Mubyukuri ndifuza umukunzi, ariko utari umwana, nibura abaye ifite imyaka iri hejuru ya 35, kuba nibura hari icyo akora kimutunze, kuko najye ndakora kdi nditunze, njye ntabwo ndeba ubwiza, uko yaba asa kose ntcyo njye byantwara, abaye kandi ari no mu ngabo zigihugu ntacyo nabyo byaba bitwaye, kuba ari umu kristu byaba ari akarusho.
niba koko hari ubona neza ko twakundana yanyandikira kuri: jeanberwa@gmail.com
Nitwa Sam,imyaka 32 mba muri Kigali, narize mfite A0 gusa nta mahirwe yo kubona akazi ndagira gusa nizeye ko igihe kimwe imiryango izafunguka kakaboneka.kubera igihe kinini maze my bushomeri byanteye kutihutira gushaka umukunzi ariko ubu ndumva igihe kigeze ngo mushake ni cyo kinzanye hano. Ndashaka umukobwa wumva ashaka umukunda ariko atamushakaho ibintu kuko ndi umukene pe! Gusa nubwo nkennye mu mufuka sinkennye my mutwe. Uwumva azankundira uko ndi ni we nshaka gusa agomba kuba ari mukuru arengeje 25ans. Ndi munini kandi nkunda abantu uwo nifuza na we agomba kuba yitonda, yiyubaha akunda n'abantu. Niba wumva unyuzwe n'uko ndi mpamagara kuri 0738999745.
Mwiriwe ni umusore ndashaka umukunzi yaba ari umukobwa cg umugore nta kibazo mfite 20 ans ndashaka umubano mu rukundo feel free to connect with me 0723731996 or 0780590887
Mfite imyaka 27 nkaba narangije kaminuza, ndikorera nifuzaga umukunzi wumukobwa akaba ari inzobe, cyagwa imibiri yombi, kuba afite ibiro 55 kugera 70 , kuba ari hejuru ya 1m 65 kuba byibuze afite A2 kuzamura abaye ari umu fille mere ntacyo byantwara. kandi kuba adafite imico mibi kuburyo duhuje twabana tel 0785842961
I am smaller businessman,in technology field. I want a best educated Girl,who knows well to give care to clients, even me, to provide her a small job.I am single under 40 year. I like to use English even in my business English is useful,for furthermore,find me here,st2020one@gmail.com
Best and serious Girl send message to me,st2020one@gmail.com, i am educated and smaller businessman in technology field. I want to provide her a smaller job, who knows well to give care to Clients even to me.I am single under 40 years
Muraho? Ndi umusore w'imyaka 35 nkaba nshaka umukobwa uri seriously mu rukundo agomba kuba afite 25-34 Kandi akaba yiteguye kubaka vuba . Yanyandikira kuri ;twizephilo@gmail.com
muraho neza? ese najye nakundwa? byibura se muri mwe hari uwankunda nkuko mbyifuza? najye nkamukunda uko abyifuza? tutitaye ku bushobozi, imitungo , amafaranga, ubwiza se cgw ibindi byose tuzi bishukika?
Nitwa Ineza Sabine ndi umukobwa mwiza w’imyaka 25 ariko mbana na Hiv ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira. Agomba kuba asenga kandi akunda Imana. Umuntu wumva ari serieux adakina yahamagara kuri 0781046345
Umugore uri ku Gisenyi wumva twajya tuganira tukishimana yamvugisha kuri 0781409749 cg akanyandikira kuri olgachristella@gmail.com.Njye ndi umgabo ntuye Rubavu kd ni naho nkorera
Am called Umuhoza as my real name. woman aged 37 working with ministry of education. educated at higher level. been disappointed with Relationship issues. ineed a serious relationship with marriage purpose as quick as possible. due to rwanda historical background iwould love to have some one who is not on the side of genociders. that man shld be above 35ys of age. being from RDF or RNP would be an added value to me bcz ilove them most.
Umuhoza niyo mazina yange bwite, Nkorana na ministeri yuburezi, nfite 36yrs, nagize ikibazo gikomeye murukundo, ariko maze kubyakira ndashaka Umugabo utari munsi ya 36yrs ufite gahunda yoguhita yubaka urugo byihuse kubera ibibazo byamateka byabaye Murwanda Umugabo nshaka kuramana nawe agomba kuba adaturuka mubwoko bwakoze Genocide. Mumbabarire simbakomeretse kuko nange nfite igikomere. Abaye arumu Sirikari cg Umupolice byanahimisha cyane kuko ndabakunda. 0789208759 N.B; plz dont try my number when you dont meet the above conditions . Ntuhamagare nomero yange niba utujuje ibyanditswe. Cantact 0789208759
Muraho neza amazina yanjye nitwa Eric ndashaka umugore cg Umukobwa uri hejuru yimyaka 35 kuzamura agomba kuba yubaha agomba kuba afite akazi cg afite amafranga aho yaba atuye hose America & iburayi & Asia & Europe & Africa
Muraho neza amazina yanjye nitwa Eric ndashaka umugore cg Umukobwa uri hejuru yimyaka 35 kuzamura agomba kuba yubaha agomba kuba afite akazi cg afite amafranga aho yaba atuye hose America & iburayi & Asia & Europe & Africa
Njyewe ntakazi mfite ndi, umushomeri Mfite imyaka 29 year's Old
Helloo ndi umusore mwiza wiyubaha kd usenga gusa simbona umwanya wo gutereta kand nshaka gukora umuryango I'm 32yrs live in kgl with house and other basics to make family
nknownMay 17, 2021 at 10:38 AM Hello my name is Mico a saved guy I need a helper, an adult girl in her mid 30s and 40s a saved lover, if she has anything to do it would be great, feel free to contact me 0788813872 thank you
I need a serious beautiful girl aged 21-30.Having a job and A0,good behavior, socially committed,respecting herself for a serious relationship not for sex,I have a job too she may contact me nteziryayor@yahoo.com then we talk more
Good afternoon, ndi umusore w"imyaka 33 uringaniye 1,80m na 81kgs nkeneye umukunzi uri serious uri hagati ya 23 na 27ans utarengeje 65kgs ufite byibura A2 kuzamura, uwaba afite gahunda yampamaga cg what's app kuri +250785175349, thank you!
Hello, nitwa Jack mfite imyaka 28 uburebure ni 1.87cm with 76 of weight. Ndashak umukunzi ufite hejuru ya 1.60 cm, kd afite hejuru yimyak 25. Ibindi twavugana kuri 0marclema@gmail.com
Bonjour nfite 50 ans nshaka umukunzi atarimunsi ya 40 ans akaba afite icyo akora kuko nanjye ndakora.abaye ari intellectuel byaba byiza.abaye umugore ubyibushe ni bon.ndi joni uri tayari yanyandikira kuri pbizumutima@gmail.com
Ndifuza umukunzi w umukobwa, imibiri yombi, hejuru ya 1,65 m z uburebure, Atari hasi y ibiro 60, abaye yarize byaba byiza kandi abaye afite icyo AK or a yaba Ari akarusho, agomba kuba adakina , kandi agomba kuba asobanukiwe nubuzima icyo aricyo . uwakumva abyujuje cg abikeneye yanyandikira kuri hafashimanaelier@gmail.com. Murakoze.
Ndifuza umukunzi w umukobwa, imibiri yombi, hejuru ya 1,65 m z uburebure, Atari hasi y ibiro 60, abaye yarize byaba byiza kandi abaye afite icyo AK or a yaba Ari akarusho, agomba kuba adakina , kandi agomba kuba asobanukiwe nubuzima icyo aricyo . uwakumva abyujuje cg abikeneye yanyandikira kuri hafashimanaelier@gmail.com. Murakoze.
