifuza umukunzi numukobwa mwiza muribyose ,kumutima nokumubiri ,utarengeje ibiro 60kg kdi wiyubaha ufite gahunda yokubaka akaba arihagati ya 30-33ans,abaye yarize afite nakazi byabakarusho ariko sihame icyambere nuburanga murirusange cyane kumutima.nange mfite imtaka 36ans nkabamfite umwaka wumuhungu wa 13ans,nange narize kugera muri university nize ubuganga akabarinabyo nkora.uwakwifuza kodukorana urugendo ruzira uburyarya kdi wimfura kumutima yampa number ye kuri iyi email :boboboxa44@gmail.com.murakoze

Unknown said...

Mbanje kubashimira abajyaga bagirana nanjye ikiganiro baciye kuti iyi no +256782712625 ibyanjye byaracyemutsi ndumva naranyuzwe singishakisha, namwe ndabifuriza amahirwe .thanks

Unknown said...

Muraho neza,kubwimpamvu zanjye bwite simbashije kwivuga gs ndashaka umukunzi wumukobwa cg umu fille mere utarengeje26cg 30 ufite akazi ukunda kwiyubaha,njye mfite27ans akaba azi no kwiyitaho,uwumva yiteguye ko namubera umutware wurugo ampamagare kuri +250785369574 igihugu yabaturukamo cyose ukuyemo DRC congo

Unknown said...

Bite x?uzampamagare kurino nbr 0785369574

Anonymous said...

Muraho Neza, ndashaka inshuti y'umukobwa cg umu fille mere ufite imyaka25cg 35 afite taille ubyibushye niyo ntakazi yaba afite ntakibazo ariko afiteA2,A1orA0 ukunda kwiyubaha,njye mfite akazi na Transport, nshaka uwo twajya twifatanya mukwishima tukarushaho kumenyana habaye hari uri interested yakwandika nimeroye nkahita muterefona, murakoze

Unknown said...

0787058938

Unknown said...

Nitwa Callixte Nsengimana ndashaka umukobwa witeguye kuba umugore wanjye mfite imyaka 30 numero yanjye 0783007853 murakoze

Anonymous said...

looking for a woman ready to comfort me.Because i have gone through a lot, so if you are not my type please do not waste your time because,i am into this seriously.I am 35 years,born in Kicukiro (Gatenga), 173 cm high, a father of 3 kids,currently studying abroad and i am Muslim.Therefore, whoever think their can perfectly match up with me, feel mostly welcome to let me know.

Note: -do not waste your time if you are not ready for this.
-To be honest,be reminded that i am married but not satisfied.
-make sure you are a wife-material ready.
-do not waste your time if you are beyond this age range(25-35).
-you must be a Muslim or ready to convert to Islam any time.
-make sure you have at least a High School Diploma(A2).
-make sure you are beautiful and are ready to introduce me to your family as i will
do the same for you as well .
Finally, let me know if you feel the same.My contact is (+86)15651798868.
I'LL BE WAITING FOR THAT LUCKY ONE!
Thanks!

Eugene said...

I'm eugene need women to completa me , for moer infos this is my whatsap number +250788887211

Eugene said...

I'm eugene need women to completa me , for more infos this is my whatsap number +250788887211

ReplyDelete

Eugene said...

I'm eugene need women to complete me , for more infos this is my whatsap number +250788887211

Eugene said...

Muraho bakunziburubuga umuranga niyise Uwineza mfite imyaka 33 ndimuremure nimibiriyombi natandukanye numugabo mfite abana. Babiri ndifuza umukunzi udakina abaye nawe yaratandukanye numugore byababyiza muremure atabyibushye ukundagusenga afite imyaka hagati ya 33 na 40 ndabasabye sinshaka umuntu ukinisha umutima wanjye ndashaka unyomora ibikomere murakoze, iyi ni nomero yambonaho +250788607000

Unknown said...

I am 27 year old. P/s call me on 0727021407 I am available.

Unknown said...

jacksonluck2@gmail.com
Contact: 0788535490

Unknown said...

