Hi.Ese Abakobwa hano ko mwabuze bite.Watsapp me on 0788691096,niba uri Umukobwa witeguye kubaka Urugo,ugateteshwa bidasanzwe.Ariko ugomba kuba ufite hejuru ya 25ans,wararangije byibuze secondary scool with degree.Ubyibushye bidakabije.Ngwino ndi tayari.Ndakuze nariteguye.Icyo ntafite wenda n Imodoka,ariko nayo yazaboneka why not.
Hello, am 36 years old and a Businessman. I need a serious girl who is ready for marriage. Being brown, not too fat an not tall is an added value but she must be educated (at least a high school education or university). I will appreciate more If you have a knowledge about ICT.
Kindly, E-mail me your phone number on cityhuntergroup@gmail.com
Ngewe nshaka umudamu uri hejuru ya 35ans kuzamura utabona ibyishimo byo muburiri kurwego abikeneyeho ampamagare agomba kuba ari I Kigali kandi atari babandi baba bashaka gutesha umuntu umutwe,call/WhatsApp 0789931850
Hello there, I am looking exclusively for wealthy & healthy independent ladies (i.e., either divorced, unmarried or single mother), who need a contract partner (a gentleman), to set them free from daily work/job stresses & strains, and who really want to get themselves rid of loneliness, with total care and satisfaction of their libidos. however, be reminded that i am talking serious business here, this is no joke or messing around...only serious ladies know exactly what i mean buy that.
Any interested independent ladies can text me through my outlook email address(lorenzo4820@outlook.com), and will discuss more details such as the price and on how to meet up and so forth, and we can do business.
NOTE: -If you're not at least 25 years old, do not waste your time. -If you're not ready for STDs test and protected sex, do not waste your time. -If you don't either live in Kigali or cannot make to Kigali, do not waste your time. -If you're not discrete about business do not waste your time. -If you cannot help it meeting up during the day time, don't waste your time. -Only payment method accepted is cash.
Now independent ladies, let's get into it, and i promise you that you'll ever cherish the moment we had together. Thank you!
Hello! Hari umukobwa ufite hagati ya 33 na 36 ans ngo anyandikire sms kuri 0790048369 hanyuma tuvugane niba akeneye kubaka atari ugutwika ibi byateye. N'umufille mère nta kibazo atarengeje 3enfants kdi yiteguye guhita ashaka mu mezi atatu. Abaye afite icyo akora byaba ari akarusho. Merciiii.
I'm 21, I need a serious girl to befriend, she should be brown, and me I'm not too brown(mixed color). Singombwa ko aba afite akazi niyo yaba acyiga, kuko nanjy niga ubuganga muri kaminuza. Uwumva afite gahunda ifatika WhatsApp cg call kuri 0783250055 Byaba byiza atanywa inzoga ,🙏🙏🙏
Nitwa Ange ndi divorce avec 32ans A0muri Accounting nta kazi mfite ndikorera mfite umwana1 nkeneye umusore uri hejuru yimyaka 30ans uwumva ari interested my phone number 0788837927 ntawe nkeneye wo kunkinisha
Hello nyita Jay ndashaka umugore uri serie kuva kumyaka ,30 kuzamura gusa ufite uko abayeho njye mfite 22 uwumva ari tayali 0788629956 amvugishe apana ukina niyojayjado@gmail.com
Hello Ladies am male my name is Xxx i have 35years i have bachalor's degree but no occupation i live in Kigali i need woman to enjoying life only not to be man and woman range of age from 28 to 40 someone interested writte me short message on kubanagusa@gmail.com
Nitwa Mary ntuye huye mfite umwana 1 mfite imyaka 32 amashuri 6yisumbuye ndikorera nkeneye umusore,cg umugabo uri divorce hejuru yimyaka 30 uwumva twahuza karibu muhe urukundo ni ya tel 0786379057/0726917448
Nitwa Alex ndashaka umukunzi w umukobwa warangije University wubuaha Imana mwiza Kanda ufite imyaka hagati ya 25-30 uwaba interested yampamagara 0782630434
Muraho, ndifuza umukunzi uri serious! Umusore uri hagati ya 35-40 years, arengeje 170m , akaba nibura afite A0. Uwumva ari interested yanyandikira kuri uclemence451@gmail.com.