Hey nitwa Sara ndashaka umugabo wimfura ubyiyiziho Uzi gukunda icyaricyo nukuri I need man to treat to cherish to give true love, I know isn't easy I hope nzakubona wanyawe, I have separeted with my husband coz of beating me, so niba ufiteimyakq 30 kuri 45 nakwemera uri muremure170cm kuzamura waburinzobe cg black fine, wize ufite job byiza cyane for me I'm 26yrs 168cm nteye neza pe, gusa nshakumuntu uri serie,gusa ntuneshe umutwe wowe ukina rwose ntacyo nakumarira and I have 2kids nabana na Se no matter if you have kids too. Call me +250787615103
Hi Guyz.Nd Umusore ukuze 39yr,mfite akazi kanyinjiriza 250k buri kwezi,nkaba mfite n inzu.Ndifuza umukobwa uri tayali kuba yakubaka bidatinze.Agomba kuba yararangije kwiga byibuze secondary school.University ni akarusha.Send me a sms on 0782201415.Plz,nshaka umuntu uri serious,apana ushaka kuryoshya.
1,014 comments:
«Oldest ‹Older 201 – 400 of 1014 Newer› Newest»muraho neza, nishimiye kumenya uru rubuga, ndashaka inshuti ndi umugore mukuru kuko ndi hagati y'imyaka 35-40, nifuza umugabo mukuru unduta twakwisungana tukaganirira tugafashanya muri byose uwo mugabo agomba kuba afite ubwandu bwa HIV kuko najye nyifite ariko afata imiti. uwaba akeneye uwo bafashanya yanyandikira kuri munezaanitha66@gmail.com
0787720777 call
0787720777 call
Mwiriwe, nitwa
Agnes ndashaka umukunzi ukuze
Hejuru
Ya
35ans.umusore utarigeze ashaka
Ariko
Afite
Umwana
Wabiretse kumpamvuze bwite
Yambwira
Tukisungana. Sinshaka abakina
Muraho neza?
nitwa jean, mfite imyaka 34, ntuye muri Nyarugenge, ndacyari umusore.
Mu byukufri maze igihe nifuza umukunzo, umukunzi ariko ukuze, utari umwana, uzi icyo yifuza.
Nibyo koko ndamucyeneye, kuk ndambiwe kubaho ndi njyenyine, umukunzi nifuza byaba byiza afite imyaka nkiyanjye cgw ari mukuru kuri yo. byaba byiza abaye afite icyo akora kimutunze, akazi cgw se business kuko najye ndakora kdi mbayeho. sinitaye kuba ari divorce cgw afite umwana , icyo ndeba ni urukundo rufite intego. ndamucyeneye cyane kdi niba hari uwasomye ubutumwa bywanjye ntagire ubwoba bwo kunyandikira kuri jeanberwa@gmail.com
ndamutegereje kdi mutegerezanyije ubwuzu bwinshi!
Murakoze
Muraho neza?
nitwa jean, mfite imyaka 34, ntuye muri Nyarugenge, ndacyari umusore.
Mu byukufri maze igihe nifuza umukunzo, umukunzi ariko ukuze, utari umwana, uzi icyo yifuza.
Nibyo koko ndamucyeneye, kuk ndambiwe kubaho ndi njyenyine, umukunzi nifuza byaba byiza afite imyaka nkiyanjye cgw ari mukuru kuri yo. byaba byiza abaye afite icyo akora kimutunze, akazi cgw se business kuko najye ndakora kdi mbayeho. sinitaye kuba ari divorce cgw afite umwana , icyo ndeba ni urukundo rufite intego. ndamucyeneye cyane kdi niba hari uwasomye ubutumwa bywanjye ntagire ubwoba bwo kunyandikira kuri jeanberwa@gmail.com
ndamutegereje kdi mutegerezanyije ubwuzu bwinshi!
Murakoze
Muraho ?
Nitwa Christophe, ntuye muri Canada! Muri iyi minsi mfite ibiruhuko nzakorera mu Rwanda hamwe n’abazungu b’inshuti zanjye babiri. Tukaba rero dukeneye abakobwa beza b’uburanga batatu bazadufasha kuryoshya mu gihe kingana n’ukwezi tuzamara mu Rwanda. Nabwiye abo bacuti banjye ko tugira abakobwa beza! Abo bakobwa bagomba kuba bazi neza ko nta virus itera sida bafite. Ababishaka banyandikire kuri chriskamanzi@outlook.com, banyoherereze n’amafoto yabo (harimo imwe nibura iri sexy). Murakoze
Muraho bakunzi b'umuranga njye ubandikiye nitwa Thierry nkaba mfite imyaka 35y nkaba nifuza umukunzi wumukobwa cg fille mere utarengeje imyaka 35y kandi akaba ari mwiza nawe yiyiziho ubwiza uwaba abyujuje yanyandikira kuri email:ericsib23@gmail.com N.B:utari mwiza ntazanyandikire pls murakoze.
Hello guys! Ndi umusore mfite imyaka 29 ndi ingaragu, narangije kaminuza ark nta job mfite gusa ndashaka umukunzi wumva nawee yabana cg agakundana numuntu udafite ubukire! Gusa namusezeranya true love! At least afite hagati ya 20-25. God bless. My email mrutambya@gmail.com
Nitwa mugice ndashaka umugore unite gahunda unkunda nka unkunda Uzi icyo ashaka +250788780682
Mwaramutse neza?
Nitwa Jean, ntuye muri Nyarugenge, mfite imyaka 32, ndacyari ingaragu, mu byukuri najye ntakinzanye hano, uretse gushaka umukunzi, arko umukunzi ufite intego yo gushinga urugo.
Mubyukuri ndifuza umukunzi, ariko utari umwana, nibura abaye ifite imyaka iri hejuru ya 35, kuba nibura hari icyo akora kimutunze, kuko najye ndakora kdi nditunze, njye ntabwo ndeba ubwiza, uko yaba asa kose ntcyo njye byantwara, abaye kandi ari no mu ngabo zigihugu ntacyo nabyo byaba bitwaye, kuba ari umu kristu byaba ari akarusho.
niba koko hari ubona neza ko twakundana yanyandikira kuri: jeanberwa@gmail.com
Murakoze!
Muraho,
ndifuza umukunzi
Mbega we!!! Sha twarashize pe ! Umufille mere cg umukobwo ukuze witunze atuye Kigali cg muhanga nanyandikire Kiri shyakatheo@gmail.com tugirane inama
Murahoneza notwa gadi pfite imyaka 33 ndashaka umukunzi wumukobwa kuvakumyaka 22 kuzamura numbers zanjyeni +250788215219 imail:ndagimanagady@gmail.com
Interesting website
Nitwa Sam,imyaka 32 mba muri Kigali, narize mfite A0 gusa nta mahirwe yo kubona akazi ndagira gusa nizeye ko igihe kimwe imiryango izafunguka kakaboneka.kubera igihe kinini maze my bushomeri byanteye kutihutira gushaka umukunzi ariko ubu ndumva igihe kigeze ngo mushake ni cyo kinzanye hano. Ndashaka umukobwa wumva ashaka umukunda ariko atamushakaho ibintu kuko ndi umukene pe! Gusa nubwo nkennye mu mufuka sinkennye my mutwe. Uwumva azankundira uko ndi ni we nshaka gusa agomba kuba ari mukuru arengeje 25ans. Ndi munini kandi nkunda abantu uwo nifuza na we agomba kuba yitonda, yiyubaha akunda n'abantu. Niba wumva unyuzwe n'uko ndi mpamagara kuri 0738999745.
Hello. Can we talk? 250788454851.'tsapp. Thanks
MURAHO NEZA NITWA KARIMA NIGISHA MURI KAMINUZA YU RWANDA ur ndashaka umukobwa mwiza kdi ufite akazi utarengeje imyaka 30 warangije kaminuza
ufite gahunda yazampamagara kuriyi nimero 0782229353 kdi twabana umwaka utaha 2020-2021
ndi assistant Lecturer muri kaminuza
kbsa ndamucyeneye
Hello nari nanditse (epipaix@yahoo..fr) hano nshaka inshuti mu kwa 8/2019 , ariko abantu benshi bakomeje kunyandikira nta na gahunda bafite bagirango bumve umuntu. PLZ murekere aho kunyandikira nabivuyemo nta musaruro biri gutanga.