Ese hano haboneka umugabo kweri. Nge ndashaka kuzandika igitabo kubyambayeho. Nakundanye numugabo mukuye hano kurubuga ariko rwa Umuryango. Tubana umwaka ngo turi muri fiansayi...aragije aranyiba, Anyesikoroka ngo nimugurize amafranga yubake tuzabana kumbe yifitiyundimugore. 6 million zose aba arzitwaye. Knd nukuri yaripfura naramukundaga byasaze. Yasaga neza mbese ntiwabyumva pe.
Gusa Imana niyo ibizi.

Ariko u wumva ashobora kunyomora icyo gikomere ya nyandikira kuri batts85@yahoo.com ibindi tuzavugana. Agomba kuba arumugabo utari munsi ya 38yrs. Knd yakwemera guturikigali...arumusirikari cg Umupolice byaba akarusho ko ndabakunda cyaneeee. Abadashoboye kwandika kuri email muzamere number yanyu hano nzaba hamagara kuko ndumuntu uzwi sinatanga nomero yange hano . Imana ibarinde Murakoze

Unknown said...

+255765554716 niba ukoreshya wts upp tuvugane nshyuti yanjye

Unknown said...

Njyew ndifuza uwo gushimishanya mu Rukundo yaryoherwa tugakomezanya .Bibaye byiza yaba ari umugore wagize ikibazo cyo muburiri ndavuga ukeneye gupfuburwa mbwira kuri email yanjye umpe duhane contact nzakurebe murakoze habimanajerome03@Gmail.com

Unknown said...

Ese hano haba aba samba nyi gusaaaa....ko nanditse nkabura umuntu muzima unyandikira. ..ko abanyindikiye umwe afite umugore we akabeshya ngo numugore knd afite umugore nabana...umugabo a guhamagara umunsi wambere ati ndashaka ko turyamana? ? Wakwanga ati ibyurukundo tubireke nasanze utankunda!!! Narumiwe koko.


Reka nongere ngerageze amahirwe yanyuma sinzongera kugaruka kurizimbuga.
Unugabo uri hejuru ya 35yrs. Wize nibura kaminuza. Cg akaba arumupolice cg umusirikari. Akaba ntamugore afite kuba afite abana byo ntakibazo kuko nge nkunda abana cyane birenze. Imana izambabarire ibampe. Kuba afite icyo akora either business cg Akazi . Wampamagara kuri 0789458761 iyi nomero niyumukozi wange..iyange sinayitanga kubwumutekano wange. Uzayihamagara azahite amubwira ngo ndashaka Nyokobuja. Plz u wumva adashaka kubaka urugo rwose ntazampamagare.

Murakoze. Imana ibinfashemo

Anonymous said...
This comment has been removed by the author.
Anonymous said...

Hello , nitwa Isimbi Nael ndi umukobwa.mbamumahanga , nkeneye umukunzi wiyubashye ufite nubushibozi wifuza gukora ubukwe vuba. mfite imyaka 25 ndi muremure . umuntu uri serious gusa , niba ukina cg utujuje ibyo mvuze ntunyandikire. nyandikira kuri naelisimbi@gmail.com

Clerk said...

Hi Isimbi Nael ohereza sms kuri iyi email ubundi woherezeho contacts zawe za phone number yawe na watsapp number yawe. Email ni ndayiclem@gmail.com. Urakoze cyane

Anonymous said...

Umusore, 27 and, imibiri yombi, ibiro 65, nkeneye umu kobwa cyangwa filled mere twarwubakana kubindi bisobanuro please nyandikira nimero yawe n'ifoto yose kuri: ndah2019@gmail.com

Anonymous said...

Muraho. nifuza umukobwa wabyaye,ufite urukundo, ushaka gushinga urugo kdi ubishoboye, muremure,winzobe, kdi usenga.ubyifuza yambona kuri ;0728939495 or wtsp 0788935853 for more info.

Unknown said...

Amafranga n'Imana ntibijana wamukobwawe!!

Unknown said...