Nitwa kubaho, nshaka umukunzi kuva kuri 21-30 wumukobwa. Witonda, azi gukora , nibura yarize secondary. Azi guteka nokwiyitaho. Ntamafaranga musabye, cyakora kuba Ari umuntu ubayeho mubuzima yifuza guhindura. Byasaba ko akunda businesses cgwa ashoboye kuba yakwiga . Kuba Ari yirabura byaba byiza. Aramutse abona Ari mwiza ni akarusho. Utabyibushye Kandi atarengeje 1.70. yumva afite urukundo nibyiza kuko njye ndikorera. Yaba imfubyi, umukene ibyo ni quality kuri njye. Yanyamdikira kuri kacyiru2022@gmail.com
Nifuza umukunzi w'umumama ufite kuva kumyaka 28 - 40
1. Kuba ari umunyarwanda 2. Kuba ari umukristo 3. Kuba afite urukundo 4. Kuba akunda abantu muri rusange 5. Kuba yakora akazi Kose gashoboka 6. Kuba yakwemera kumbera mama wabana banjye
Uwumva ibyo abyujuje anyandikire kuri 0728291667 kuri WhatsApp
Muraho, ndi umu fille mere mfite umwana w'umuhungu ufite 5ans .ndifuza umukunzi . Ufite imyaka 35kugera kuri 45.abaye nawe afite umwana mbyaba Ari byiza.ariko agomba kuva Ari selieux.njye mfite imyaka 29 ,ndabyibushye ndi imibiri yombi.uwakumva afite gahunda yamamafara kuri 0726688873
Mwiriwe , nibwo nagera kuri iyi blog Gusa nishimiye ibihakorerwa . Ndifuza umukunzi wumukobwa wumva afite gahunda yo kuba yakunda Umuntu imyaka Yaba afite iyariyo yose amafaranga Yaba afite yose ntacyo bivuze apfakuba afite urukundo niyo Yaba yarabyaye ntakibazo I'm Justin if you interested call me or text on WhatsApp
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Uwumva twahuza yanyandikira kuri E-mail:munda2020@gmail.com
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Uwumva twahuza yanyandikira kuri E-mail:mundanikure77@gmail.com
Hello ndi Francois 34years old Mfite a0 muri IT information technology Ndashaka umukobwa wize nawe kandi ufite akazi ntuye Kigali kandi Mfite akazi nanjye uwaba yiteguye ari serious kandi ari hagati ya 33 kuzamura kugeza 45 umpamagare kuri +250783865225 ninayo WhatsApp yanjye nkoresha English ,French and kinyarwanda
1,021 comments:
«Oldest ‹Older 401 – 600 of 1021 Newer› Newest»Muraho.Nitwa Muhirwa ,ndashaka Umukobwa twakisungana tukubaka urugo mu gihe gito,nko muri 3mois.Mfite 39ans,ndakora,nkaba nifuza umukobwa warangije byibuze secondaire,ariko nawe akaba afite byibuze plus de 28ans.Contact me on watsapp 0788691096.Thank's.
MUTABAZI CLOUDE
MFITE IMYAKA 40
MBANA NA VIH+
NDIFUZA UMUFASHA DUHUJE UBUZIMA.
UDASHINGIYE KUZINDI NYUNGU ZOSE
URETSE KUBANA GUSENGA GUKORA NOGUSHAKISHA IBYO TUDAFITE BUIZA.
NDAKWIZEJE UBUDAHEMUKA WOWE TWAHUZA.
IMANA IBANE NAWE.
NYANDIKIRA KURI mutabazicloude292@gmail.com
Umukobwa cg umugore ucyeneye umuswera neza yampamagara 0786156543
Nitwa Patrick ndashaka umukobwa ufite gahunda witeguye kunkunda byukuri afite imyaka 25 kuzamura
Nitwa Patrick ndashaka umukunzi ufite gahunda ufite imyaka 25 kuzamura phone number ni 0788867098
Hi.Ese Abakobwa hano ko mwabuze bite.Watsapp me on 0788691096,niba uri Umukobwa witeguye kubaka Urugo,ugateteshwa bidasanzwe.Ariko ugomba kuba ufite hejuru ya 25ans,wararangije byibuze secondary scool with degree.Ubyibushye bidakabije.Ngwino ndi tayari.Ndakuze nariteguye.Icyo ntafite wenda n Imodoka,ariko nayo yazaboneka why not.
Hello! Umugore cq umukobwa ukeneye umusore umwitaho akamugusha neza muburiri akaryoherwa nawe amenya namvugishe WhatsApp 0738983817. Abakina simbakeneye
Hello, am 36 years old and a Businessman. I need a serious girl who is ready for marriage. Being brown, not too fat an not tall is an added value but she must be educated (at least a high school education or university). I will appreciate more If you have a knowledge about ICT.