Murakoze
jui
mufashe kubona umukunzi umukobwa kuva ku imyaka 20 kugeza kuri 29 0789663818
hui
Nitwa ange ndi umufille mere nkeneye umugabo nshaka kwishima akampa cash
Nitwa ange ndi umufille mere nkeneye umugabo nshaka kwishima akampa cash
Nitwa ange ndi umufille mere nkeneye umugabo nshaka kwishima akampa cash
Ndabashimiye mwebwe mwashinze ururubuga nshimira kandi nabampamagaye tukaganira,so ndagirango mbamenyeshe ko umukunzi nashakaga yabonetse kandi ubu akaba yarabaye umugore wajye byemewe n'amategeko,bibaye byiza mwasiba ububutumwa kuko nanyuzwe,murakoze
ndashaka fillemere utarengeje 25yrs,uteye nkigisabo mbese ubyibushye hasi kd muremure gake winzobe cg imibiri yombi,afit akazi cg business ifatika imutunze yarize byibuze s6 kuzamura ari serieux murukundo kd tugahita twibanira ntabintu byinshi. njye ndumusore wa 27yrs,ndaringaniye hose no muburebure nashoje university
ndashaka umugore ufite imyaka 40 bikaba akarusho abyibushye ukunda sex mfite imyaka 25 nkaba nifuza ko twabana uwumva atari tayali naze gukina najye
.....
hy
hy
umukobwa usenga kdi wiyubaha wumva ashaka inshuti , byaba byiza yarize kaminuza
+250789394816 as my whatsapp
Nyandikira Kuri WhatsApp 0770861463
0785848856 niwo ndagushaka hamagara sha
am emmy i need girl who have 18 years and only have love she can call me or whatsapp 0784284661
Mwiriwe ni umusore ndashaka umukunzi yaba ari umukobwa cg umugore nta kibazo mfite 20 ans ndashaka umubano mu rukundo feel free to connect with me 0723731996 or 0780590887
Njyew ndifuza uwo gushimishanya mu Rukundo, arengeje imyaka 40, igikara kandi muremure, munini.Bibaye byiza yaba ari umugore wagize ikibazo cyo muburiri ndavuga ukeneye gupfuburwa mbwira kuri email yanjye umpe duhane contact nzakurebe murakoze thomashaba1977@Gmail.com
I am looking for someone living in Canada or US. I am 36. I am educated to a higher level. write to me at cyizadavid17@gmail.com.
kui
Hey
Hey
UMUGORE UKENEYE UMUGABO AZAMPAMAGARE KURI 0785212633 TUBIVUGANEHO
Mfite imyaka 27 nkaba narangije kaminuza, ndikorera nifuzaga umukunzi wumukobwa akaba ari inzobe, cyagwa imibiri yombi, kuba afite ibiro 55 kugera 70 , kuba ari hejuru ya 1m 65 kuba byibuze afite A2 kuzamura abaye ari umu fille mere ntacyo byantwara.
kandi kuba adafite imico mibi kuburyo duhuje twabana tel 0785842961
I am smaller businessman,in technology field. I want a best educated Girl,who knows well to give care to clients, even me, to provide her a small job.I am single under 40 year. I like to use English even in my business English is useful,for furthermore,find me here,st2020one@gmail.com
Best and serious Girl send message to me,st2020one@gmail.com, i am educated and smaller businessman in technology field. I want to provide her a smaller job, who knows well to give care to Clients even to me.I am single under 40 years
Muraho? Ndi umusore w'imyaka 35 nkaba nshaka umukobwa uri seriously mu rukundo agomba kuba afite 25-34 Kandi akaba yiteguye kubaka vuba . Yanyandikira kuri ;twizephilo@gmail.com
mwiriwe neza, Nitwa Joseph. mfite imyaka 33. ndashaka umugore ukuze wibana wumva akenye umugab cg umukobwa. yaba yarabyaye cg atarabyaye ntakibazo. afite icyo akora. Ahaka umugabo umuba hafite umwitaho kandi amutetesha. umushaka yanyandikira kuri E-mail: joshejojo2007@gmail.com nkamuha phone number zanjye tukavugana. agomba kuba atarengeje imyak 42.
Njye nyita John siryo Zina ryanjye gusa nkeneye umukobwa wamfasha;nashatse umugore ntitwabyara tumaranye 7ans ntekereza ko umugore ariwe ufite ikibazo kuko mbere y'uko nshaka nari mfite umwana hanze.mfite 43ans ;mfite akazi ndifuza umukobwa twabana akambyarira tugafatanya kurera.agomba kuba Ari mwiza afite plus de1,60m;plus de55kg;inzobe cg imibiri yombi asengera muri ADEPR yarize A2 cg S6 ufite gahunda ampamagare kuri0732309431 (hagati ya saa06h00" na saa 14h00")
Muraho? Nitwa albert, ntuye i Kigali. mfite 39ans,ndumugabo mfite abana
Mfite kazi, ndikorera. Ndashaka inshuti kuva kuri 35ans kuzamura. Wakomeretse umutima nkanjye,tukomorana inguma twagize!!! . Agomba kuba atuje, akunda gusenga, afite urukundo, azi kubana neza n'abantu, VIH Negatif, adategaya kubyara,kuba yararangije nibura secondaire nawe abaye afite icyo akora byaba ari akarusho atuye no muri Kigali ,inshuti tuzajya tuganira tukungurana ibitekerezo, tukagirana inama. Agomba kuba akunda gukora, no guharanira gutera Imbere. ibindi tuzabiganiraho nyuma. uwumva abyujuje yanyandikira kuri hirwaalber3@gmail.com
muraho ndi umuhungu mfite imyaka 18 ndifuza umukobwa dukundana utarengeje imyaka 18 utabyibushy kandi atananutse ubyifuza yampamagara cg akanyandikira kuri whatsapp 0784284661
Chat wz me on 0788813872
Chat wz me on 0788813872
I am rd chat wz me on 0788813872
Nkeneye umukunzi ndi umusore imyaka 27 mfite Ao ndikwiga masters uburebure bwa 1.65cm nkeneye umukobwa mwiza wubaha Imana ndetse ufite byibura S6 akora cyangwa afite kaminuza byaba akarusho ufite imyaka 24-27 kandi utari mugufi 1.60 kuzamura . ufite gahunda whatsapp me +250786363800.
Muraho? Ndifuza umukobwa ukuze 35-40ans. Atarabonana n'umugabo byaba byiza.Yaba afite akazi cg atagafite nta kibazo. Ashoboye gushakisha cg ibindi byanze akaba yabasha gukora ubuhinzi ni byiza. Ntakwiye kuba hejuru y'ibiro 50. Kuba yaba aho ari ho hose mu gihugu kandi akaba afite icyerekezo cyo kwikorera( mu gihe yaba afite akazi ubu). Akaba yemera Imana ariko akoresha umutimanama Ku rugero rushimishije. Iby'imitungo byo ni Imana ibitanga iyo abantu bakundana by'ukuri kandi bagashyira hamwe. Uwumva twahuza yanyandikira kuri snemeye@gmail.com
Mwiriwe! Singombwa kwivuza izina,ndashaka umuntu (umusore cg umugabo)tuganira tukungurana ibitekerezo umpa ituze nanjye nkarimuha,ariko akaba ari umuntu ukuze ufite byibura imyaka 40,yihamagara kuri 0781280444
hello
Nitwa Jolie ndi umukobwa ukuze , nkeneye umufasha nawe ukuze ariko utarengeje 45 wize ufite akazi kandi utuye muri kigali kuko nanjye niho nkorera akaba asenga kandi afite urukundo yiteguye kuba yakubaka turamutse dushimanye, uzumva abyujuje azampamagare kuri 0783092471
hellooo.ntuye kigali datuye,imyaka ni 30 umukobwa mwiza ufite gahunda anyandikire 0788887211
Helloo ndi umusore wiyubashye 30yrs old .nshaka umukunzi.