Hello,ndashaka umukobwa (fille mere )cq umugore udafite umugabo ufite urukundo ,uzi gutetesha kd ukunda gusenga ukeneye umukunzi,uwumva afite gahunda ampamagare kuri 0788502906 / 07225662961 ibindi bisobanuro cq ibibazo yashaka kumbaza nabimuha.

Ashobora no gukoresha watsapp kurizo numero ntakibazo.

Thanks & God bless you.

Anonymous said...
This comment has been removed by the author.
Anonymous said...

Hello nifuza umukunzi urihagatiya ya 18 na 45 old Akaba ari umukobwamwiza kandi wimfubyi ya maririje hose yarize cy afite icyo akorakimutunzi kuko Nanjye mfite akazi naranize azicyo aje gukora
Yampamagara cy akohereza whatsapp kuko sinkunda umuntu umbipa +250783865225.+250725188109
Murakoze Ntuye mukiyovu cyomumugi Kigali Nyarugenge
Email:bestfrancois1@icloud.com
Mvuga neza English French swahili and German
Please nubona utabyujuje ntuzigere umpamagara
Nitwa:Francis

Anonymous said...

Muraho neza?
nitwa Stiven, ntuye muri nyarugenge, mfite imyaka 30.
mu byukuri kugirango ngire icyo nandika kuri uru rubuga,
nuko bimvuye kure cyane ndetse numutima uremerewe kandi ubabaye kuburyo ntabash,
gusobanura. nta kindi uretse gushaka inshuti twahuza, tugakundana, tukuzuzanya,
ndetse tukanaban. byaba byiza abaye akuze rwose mu buryo bugaragara, babye ari mu ngabo zigihugu cgw umu polisi ntacyo nabyo byantwara, icyo ndeba ni urukundo ruzima kandi rufite intego bitari bimwe by'iki gihe, abaye afite icyo akora mu buzima nabyo byaba byiza kuko nanye ndakora, kandi akazi nkora karantunze. uko yaba asa kose, uko yaba angana kose, imyaka yose yaba afite upfa kuba atari umwana.

Please, niba koko hari uwanyemera yanyandikira kuri mail yanjye: stickvibe1@myself.com

Murakoze!

Anonymous said...

0738756683

Unknown said...

Umugore ushaka umugabo nanyandikire kuri WhatsApp tubuvane arengeje imyaka 32 gusubira hejuru niwe nkeneye

Unknown said...

Muraho neza bakunzi b,uru rubuga? Mbona aha hantu hahurira abantu batandukanye rero niba hari umukobwa wumva afite ubushobozi akuze kdi ashaka kubaka yambwira tukabipanga. Ndashaka umuntu uzamfasha kwiteza imbere nanjye muhe urukundo kuko nzi neza ko ntawutunga byose nta n,uwakwikunda ngo yicyemurire byose. Ndi serieux uwumva afite gahunda atarengeje 38ans yambwira. Nyandikira kuri theogene997@gmail.com.
NB: ndifuza umuntu wiyubaha ukunda abantu n,Imana. Murakoze.

Anonymous said...

Muraho basomyi
nanjye nemerako abantu bashobora guhura hano bagakora urukundo
niyise Fofo,ndumunyshuri mumwaka wanyuma wa kaminuza.
ndifuza umusore ufite urukundo ufite gahunda yo kubaka apana ibyuburaya cg kuntesha umwanya
agomba kuba yarize afite akazi kamuha amafaranga.
agomba kuba atarumwa ADPR
Agomba kuba yubaha Imana kandi ari sociable.

Uwumva twafatanya urugendo yampamagara kuri 0780398755

Anonymous said...

- Inkumi ifite gahunda urukundo ruganisha kukubaka urugo;
- Ufite byibuze 1m60cm ;
- Ufite icyo gukora ndavuga akazi;
- Ufite ubuzima buzira umuze;
- Utabyibushye cyane( ufite amabere mato)

inyandikire kuri WhatsApp 0735863875.

NB: NTUGOMBA KUBA URI MUNSI YIMYAKA 25

Anonymous said...