Uwumva yiteguye anyandikire
Whatsap +250788887211
hy
Nitwa Gaju Noella ndi umukobwa w’imyaka 28 mbana na Hiv ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira. Nkora ibirebana n’amahoteri kuko nibyo Nize. Uwanshaka yahamagara kuri 0788357250 whattsap
muraho neza?
ese najye nakundwa? byibura se muri mwe hari uwankunda
nkuko mbyifuza? najye nkamukunda uko abyifuza? tutitaye ku bushobozi, imitungo , amafaranga,
ubwiza se cgw ibindi byose tuzi bishukika?
ese arahari?
muraho neza?
njye ndcyari umusore, mfite imyaka 30, ese najye nakundwa? byibura se muri mwe hari uwankunda
nkuko mbyifuza? najye nkamukunda uko abyifuza? tutitaye ku bushobozi,imyaka, imitungo , amafaranga,
ubwiza se cgw ibindi byose tuzi bishukika? kuko rwose njye birenze ntunze cgw mfite. mfite urukundo rwonyine kdi rufite gahunda ikomeye.
ese arahari?
binakunze yanyandikira kuri mail yanjye: jeanberwa@gmail.com
Murakoze!
?
Hy
muraho
Nitwa nicholas nkaba mfite imyaka 31 ndashaka umukunzi,ndifuza umukobwa uteye gutya:
1.kuba afite imyaka iri hagati ya 25 kugera kuri 32 kandi afite ubwiza nawe yiyumvamo,atarabyaye.
2.kuba abana na HIV aids kuko nanjye mbana mayo kuko si buri mukobwa wagukunda utayifite kdi abaye ahari mwitondere.
3.kuba nibura afite icyo akora kuko nanjye ndakora nubwo nkora akazi gaciritse gusa kabasha kumpa ibyo nkeneye bya ngombwa mu buzima.
4.kuba yarize nibura S6 kuzamura byaba ari byiza.
Niba wumva ubyujuje kdi ukaba wumva twamenyana ubwire kuri email:sabby2382@gmail.com cg umpamagare/SMS cg WhatsApp kuri 0788818298 tumenyane nta wamenya wabona ari wowe naremewe nawe ukandemerwa murakoze....
Ndi umugabo ukeneye umugore wagize ibikomere mu rushako tukaba twakwifatanya tukamarana umubabaro n'irungu utuye Kigali , wubatse ariko atarahiriwe mu rushako ,afite akazi .uwabishaka yanyandikira kuri rurangirwaeric6@gmail.com. ibindi tukazabiganiraho.
ndashaka umugore ufite imyaka 30s kuzamura bikaba akarusho abyibushye ukunda sex mfite imyaka 25 nkaba nifuza ko twabana uwumva atari tayali naze gukina najye call me 0783321529 cg anyandikire kuri whtspp 0785152698
Umuntu ushaka gukundana am ready for love
Who are you?
Morning! ndashaka umukobwa tubyarana
Yabishima tukabana atabishima nkamufasha kurera.niba nawe ufite gahunda nk'iyanjye call me:0732309431
Umugore ufite gahunda anyandikire kuri 0725859955(only WhatsApp), cg ampamagare kuri 0788918244.
Hi,
Ndi umusore w'imyaka 27 wize kd wiyubaha. nkeneye umudamu udafite umugabo cg umukobwa ukuze ariko atarengeje 35 nawe size kd wiyubashye akaniyubaha tugahuza urugwiro n'urukundo. Nyandikira kuri biziyvonne91@gmail.com
Hello Guys nitwa Lavy ndifuza mfite imyaka 25 ndimuremure (1m83cm) ndimibiri yombi higanjemo inzonendifuza umukobwa cg umugore uri hagati yimyaka 21 na 35 twafatanya urugendo rwurukundo ikindi kandi akaba yarize byibuze kuva kumashuri 6 kuzamura afite akazi cg c atagafite ntakibazo uwaba abyujuje yanyandikira kuri 0788203445 ibindi tukaganira murakoze
hello nitwa Eric nkaba fite imyaka 24 kaba nifuza umukunzi ufite gahunda atari ukumbeshya nkaba ntuye mukarere ka huye nkaba ndi imibiri yombi nkaba fite ibiro 66 nkaba ndeshya 1m na 78cm nkaba fite A2 Ikireze kuribyo wampamagara kuri:
facebook: Eric faida
email:erintezimana@gmail.com
whatsapp: 0783842168
phone number: 0783842168
0727016216
ndifuza umukobwa ufite imyaka hagati ya 21 na 23
uko yaba ameze kose ariko afite urukundo anyizera najye mwizera
murakoze
Nitwa Ineza Sabine ndi umukobwa mwiza w’imyaka 25 ariko mbana na Hiv ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira.
Agomba kuba asenga kandi akunda Imana.
Umuntu wumva ari serieux adakina yahamagara kuri 0781046345
Umugore uri ku Gisenyi wumva twajya tuganira tukishimana yamvugisha kuri 0781409749 cg akanyandikira kuri olgachristella@gmail.com.Njye ndi umgabo ntuye Rubavu kd ni naho nkorera
Mwiriwe !Nari natanze number 0781280444 nshaka umuntu twajya tuganira,none naramubonye,nkaba nabasabaga ko mutakongera kuyihamagara.Mbifurije amahirwe masa
Muraho! Nitwa Umuhoza Irène ndi umukobwa w’umurokore ndi igikara mfite 34 years mfite umwana umwe ,ndifuza umukunzi w’umusore uri serieus udakina ushaka kubaka kuko najye ndashaka kubaka ndashaka rero umusore cg umugabo watandukanye n’umugore ufite kuva kumyaka 35-45 yaba afite akazi cg atagafite yaba inzobe cg igikara jye sindeba isura cg ibintu kuko birashakwa niba ufite urukundo nyakuri wifuza kubaka ngwino nguteteshe mpamagara kuri 0789222075 uwumva akina ntazampamagare svp
Have you found the lover you has wished?
Muraho, umukobwa cg umugore uri hejuru 25yrs ushoboye gukora kandi wifitiye ikizere azampamagare+250788344806 or gaspardengi@gmail.com
NITWA MUGIRWA
IMYAKA 39
MBANA NA VIH
NDIFUZA UMUKOBWA NANGWA UMUMAMA
WAGIZE IBIBAZO MU RUSHAKO
TUKISUNGANA TUKUBAKA URUGO,
AFITE ABANA NTA KIBAZO
AKUNDA IMANA
YIYUBAHA
AKUNDA ABANTU
ACA BUGUFI
AFITE KUVA KURI 28AGE KUZAMURA
+250782612384
Muraho! Ndashaka umukunzi nitwa Eric .ndi umugabo nkaba nshaka umukobwa cyangwa umugore udafite umugabo urihejuru ya 30ans.wumva ashaka umukunzi yambwira. Ariko sinshaka uwokubana nshaka uwotuzajyatuganira nkumva ndaruhutse sinteganya gushinga urugo Arikonifuza inshuti nafungurira umutima bibaye byiza asenga byadufasha Kugumana ,uwumva bishoboka yanyandikira kuri rurangirwaeric6@gmail.com.Murakoze
Am called Umuhoza as my real name. woman aged 37 working with ministry of education. educated at higher level. been disappointed with Relationship issues. ineed a serious relationship with marriage purpose as quick as possible. due to rwanda historical background iwould love to have some one who is not on the side of genociders. that man shld be above 35ys of age. being from RDF or RNP would be an added value to me bcz ilove them most.
Umuhoza niyo mazina yange bwite, Nkorana na ministeri yuburezi, nfite 36yrs, nagize ikibazo gikomeye murukundo, ariko maze kubyakira ndashaka Umugabo utari munsi ya 36yrs ufite gahunda yoguhita yubaka urugo byihuse kubera ibibazo byamateka byabaye Murwanda Umugabo nshaka kuramana nawe agomba kuba adaturuka mubwoko bwakoze Genocide. Mumbabarire simbakomeretse kuko nange nfite igikomere. Abaye arumu Sirikari cg Umupolice byanahimisha cyane kuko ndabakunda. 0789208759
N.B; plz dont try my number when you dont meet the above conditions .
Ntuhamagare nomero yange niba utujuje ibyanditswe. Cantact 0789208759
Thank you
Murakoze
Jye ndumugabo utarahiriwe numugore ariko bitewe nibyo wowe ushaka Kandi najye nkaba mbishaka .twahuza .kuriyompamvu rero Dore nimero yajye twaganiriraho ibirambuye.0787801269
Mwiriwe aba hano. Nanjye nifuje kugerageza amahirwe hano dore ko isi tugezemo abaranga batagipfa kuboneka. Yes ndabizi ko hano haza abafite intentions zitandukanye,ariko nizera ko hari nabantu bazima bashobora kuhaboneka. Muri make rero ndi single mother,utarahiriwe ninkundo, (nagize deception) gusa nkaba nizera ko mu gihe gikwiye uwawe aza. Nifuza umugabo / umusore uri serious ,ukeneye uwo bubakana umuryango. Ndi munsi ya 35, bityo uwo nifuza yakwiye kuba akuze hejuru ya 30 byibuze,ugerageza gutinya Imana,wize ufite ikimutunze, utari babasore bashaka aho gukura amenye, utagenzwa nubusambanyi. Njye nfite munsi ya 35 ans, ndumukristo usanzwe,narize nfite akazi kadutunze,mbese mubuzima busanzwe meze neza, nkaba nifuza kugerageza andi mahirwe yo gukunda tukanubaka. Mumbabarire abashaka abo gusambana ntibazigore banzaho. Nabapfubuzi nunva bateye ntibazigore. Uri kumavi asengera icyifuzo nkicyanjye wenyine ariko uzanyandikira. Email ni nadineineza87@gmail.com
ndi umugabo mfite abana 4 ati natandukanye numugore hashize imyaka ine ati nkeneye umugore ufite imyaka kuva kuri 30ans kugeza kuri 40ans ufite abana ufite ubuzima mbese ufite icyo akora cg akazi kuburyo tuzahuriza hamwe tukazamura urugo rwacu inzobe igikara simbireba mugufi cyane oya aringaniye cg ari muremure ntakibazo.
Niba wumva waza murabo umuhamagare cg umwandikire kuri 0785085265 whatsapp and call
Nawe ushaka umukunzi ndamuguha urishyura nkamugushakira
ndi umugabo mfite abana 4 ati natandukanye numugore hashize imyaka ine ati nkeneye umugore ufite imyaka kuva kuri 30ans kugeza kuri 40ans ufite abana ufite ubuzima mbese ufite icyo akora cg akazi kuburyo tuzahuriza hamwe tukazamura urugo rwacu inzobe igikara simbireba mugufi cyane oya aringaniye cg ari muremure ntakibazo.
Niba wumva waza murabo umuhamagare cg umwandikire kuri 0785085265 whatsapp and call
Nawe ushaka umukunzi ndamuguha urishyura nkamugushakira
Muraho neza!umwaka mushya!.ndumukobwa wimyaka 21 narangije secondary ntakazi ndabona. Ndifuza umuhungu twakundana ufite utukundo kdi uri seriously wiyubaha kuk nanjye ndiyubaha byaba byiza abaye afite akazi kuko njye ntako mfite,atarimugufi,uko yaba asa kose ntakibazo. Nawe niba ubyiyumvamoko twamenyana wanyandikira WhatsApp cg ukampamagara kuri:0789733434
Mwiriwe Ladies,Ndi umusore w’imyaka 40,ndashaka umubwa mwiza ufite igikundiro twakomezanya urugendo rw’ ubuzima, vuba aha bitarenze uyu mwaka nderekeza muri USA guturayo, byarushaho kuba byiza tujyanye cg nkagaruka bidatinze kumujyana. Uwumva afite gahunda yanyandikira kuri viateurnzabonimpa@gmail.com Murakozi Tel nazayitanga yabanje kunyandikira kuri email natanze haruguru. Nifuza umukobwa mwiza uri hagati y’imyaka 25-30. kandi akaba atarabyara.
nitwa kasku siyo mazina nyakuri ndi umusore 30ans 172cm 58kg ndifuza umudamu(wiyubashye) ukunda imibonano cyane niteguye ko uko yakenera kwishima igihe icyo aricyo cyose naba mpari uwaba abyifuza yanyandikira kuri email:umupfubuzi9@gmail.com tugahana contact
Nyandikira kuri email nsengiyapaci@gmail.com
0784718609
0784718609
NDABASUHUJE IN JESUS NAME
NDI UMUGABO 40AGE
NDI VIH +
BITYO NDIFUZA UMUGORE DUHUJE
KUVA KUMYAKA 30 KUZAMUKA
YARASHATSEHO NTA KIBAZO
YARABYAYE NTAKIBAZO.
KUBA AZI KWIHANGANIRANA,GUSENGA,GUKUNDA,KUBAHANA,UKURI,ARARI UMUNEBWE.
URAKOZE WIWE UNYEMEREYE URUGO.
0721130920
Muraho neza amazina yanjye nitwa Eric ndumusore mfite imyaka 29 ndashaka umugore twabana akambera umufasha aho yaba atuye hose kwisi twavugana nkamusangayo umugore nshaka agomba kuba afite imyaka 35 kuzamura iyo waba ufite yose upfakuba urengeje imyaka 35 uwumva ari tayari ya nyandikira kuri
Email,
dorisieric993@gmail.com
Cg unyandikire kuri
WhatsApp 0784070081 ndagusabye niba utari tayari ntiwirirwe Uyandikira
God bless you
Muraho neza amazina yanjye nitwa Eric ndashaka umugore cg Umukobwa uri hejuru yimyaka 35 kuzamura agomba kuba yubaha agomba kuba afite akazi cg afite amafranga aho yaba atuye hose America & iburayi & Asia & Europe & Africa
Njyewe ntakazi mfite ndi umushomeri
Icyitonderwa, njyewe ndashaka uwo twubakana Urugo ntago nshaka uwo Gukunda igihe kire kire
Niba hari uwufite gahunda nyandikira kuri WhatsApp +250784070081
Email, dorisieric993@gmail.com
Muraho neza amazina yanjye nitwa Eric ndashaka umugore cg Umukobwa uri hejuru yimyaka 35 kuzamura agomba kuba yubaha agomba kuba afite akazi cg afite amafranga aho yaba atuye hose America & iburayi & Asia & Europe & Africa
Njyewe ntakazi mfite ndi, umushomeri Mfite imyaka 29 year's Old
Icyitonderwa, njyewe ndashaka uwo twubakana Urugo ntago nshaka uwo Gukunda igihe kire kire
Niba hari uwufite gahunda nyandikira kuri WhatsApp +250784070081
Email, dorisieric993@gmail.com
Mana weeee nsomye ubutumwa bwawe ubwoba buranyica
gusa nagukunze mfite imyaka 29 ntago ntago nagize amahirwe yo kwiga Uko nabyumvishe wagize ibikomere byinshi ariko umbabarire nzaguhoze amarira watewe nibihe wabayemo cg waciyemo, Mubusanzwe njyewe ntakazi mfite ndi umushomeri gusa mfite urukundo nta nimico mibi mfite wenda Nka,ubusinzi & Ubujura Uburaya ibyo byose lmana yarabindinze, kandi nanjye ndi imfubyi nta babyeyi mfite,
nyandikira kuri WhatsApp +250784070081
Email: dorisieric993@gmail.com
Call me 0787318194
muraho nitwa Ally mfite imyaka 25 ndimuremure ndimibiri yombi ndi umu muslim ndifuza umukobwa cg umugore uri hagati yimyaka 21 na 35 twafatanya urugendo rwurukundo ikindi kandi akaba yarize byibuze kuva kumashuri 6 ya secondary kuzamura afite akazi cg c atagafite ntakibazo uwaba abyujuje yanyandikira kuri 0788224647 murakoze
Muraho neza ngye nitwa Mico umusore ukijijwe nkeneye umufasha,umukobwa ukuze urihagati Yimyaka 30-40 ukijijwe ukunda abantu,abaye afite icyo akora byaba byiza,uwumva yiteguye anyandikire 0788813872 murakoze
Enter your comment...Muraho Amazina yanjye sinyavugiye hano kubwimpamvu zumutekano wanjye, mfite imyaka 27 ndinzobe, Nanjye ndifuza Umukunzi uri hejuru yimyaka 30 ndifuza umukobwa wigikara uzi gusabana nabandi (sociable) Kandi yubaha .number yanjye ni 0787048203, ibindi ni kuri phone Murakoze .