Muraho neza?
nitwa Stiven, ntuye muri nyarugenge, mfite imyaka 30.
mu byukuri kugirango ngire icyo nandika kuri uru rubuga,
nuko bimvuye kure cyane ndetse numutima uremerewe kandi ubabaye kuburyo ntabash,
gusobanura. nta kindi uretse gushaka inshuti twahuza, tugakundana, tukuzuzanya,
ndetse tukanaban. byaba byiza abaye akuze rwose mu buryo bugaragara, babye ari mu ngabo zigihugu cgw umu polisi ntacyo nabyo byantwara, icyo ndeba ni urukundo ruzima kandi rufite intego bitari bimwe by'iki gihe, abaye afite icyo akora mu buzima nabyo byaba byiza kuko nanye ndakora, kandi akazi nkora karantunze. uko yaba asa kose, uko yaba angana kose, imyaka yose yaba afite upfa kuba atari umwana.

Please, niba koko hari uwanyemera yanyandikira kuri mail yanjye: stickvibe1@myself.com

Unknown said...

Umukobwa cg umugore wabuze urukundo cg rutahiriye akaba yifuza uwarumuha ufite icyo akora wamfasha tugatera imbere ark akunda gusenga birumvikana ufite imico myiza hamagara 0724548295

Unknown said...

Wowe s ufite imyaka ingahe?

Unknown said...

Umugabo ufite guhera Ku myaka 40 kuzamura akaba yifasgishe atuye muri Kigali kandi yifashije yashyiraho email cg phone ye ! Gusa abaye Nta mugore afite kandi afite abana byaba akarusho! Jye mfite imyaka 41

Unknown said...

38ans

Anonymous said...

Ok

Anonymous said...

Mfite imyaka 34 nditunze umutype wumva uri serious Atari munsi ya 32 atagendereye ibintu cg amafaranga.Abaye afite icyo akora byaba ari byiza kandi yarize nibura Kaminuza akaba ateganya kugira urugo RWA gikirisitu . email me on epipaix@yahoofr

Unknown said...

U describe urself

Unknown said...

Plz call me 0780589556/0725899421

Unknown said...

Ndi umukobwa nshaka umukunzi mfite 23ans,1m70cm,70kg ndiga ndenda kuranguz kaminuz nshaka umugabo tuzabana agomba kuba afite izi condition:asengera adprcg catholic,afite akazi kez,akunda imana na bantu ,afite urukundo rwukuri ,nta mwana hanze,ari muzima,twagendana ntanere ipfunywe,azi gyshaka imibereho kuko nange ndageragez,afite25_30ans,1m75cm,utazambabaza,not sex but romantic love,yitonda kuko nange sinsamara,etc ntaze muhe urukundo nyarwo apana ibya sex kandi nzamukunda sinzamubabaza nawe nankunda ndi seriye nawe aze ari seriye ampamagare kuri 0780589556/0725899421 nta whathup nyibaho murakoz ikindi agomba kuba ari umunyarwanda

Unknown said...

Anyite sara gusa siko nitwa

Unknown said...

Plz call me 0725899421

Unknown said...

Muraho? Nitwa dodo, ntuye i Kigali. Ndi divorce, mfite 43ans, mfite abana, ndi muremure, ndi umuyumbu, mfite 78kg
Mfite kazi, ndikorera. Ndashaka inshuti kuva kuri 43ans kuzamura. Wakomeretse umutima nkanjye,tukomorana inguma twagize!!! Bibaye byiza Nta mugore afite, afite abana byaba ari akarusho kuko nkunda Abana. Agomba kuba atuje, akunda gusenga, afite urukundo, azi kubana neza n'abantu, Ndashaka inshuti tuzajya tuganira tukungurana ibitekerezo, tukagirana inama. Agomba kuba akunda gukora, no guharanira gutera Imbere. Gahunda yo kubana twazayiganiraho nyuma. Nomero wampamagaraho ni 0788417081.

Unknown said...

Muraho, ndifuza umukobwa twatangirana urugendo rw'urukundo, abaye afite imy aka iri hagati ya 25-28 byaba ari byiza, adress zajye ni whatsapp number wambonaho ni 0728271987

Kayiranga said...