Mwiriwe
Nshaka umugore wujuje ibi:
Imyaka 25-32
Diplome:A2 kuzamura
Udaturuka:Bugoyi,icyahoze ari Cyangugu na Burera
Ukunda:Umuryango we akazakunda n'uwanjye
Atanywa inzoga
Uri sociable
N'ibindi
Mfite imyaka 34
Mfite umwana w'amezi 11 akaba yemera kuzamurera igihe azaba atashye agize imyaka 7
NB:Abaye yarashatse ntahirwe cg yarabyaye bimutunguye atari uburaya byaba ari akarusho kuko nanjye urugo ntirwampiriye mbese nkeneye uwo twomorana ibikomere.
Ibindi bisobanuro:manyuku75@gmail.com
Icyo nongeraho uyu mugore cg umukobwa agomba kuba ari imibiri yombi cg inzobe itari ruhaha apima ibiro 57-85,apima M68 kuzamura,kuba yemera ko igihe ubushobozi buhari twatembera;njye ndi imibiri yombi
Helloo ndi umusore mwiza wiyubaha kd usenga gusa simbona umwanya wo gutereta kand nshaka gukora umuryango
I'm 32yrs live in kgl with house and other basics to make family
Umukobwa mwiza kand nawe ufite icyo yagezeho mubuzima anyandikira
Whatsap 0788887211
nknownMay 17, 2021 at 10:38 AM
Hello my name is Mico a saved guy I need a helper, an adult girl in her mid 30s and 40s a saved lover, if she has anything to do it would be great, feel free to contact me 0788813872 thank you
Helloo ndumusore mwiza ujijutse kandi wumusirimu.
1.70m 65kg. Ndi Imibiri yombi ntuye kgl
Nzi gukunda no gutetesha
Ndifuza umukobwa cg umudamu ukeneye uwo bakora urukundo mwibanga rikomeye
Yanyandikira kuri iyi
address ;ngaboe2010@gmail.com
Tubikore nkabasirimu ndahita ngusubiza
Mwiriwe nitwa Nada ndumukobwa MBA mumugiwa kigari ntakazi mfite mfite imyaka 25 ndimibiriyombi sindimugufi sindi namureremure mfite ibiro miringo 65,ndashaka umukunzi ubyibushye bitaricyane ufite akazi keza wubaha utanywa inzoga kuva kumyaka 30:40 utarigeze umugore uzigukunda ibyaribyo ufite gahunda yokubaka urugo ufite urukundo sinshaka umuntuza kumbeshya number whatsapp 0786214494 change nyiranshutibe @mgail.com murakoze
Hi
AMAHORO Y'IMANA ABANE NAMWE
NDIFUZA UMUGORE
TWAFATANYA KURUSHINGA.
MFITE IMYAKA 40
MBANA NA VIH+
MFITE UMWANA
NIGEZE GUSHAKAHO
NDIFUZA UMUFASHA
DUHUJE UBUZIMA VIH+
UKUZEHO
ABAYE AFITE ABANA BYABA BYIZA
YARASHATSEHO NTA KIBAZO
YIYUBAHA,YUBAHA IMANA,AKUNDA UMURIMO
UWUMVA TWABIGANIRAHO
YANYANDIKIRA HANO
muhivurachid@gmail.com
Murakoze Imana ibagirire neza
I need a serious beautiful girl aged 21-30.Having a job and A0,good behavior, socially committed,respecting herself for a serious relationship not for sex,I have a job too she may contact me nteziryayor@yahoo.com then we talk more
Good afternoon, ndi umusore w"imyaka 33 uringaniye 1,80m na 81kgs nkeneye umukunzi uri serious uri hagati ya 23 na 27ans utarengeje 65kgs ufite byibura A2 kuzamura, uwaba afite gahunda yampamaga cg what's app kuri +250785175349, thank you!
ndashaka umukunzi inzobe or imibiri yombi warangije s6 gukomeza; ufite akazi or wikorera
mpamagara kuri 0783798024
ndashaka umukunzi(umukobwa) inzobe or imibiri yombi warangije s6 gukomeza; ufite akazi or wikorera
mpamagara kuri 0783798024
Hi.Emmy Murego mfite 38YEARS.Mfite akazi,narize.Ndifuza umukobwa ukuze witegura gushinga Urugo byihuse kandi wakwemera no kuzajya kuba hanze y U Rda bibaye ngombwa(South Africa).Agomba kuba yararangije Kaminuza kabone niyo yaba nta kazi afite.Atananutse cyane.Inzobe cga Imibiri yombi.Number 0788691096.Be serious please. Use WhatsApp,it's better for me. Thank's.Kuba atarabyara cga afite umwana 1.
Muraho neza?nabasabaga komwarekeraha guhamagara iyo numbe kuko ubwo butumwa ntagaciro bifite.murakoze
Hi.Iyihe number?
iyihe number bareka guhamagara?
ko utasobauye nimero batazahamagara
dusengepasteur540@gmail.com ndahari
Morning bakunzi b umuranga nanjye ndifuza umukunzi umusore ufite urukundo wubaha Imana waragishe kaminuza ufite akazi ufite imyaka 34 kugeza 40 wumva akeneye gukundwa gusa abanesha umutwe mumbabarire 0780830472 whattap
Hello.Ni Emmy Murego ugarutse.Inkumi hano ko zitigaragaza?
Ndashaka umukunzi narize sindabona akazi
Ushaka ko dukundana, waba fite umutima ukunda,ukaba usenga,warize,Kandi ukora yaha ari sawa
Mfite 22 imyaka,ibiro 60,58kg;
Ariko umuntu twakundana yaba atabyibushye Kandi atananutse
Imyaka atarenza twayivugana imbox
Email: sicannerishimwe1999@gmail.com
WhatsApp:0783695444
Telegram:0783695444
Instergram, Facebook,...
Ndashaka umukunzi narize sindabona akazi
Ushaka ko dukundana, waba fite umutima ukunda,ukaba usenga,warize,Kandi ukora yaha ari sawa
Mfite 22 imyaka,ibiro 60,58kg;
Ariko umuntu twakundana yaba atabyibushye Kandi atananutse
Imyaka atarenza twayivugana imbox
sicannerishimwe1999@gmail.com
+250783695444
Nitwa Mr p ndumusore 30 ndifuza umukonwa ukuze 23-28 ufite gahunda yo kubaka,kuba atarinzo cyane,cg yirabura cyane kuba yarize S6, yiga cg yararangije kaminuza nyandikira kuri WhatsApp 0782345330
Ndi umugabo wimyaka 33 mfite umwana umwe ndifuza umukobwa cg umudamu ufite urukundo uzi gukunda kdi ukeneye gukundwa ufite kuva kumyaka 25 kuzamura anyandikire kuri whatsapp 0722408085 tuvugane byinshi byingenzi kdi byatwubaka, murakoze.
Hi.Wowe Mukobwa ushaka kubaka urugo contact me on 0788691096.whats app.Byibuze wararangije secondary school.Uteye neza.ubyibushye bitari cyane.Utazabangamirwa n ubuhanzi kuko nkunda ibintu byo kuririmba.Music.Channel yanjye ni Mr.M47rwa wanayisura.Thank's.Mba I Rubavu.
MUKOMERE!
NDI UMUDAMU
IMYAKA 40
NDIFUZA UMUKUNZI UMUGABO TURWUBAKANA UFITE GAHUNDA NYAYO.
NIGEZE GUSHAKAHO
NAKOZE DIVORCE
MBA I RUBAVU
NDIFUZA UMUGABO
ABAYE AFITE ABANA NTAKIBAZO
ABAYE NAWE YARAGIZE IBIKOMERE MURUSHAKO
BYABA BYIZA
NDIFUZA UMUGABO
UFITE UBUSHOBOZI BWO GUTUNGA URUGO
NDIFUZA UMUGABO UFITE ICYO AKORA
NDIFUZA UMUGABO W'IYUBAHA AKUBAHA N'IMANA.
NDIFUZA UMUGABO UTAGEZWA NIZINDI NGESO URETSE KUBAKA URUGO.
NJYEWE NDI KORERA MUBUZIMA BUTANDUKANYE .
NDARINGANIYE
UREBYE
NDIMIBIRI YOMBI.
UWUMVA TWAHOZANYA TUKUBAKANA
IBITEKEREZO UMURAVA GUKORA GUSENGA BIKATWUBAKA
ANYANDIKIRE
HANO
umuziranengejeannette@gmail.com
Ampe number ye muhamagare
Urakoze wowe ubyemeye
Ndahari Mfite ibikomere nk'ibyawe tuvugane 0781551208
Muraho neza Esther ? ko email yawe itariho se ? narakwandikiye bambwira ko wayifunze wanyandikira kuli jmugisha24@yahoo.com
Hello, nitwa Jack mfite imyaka 28 uburebure ni 1.87cm with 76 of weight.
Ndashak umukunzi ufite hejuru ya 1.60 cm, kd afite hejuru yimyak 25. Ibindi twavugana kuri 0marclema@gmail.com
Muraho neza ndabyujuje wamvugisha kuri 0790566654
murindangabojeanpierre9@gmail.com
Intressante
Ndifuza umusore ufite 35-41ans uzi agaciro kumwanya nurukundo(wahemukiwe)mfite 35ans imibiri yombi ndi munini mba kigali ntakazi mfite muriyiminsi ntanacash mfite uyanshakaho ntanyandikire nkeneye umuntu uri serious murukundo utanyongerera ibikomere byarwo
sorry narinibagiwe gushyiraho My email sandrinetantine496@gmail.com
Hello nitwa Jessy mfite imyaka 28,mfite akazi narangije kaminuza ,mfite uburebure 1,63m nkeneye umukobwa uri serieux cyane murukundo ndetse wumva yakubaka urugo aze dukore umuryango bibaye byiza yaba yararangije kaminuza ariko na s6 ntakibazo ,umukobwa utabyibushye bikabije kndi utansumba nibura tureshya ,afite akazi ni byiza ariko atanagafite ariko akaba Ari umuntu ufite ikintu ashoboye (intellectuelle ) akaba kndi atanywa unzoga yampamagara kuri 0729327122 cg 0785627959 (Whatsapp)
Hello nitwa Jessy mfite imyaka 28,mfite akazi narangije kaminuza ,mfite uburebure 1,63m nkeneye umukobwa uri serieux cyane murukundo ndetse wumva yakubaka urugo aze dukore umuryango bibaye byiza yaba yararangije kaminuza ariko na s6 ntakibazo ,umukobwa utabyibushye bikabije kndi utansumba nibura tureshya ,afite akazi ni byiza ariko atanagafite ariko akaba Ari umuntu ufite ikintu ashoboye (intellectuelle ) akaba kndi atanywa unzoga yampamagara kuri 0729327122 cg 0785627959 +Whatsapp)
Yes Nada
I'm a boy with 21 years
0784230252
Ndi umusore ufite imyaka 23 wiga University I butare nkaba nshaka umukobwa ufite guhera kumyaka 23-kuzamuka ufite urukundo Kandi wize yaba afite akazi cg ntako.uwumwa Ari tayari call me on 0781375579
NDI UMUSORE NASOJE KWIGA KAMINUZA MFITE N'AKAZI. NKENEYE UMUKUNZI, NDASHAKA UMUKOBWA MWIZA UTEYE NEZA KANDI AKABA ARI INZOBE CYANGWA IMIBIRI YOMBI. WAMPAMAGARA CYANGWA UKANYANDIKIRA KURI WHATSAPP 0782055481
Muraho, ndumukobwa utarashatse ariko ufite umwana umwe, nahemukiwe nuwo twabyaranye mpitamo kubaza kurera umwana wange. nfite 36 years, narangije kwiga, nfite akazi, nfite inzu nfite na transport means. ibi nanditse ntibisobanuye ko ndumukire ngo insoresore zose zimpamagare. ngewe nasabye imana kubaka urugo kandi rwiza. ndifuza umugabo tungana mumyaka cg unduta ariko uri tayari gukora ubukwe, yarize kurwego rwa A0 byaba akarusho kuko nta complex yajya agira. afite akazi, ndetse afite nawe afite ibibanze nkinzu. ibindi twazabishaka. afite abana ntakibazo kuko nkunda abana pe. ashobora kuba yakora ubukwe mumwaka utaha 2022 byaba akarusho
N.B: umugabo uri munsi yimyaka 35 ntazampamagare, kuko ndi very strict.
murakoze. contact me on 0790662950. ndabinginze muzabanze musome neza mubone guhamagara ntubona utujuje ibisabwa ntuzampamagare pe. 0790662950
Muraho nshuti nziza nitwa Felix nanjye ndashaka umukunzi umudamu cg umukobwa ufite ubushobozi buringaniye kuko nanjye ndacirirtse gusa nagize ibikomere murukundo ndifuza utanyongerera mfite 35ans,ibindi twabivugana +250788435888
Bonjour nfite 50 ans nshaka umukunzi atarimunsi ya 40 ans akaba afite icyo akora kuko nanjye ndakora.abaye ari intellectuel byaba byiza.abaye umugore ubyibushe ni bon.ndi joni uri tayari yanyandikira kuri pbizumutima@gmail.com
Bon
Muraho ? Nge singiye kwirirwa nca iruhande ndashaka umugore /Umukobwa ukuze ( autour de 25- 50 ans )udafite umugabo wawundi ugera aho yishyura umumara irungu nge ndahari nkamufasha nawe akamfasha kubuntu nta fr bimutwaye icyo musaba kikaba icyuko yareka kujarajara tukajya duhura uko twabipanze kuko nange nagize ibibazo by’urushako bituma mbura uwo dusabana kandi kijya kwiyandarika mundaya simbishoboye ( Ibi mbivuze kuko nziko hari n’abadamu duhuje ikibazo bakenera partenaire ariko bakagira ipfunwe bamwe bakishora mu byabatera akaga byo kugurira abapfubuzi) aramutse yarize, atari umusinzi kuko nange sinywa inzoga, akaba atijena, ikindi aramutse atubutse byaba ari sawa. Si ndi I Kigali ariko ntihambera na kure. Uri interesse yamvugisha kuri hetablet3190@gmail.com cyangwa kuri 0788828649(Whatsapp) cyane cyane mumasaha 7h-5h00 kuko amasaha y’umugoroba simboneka neza.
Merci
Write me through hetablet3190@gmail.com dear. Dupange or Whatsapp 0788828649
muraho neza, ndi umusore nkeneye umukobwa uri hejuru ya 24 imyaka, warangije kwiga ufite akazi
witeguye gushinga urugo hamagara 0728837784 tuvugane murakoze
Yego
Ndifuza umukunzi w umukobwa, imibiri yombi, hejuru ya 1,65 m z uburebure, Atari hasi y ibiro 60, abaye yarize byaba byiza kandi abaye afite icyo AK or a yaba Ari akarusho, agomba kuba adakina , kandi agomba kuba asobanukiwe nubuzima icyo aricyo . uwakumva abyujuje cg abikeneye yanyandikira kuri hafashimanaelier@gmail.com.
Murakoze.
Ndifuza umukunzi w umukobwa, imibiri yombi, hejuru ya 1,65 m z uburebure, Atari hasi y ibiro 60, abaye yarize byaba byiza kandi abaye afite icyo AK or a yaba Ari akarusho, agomba kuba adakina , kandi agomba kuba asobanukiwe nubuzima icyo aricyo . uwakumva abyujuje cg abikeneye yanyandikira kuri hafashimanaelier@gmail.com.
Murakoze.