Muraho,
Nshaka umukunzi, umukunzinifuza nuwo duhuje ikibazo ,agomba kuba yarashatse ariko ntaryoherwe nurukundo rwabashakanye , tukaba twakwihuza tukabasha kuryoherwa narwo kuko nange sindarubona uko mbyifuza. umugore, umukobwa(Wumva nawe ari tayari ntakibazo).ufite gahunda yanyandikira kuri kayiranga985@gmail.com

Unknown said...

Nongeye kubasuhuza nshimira uru rubuga cyane uwo nashakaga rero naramubonye kandi nabandi mwec mwanyandikiye ndabashimira ni sara

Anonymous said...

Muraho neza?

Nitwa Didier, ndacyari umusore,mfite imyaka 30, ntuye muri gasabo. mu byukuri singiye kwiyemera ndi umucyene, nta kazi ngira, arko
mfite urukundo. ndifuza uwankunda nubwo yaba ari divorced cgw akiri umukobwa , mbese uko yaba maeze kose kuko urukundo ntirugira igisobaanuro wavuga maze ngo ururondore. nta mafaranga njye mfite pe kubryo ntashobora kukwizeza ibitangaza ntazakora. icyo mfite muri njye nurukundo nifuza gutanga, niteguye kuruguha rwose , ubaye uri munini ubyibushye byarushaho kunyura, cgw uko waba uteye kose. niba koko wumva wampa ayo mahirwe wanyandikira kuri mail yanjye ariyo:
tricks.emy@tutanota.com

Ndabashimiye kdi murakoze

Anonymous said...

Ndashaka umugore urengeje imyaka 35 muremure kandi atuye kgli cg hafi yaho, gahunda yo kubana nawe twayivugana tumaze kuganira, mfite ikibazo cyo kuba ntarahiriwe murushako rwanjye. Gusa kujya twungurana inama, abaye afite ibyo akora byaba ari akarusho, kuko nanjye mfite akazi kampemba neza. Yambona kuri

Manzi said...

Ndashaka umugore urengeje imyaka 35 muremure kandi atuye kgli cg hafi yaho, gahunda yo kubana nawe twayivugana tumaze kuganira, mfite ikibazo cyo kuba ntarahiriwe murushako rwanjye. Gusa kujya twungurana inama, abaye afite ibyo akora byaba ari akarusho, kuko nanjye mfite akazi kampemba neza. Yambona kuri .

Tomson said...

Muraho basomyi b'umuranga. ndi umusore w'imibiri yombi mfite imyaka 31,uburebure 1,75 nambara lunette z'amaso mubijyanye n'akazi nkora ndi umushoferi ubikora kinyamwuga. muminsi mike ishize akazi karahagaze akaba ariyo mpamvu njehano ngo uzi umuntu ukeneye umushoferi akaba afite imodoka y'ijipe cg pick up idashaje abayeye ari umumama cg umukobwa byaba karusho, yaba umupapa akaba atari umusinzi wajya andaza mukabali kuko sinywa inzoga.kuba atajya munsi 120,000 frw byaba ari akarusho. uzambonera uwo muntu cg company uzagabwa commission 30,000 frw. ushobora kunyandikira kuri whatsapp 0722045035 tugapanga. ikindi wowe uribundangire ube uri serious utari muri bya bisambo byo mwiyi minsi bigamije kurya utwabandi

Unknown said...

I am 40. Live in South Nyamagabe and work in Huye. Have University degrees. Have kids. I am 181cm 89kgs. Live alone. I wish I could find a woman to stick on. Has a job could be good, has kids does no matter, needs friendship, love, sex whatever. Visit 250788454851

Singiza said...

Ndashaka umukobwa cg umu fille mere mwiza uteye nk'igisabo!!!Wiga muri Kaminuza cg warangije, Utarengeje imyaka 25, anyandikire kuri email: singiza13@gmail.com , Ibindi tuzabiganira nyuma.
Murakoze.

Anonymous said...