Nange nitwa ELIZE ndi fille mere wimya 35 yrs ariko gusa umwana lmana yaramwisubije!, narakunze ntibyampira ariko kurubu ndumva nagerageza amahirwe. Ndifuza umusore ukuze mubitekerezo no mubikorwa , wifuza uwo bubakana urugo wiyubaha akubaha lmana hagati ya 35_40 ariko abana na HIV nangenuko ariko akaba afite akazi ngewe ndi umuhinzi kdi birantunze uwakumva ari interested rwose twafatanya kurwubaka mpamagara 0785105682
Yiigo ndahari wampamagara kuri 0785494026
Muraho, nitwa bobu imyaka 32, nkeneye umukobwa twakubakana utarengeje 30yrs old, abaye afite icyakora byaba byiza kurushaho, kdi agomba kuba nibura afite S6,ufite gahunda yambona kuri bobumama001@gmail.com. murakoze
Ndonderera 25779190030
Mba buja, ndi umusore wimyaka 24ans nkeneye umukunzi ufite taille nukuvyibuha bikwiye ariko atari umurengera. Yandondera kuri +25779190030
Muraho, ndi umukobwa 25ans 1.75cm 88kg ndikurangiza kaminuza nkeneye umukunzi 28_32ans 1.69cm or above 70kg or above wize kaminuza ufite akazi Uzi gukunda apana kuntesha umutwe call me 0732078010
Mwiriwe neza ndashaka umukunzi wwmbera umugore ufite akazi Kandi ari muremure akaba ataruwo kunkinisha uwakumba yujuje ibisabwa yampamagara cg akanyandikira kuri 0729067339 cg frodouardmanirakiza4@gmail.com
Umukobwa mwiza, wize kaminuza, ubana n'ubwandu bwa Sida, ufite uburyo abayeho, adafite ibilo byinshi (mince). Uwo niba ashaka kubaka ndamushaka. Sinifuza umwe usuhuza bugacya agutura ibibazo.
Mwaramutse,ndumufille mere mfite imyaka 24 ndashaka umukunzi kuva kumyaka 28 kuzamura.
Mwaramutse,ndi umufille mere mfite imyaka 24 ndashaka umukunzi kuva kumyaka 28 kuzamura.ubishaka yanyandikir kuri email buwase208@ gmail. Com
Mpamagara kuri cg unyandikire kuri WhatsApp kuri 0785073590
Ndiyo. Inbox me hetablet3190@gmail.com. ndagushimisha
Muraho neza ndumusore wimyaka27year 1,65 ndashaka umukunzi ubyifuza asobanuze kuri 0781125899
Mwiriwe. Ndi umuhungu wimyaka 39.Nta mwana mfite. Nize kugeza kuri Masters. Mfite akazi gaciriritse. Ndi taille moyenne.Ndi calme Ndi umu katolike. Ndifuza inshuti y'umukobwa ngo twubake,urikuba yarize, ari umukristu, yiyubaha. Nyandikira kuri nishimwe11991@yahoo.com murakoze.
Muraho neza!ndi umugabo w'imyaka 38 nkeneye umugore ufite imyaka iri hagati ya mirongo 35 na 45 akaba yubatse ariko atarahiriwe mu rushako kuko najye niko mbayeho tukaba twakwifatanya tukamarana umubabaro.Uwabishaka yanyandikira kuri email hpimonpierre@gmail.com. ibindi tuzabiganira.
26years old
Nitwa Mustafa nasoje secondary School ariko ntakazi mfite nkaba I am 25.nkeneye umugore ufite ifaranga wajya anyitaho nange nkamuba hafi.0787547178
07285091093
Muraho neza!ndi umugabo ,njyewe nkeneye umugore ukuze twakwimenyanira ufite uko abayeho kuko nange mfite uko mbayeho tukaba twakwifatanya tukimenyanira byabakuze .uwabishaka yanyandikira kuri email higiroernest1@gmail.com. ibindi tuzabiganira.
Muraho! Ndi umusore utuye Kigali, mfite akazi. Ndifuza umukobwa cyangwa umudamu twakundandana. uwumva yajya murukundo nange yampamagara cyangwa akanyandikira kuri whatsapp 0782055481.
Muraho neza!
Ndashaka inshuti yamviramo umukunzi w'ahazaza tukubaka umubano ufite intego yo kubaka urugo.
Nkaba nshaka umuntu w'igitsinagore uri mu kigero cy'imyaka 35 na 45,udafite umugabo kuko singendereye gusenya ingo z'abantu.
Nanjye ndakuze muri icyo kigero navuze haruguru.
Uwakumva afite intego zisa n'izanjye adakina yanyandikira kuri iyi adresse: gashemajules@gmail.com
Ubundi tugahana izindi contacts tukaganira birambuye.
Murakoze.
Muraho!
Ndashaka umuntu w'igitsinagore wambera inshuti yavamo umukunzi w'ahazaza ufite gahunda yo kubaka
Uri hagati y'imyaka 35 na 45,udafite umugabo kuko singambiriye gusenya ingo z'abandi.
Uwasanga duhuje intumbero yanyandikira kuri iyi adresse:gash gashemajules@gmail
Tugahana izindi contacts tukaganira birambuye.
Murakoze.
Nitwa murekatete mfite imyaka 25 ndinzobe ndabyibushy bidakabije mfite 1m65cm mfite umwana nkaba nifuza umusore wankunda knd ufite gahunda vuba kuva kumyaka 28-35 agomba kuba afite akazi knd azigutetesha Nb:ntago nasoje segonderi knd bibaye akarusho yaba arumusirikare gs nabandi ntimuhejwe
Murekatete mvugisha 0782055481, kuri whatsapp cyangwa umpamagare
Mbanje kubasuhuza,nitwa dovito,mba ikigali,mfite imyaka 39,mfite ubwandu bw'agakoko gatera sida,ndifuza umukunzi ufite ikibazo nk'icyanjye!wampamagara kuri 0788352242
muraho neza nitwa john ndashaka umukukunzi , mfite imyaka 65 , nkaba mbana n'ubwandu bwa sida . ndi umuhinzi , ndashaka uwo twaba duhuje ikibazo kandi uri hejuru ya 50, mwahamagara kuri 0783082546
Hey nitwa Sara ndashaka umugabo wimfura ubyiyiziho Uzi gukunda icyaricyo nukuri I need man to treat to cherish to give true love, I know isn't easy I hope nzakubona wanyawe, I have separeted with my husband coz of beating me, so niba ufiteimyakq 30 kuri 45 nakwemera uri muremure170cm kuzamura waburinzobe cg black fine, wize ufite job byiza cyane for me I'm 26yrs 168cm nteye neza pe, gusa nshakumuntu uri serie,gusa ntuneshe umutwe wowe ukina rwose ntacyo nakumarira and I have 2kids nabana na Se no matter if you have kids too. Call me +250787615103
Ndagukeneye call me 0781125899
Nitwa alex mfise imyaka 27 nshaka umukunzi afise imyaka 22 kugeza 26 uwubishaka yompamagara kuri + 27 671217722
nyandikira kuri philsboga@gmail.com NIMBA URUMUKOBWA MWIZA twisungane twishimishe. Nzajya nkwishyura neza.
nyandikira kuri philsboga@gmail.com
Hello nange ndi umusore wimyaka 24ans,ibiro 79kg , 1.80cm
Nibwonkirangiza kaminuza ntakazi ndabona.
Nkeneye umukunzi twakundana mpaka tubanye.
NB : agomba kuba atuye kgl,apima 1.70cm
Ubyibushye hasi mbega ateye neza, imyaka 18-25.
Whstsapp 0786720462
Nitwa ndayizeye Elie ntuye rubavu ndumusore nshaka umukunzi yaba yarabyaye yaba atarabyeye ntakibazo uwo twabanda mfite akaz
Hello talk to me 0780454485
Umugore ukeneye umusore wimyaka 27 Uzi icyo Umugore akeneye kurusha ibindi uwomugore abe afite imyaka 30_35 kandi abe yitunze talk to me on elimupampe@gmail.com
Hi Guyz.Nd Umusore ukuze 39yr,mfite akazi kanyinjiriza 250k buri kwezi,nkaba mfite n inzu.Ndifuza umukobwa uri tayali kuba yakubaka bidatinze.Agomba kuba yararangije kwiga byibuze secondary school.University ni akarusha.Send me a sms on 0782201415.Plz,nshaka umuntu uri serious,apana ushaka kuryoshya.
Post a Comment