Currently looking for a serious female who's a wife-material ready and who just thinks out of the box(focused and committed) when it comes to being in a relationship and who really understands the real essence of being engaged to someone like me, they can really contact me on +8615651798868 and i shall not hesitate to welcome them.
Here below are some clues if you are interested in being my queen:

1) Don't waste your time if you're not at least a High School graduate(i need someone who is capable of handling a business).
2) Don't waste your time if you're under the age of 25.
3) Don't waste your time if you're not a Muslim or can not become one(Muslim).
4) Don't waste your time if you can not accept the fact that i am already married.
5) Don't waste your time if you're not hardworking and visionary.
6) Don't waste tour time if you're not romantic, caring and beautiful.

Note:You need to read these conditions above again and again, before you even think of writing to me, otherwise don't even think about it.
because there is a saying that:" Easy come, easy go",which is why some of the conditions above might be tough to any of you guys but trust me, nothing great comes form easy.
I KNOW YOU ARE THERE BUT I DON'T REALLY KNOW WHEN OUR FATE IS GONNA BIND US TOGETHER...

Unknown said...

Muraho mwese bavandimwe,

Njya nsura urubuga nkabona ibyifuzo nkaba nkeka ko basubizwa, nange nkaba nifuje kubagezaho icyange , ndi umusore ukuze hejuru ya 35 ans, nkaba mba kumugabane nkaba mba ibwota masimbi(america) . nkaba nifuza umukunzi wumva ufite gahunda yo kubaka kandi nawe arengeje 30 ans, bibaye byiza akaba nawe ari ibwota masimbi byaba ari akarusho. ibindi tuzabivugana email (jamesnishimwe1@gmail.com).

Anonymous said...

Muraho nshuti z'uru rubuga,
nitwa Dodo nkaba nari naranditse kuri uru rubuga nshaka inshuti.Nkaba rero nagiraga ngo mbamenyeshe ko uwo nifuzaga namubonye nkaba kandi nifuriza nabatarabona ababo kuzahirwa nkanjye bakabona ababo. Bityo rero abakomeje kumpamagara kuri nimero nari natanze, nabasabaga ko mwabihagarika kuko uwanjye namaze kumubona.
Mbaye mbashimiye mbifuriza guhirwa namwe.

Unknown said...

Hello!

Anonymous said...

If you have much paper,car,Villa , under 40 WhatsApp me !0726535534

Anonymous said...

Muraho neza?

Nitwa Didier, ndacyari umusore,mfite imyaka 30, ntuye muri gasabo. mu byukuri singiye kwiyemera ndi umucyene, nta kazi ngira, arko
mfite urukundo. ndifuza uwankunda nubwo yaba ari divorced cgw akiri umukobwa , mbese uko yaba maeze kose kuko urukundo ntirugira igisobaanuro wavuga maze ngo ururondore. nta mafaranga njye mfite pe kubryo ntashobora kukwizeza ibitangaza ntazakora. icyo mfite muri njye nurukundo nifuza gutanga, niteguye kuruguha rwose , ubaye uri munini ubyibushye byarushaho kunyura, cgw uko waba uteye kose. niba koko wumva wampa ayo mahirwe wanyandikira kuri mail yanjye ariyo:
tricks.emy@tutanota.com

Ndabashimiye kdi murakoze

Anonymous said...

Nitwa PATRICK, nifuzaga umugore cg umukobwa wo guha urukundo rutagabanyije, Wujuje ibi bikurikira
-kuba ari inzobe
-yararangije kaminuza
-Afite umutungo ufatika.(imodoka,inzu,amafranga)
- kuba akunda gusenga yubaha Imana n'abantu.

-kuba atarengeje imyaka 40
Yanyandikira kuri adress email ikurikira: hirwamucyo1991@gmail.com

Unknown said...

Muraho bakunzi b,uru rubuga? Nanjye ndi umusore ukuze hejuru ya 35ans ndifuza umukobwa ukuze nawe guhera kuri 30ans kuzamura ark utarengeje 40ans cg umugore utarengeje iyo myaka n,umwana umwe. Ari umurokore asengera muri ADEPR n,akarusho. Agomba kuba ari umuntu ufite kugafranga cg icyindi cyintu runaka cyadufasha kwiteza imbere. Ubundi dukundane twubahane twuzuzanye twubake urukundo rw,umutamenwa. Abaye ahari yakwifashisha iyi email icyobabigi@gmail.com uwumva atari serieuse abyihorere ndumva nta bintu byo gukina m,urukundo.

eco said...
This comment has been removed by the author.
Anonymous said...


ok, Eco wiriwe, please go to your email.

Unknown said...

Iam ready write to me on bahakis2017@gmail I will give my contact

Unknown said...

Ndi umugabo divorce nkeneye umugore ufite gahunda wagize ikibazo nkicyange akaba yabwira tukihuza ubu ntakazi mfite ariko nzi gushaka cash uwumva yakwemerabtukibanira anyandikire kuri 0732208786

Anonymous said...

Nitwa Jane, irindi ni ibanga. Maze gukora ubushakashatsi mu minsi mike maze menye uru rubuga, kubonaho umuntu muzima biragoye. abo nabonye ni ba bandi uza akakumvira ubusa....nta gitekerezo wapi. Nciye intege abadamu/abakobwa bashaka abakunzi hano, rwose nta bahari. Naragerageje, babiri bose wagirango ntibaba bazi icyo bashaka. Imana ibabarire imitima y'abagabo, abasore baza aha bishushanya, bangiza gusa ibyiyumviro by'abantu ngo barababaye, ngo bakeneye umuntu bahuza, nabo ubwabo nta rukundo bafite, nta gitekerezo kizima.

Sinsongera kugera kuri uru rubuga ukundi

Unknown said...

Jane biragoye kugirango uzabone umuntu wujuje byose hano. None se uzifuza umuntu ufite amafranga imodoka n,ibindi utekereza azaza hano? Nanaza abifite azaba ntarukundo yibitseho. Niba ushaka urukundo ikuremo ibyo kongeraho za masters n,ibindi birenze urebe ko umubura? Umukunda nirwo rwa mbere ibintu byo birashira bagahaha.

Devis said...

I'm looking for a soulmate here ...I'm 24 years old guy working as an engineer... and I'm looking for a girl aged 20-30 ...someone serious please don't waste my time... should be staying whether in USA or Europe
Text me for more (Codydevis@gmail.com)

Unknown said...

0785691376 umpagare

Unknown said...

hhha, icecekere, ncaka uwubaka, niwe nabuze. nta precisions rwose ku mashuri cyangwa ibyo atunze nashyizeho

jane said...

HHHH, mwicecekere rwose, nta precision yitwa ishuri cg imitungo nashyizeho

Unknown said...

None habuze iki? Ubu wabuze umuntu uguha urukundo? Byaba ari ikibazo.

Unknown said...

None wabuze iki? Habuze umuntu uguha urukundo koko? Ndatekereza hari benshi bakuvugishije simbizi ark gushaka niko gushobora niba ntawe urabona komeza ugerageze bizakunda. Urukundo rurahari

Unknown said...

please call me 250786888487

Unknown said...

250787913795

Anonymous said...

Muraho neza!ndi umugore w'imyaka 36 nkeneye umugabo ufite imyaka iri hejuru ya mirongo ine akaba yubatse ariko atarahiriwe mu rushako kuko najye niko mbayeho tukaba twakwifatanya tukamarana umubabaro.uwabishaka yanyandikira kuri email hirwaesther44@gmail.com. ibindi tuzabiganira.

Unknown said...

MURAHO, JANE URIHE KO NGUKENEYE? MUBYUKURI NDIFUZA UMUKOBWA CG UMUGORE UFITE GAHUNDA YO KUBAKA,APANA IMIKINO, BYABA BYIZA AFITE ICYAKORA CYINJIZA KUGIRANGO TUZAFASHANYE,KUKO NDI UMUKOZI WA LETA KDI UFITE GAHUNDA, MURAKOZE NIKARIBU KUBAFITE URUKUNDO./0788935853

«Oldest ‹Older   1 – 200 of 1023   Newer› Newest»