Kindly, E-mail me your phone number on cityhuntergroup@gmail.com
Uraho neza ndumva twahuza 0789171550
Muraho nitwannitwa Iradukunda Honore ndifuza umukobwa winzobe muto muto witonda twafatanya urugendo rwubuzima.abaye yarabyaye ho ntakibazo . namukunda cyane bihebuje. Ark akaba atambeshya kuko narabeshwe kenshi .njyewe njyira urukundo rwinshi. Wumva twahuza 0789171550 iri kuri watsap tukaganira murakoze
Ufite gahunda ambwire nitwa rugamba ndi umusore nshaka umukobwa nawe ufite gahunda bibaye byiza yaba afire occupation ibindi yampamagara kuri 0789785864
Ndi umusore,nasoje kwiga Kaminuza. ndashaka umudamu twakundana (Shuga mummy) tukajya twiryohereza nkaguha ibyishimo. Wanyandikira kuri Whatsapp cyangwa c ukampamagara 0782055481
Hy, my name is Jaffar. Me also I need a girlfriend which from kigali. Who is ready Whatsapp me on +250780639101.Plz Whatsapp only.
Ndahari ariko ntamwana ngira hanze 0788448150 call me WhatsApp
Hello nitwa David ndifuza umukunzi ufite 35 -45 njye mfite 30 number ni 078676061
Call me 0789931850
Ngewe nshaka umudamu uri gejuru ya 35ans utabona ibyishimo byo muburiri anyandikire or whatsap me on 0789931850
Ngewe nshaka umudamu uri hejuru ya 35ans kuzamura utabona ibyishimo byo muburiri kurwego abikeneyeho ampamagare agomba kuba ari I Kigali kandi atari babandi baba bashaka gutesha umuntu umutwe,call/WhatsApp 0789931850
Uzumva akeneye umusore wo kumumara irungu azanyandikire kuri frodouardmanirakiza4@gmail.com ubundi tubyumve kimwe
Hello!
Ndi umusore,Nanjye ndashaka umukunzi, ariko uwo mukunzi hari ibyo agomba kuba yujuje, kuko nanjye hari ibyo nujuje.
uwo mukobwa agomba kuba:
1.Ari hagati y'imyaka 18-29
2.kuba nibura yararangije secondary
3.kuba yiyubaha
4.kuba ari mwiza nawe abyiyiziho(kuko nanjye sindi mubi)
ibi niba ubyujuje don't hesitate to contact me on ngabof82@gmail.com. Fore more details
Nitwa Sophie mfite imyaka 30, ndifuza umusore cg umugabo waba atakiri kumwe n'uwo bashakanye ufite urukundo muri we,ufite gahunda yo kubaka,ngewe mfite gahunda sinkunda ibintu by'iteshamutwe ufite gahunda niwe wambwira wenyine,mbana n'ubwandu bwa virus itera sida,uwumva duhuje yaza tukisungana.Murakoze
Nshaka umukobwa cg Umugore ufite umwana,NDI umuganga, nshaka umuntu umpa care mbese nkemera ,0790916266
Hello! Nitwa Muhire. Ndashaka umukobwa ufite urukundo. Simvuze byinshi uwumva adakina, dore inomero 0780760808
Ndifuza umukobwa wujuje ibi bikurikira:afite hagati y'imyaka 26-30,afite 1m68cm,afite byibura amashuri yisumbuye kuzamura,afite akazi,atuye mu ntara y'amajyepfo kandi afite gahunda yo gushinga urugo,uwumva abyujuje yanyandikira kuri whatsapp +250788957464
Ko mbona iyanjye itabaye published
Nitwa ishimwe Nowell fite imyaka30ndumufiyemll ndirabura ndifuza umukunzi ufite imyaka 30/35ufitakazi Kandi ikujijwe
0724691993
Nitwa Liliane ndi umukobwa w’imyaka 25 mbana na HIV ndifuza umusore uri serious twabana tukubaka umuryango agomba kuba nawe abana na Vih kuko nakunzwe nabenshi tudahuje bikangora kubahakanira,mfite ubuzima bwiza narangije Kaminuza mfite akazi kampemba neza i Kampala ariko mbonye uwo duhuza nahita ngaruka mu Rwanda.
Uwanshaka yahamagara cg akandika kuri whattsap +256751795156
Hello there,
I am looking exclusively for wealthy & healthy independent ladies (i.e., either divorced, unmarried or single mother), who need a contract partner (a gentleman), to set them free from daily work/job stresses & strains, and who really want to get themselves rid of loneliness, with total care and satisfaction of their libidos. however, be reminded that i am talking serious business here, this is no joke or messing around...only serious ladies know exactly what i mean buy that.
Any interested independent ladies can text me through my outlook email address(lorenzo4820@outlook.com), and will discuss more details such as the price and on how to meet up and so forth, and we can do business.
NOTE: -If you're not at least 25 years old, do not waste your time.
-If you're not ready for STDs test and protected sex, do not waste your time.
-If you don't either live in Kigali or cannot make to Kigali, do not waste your time.
-If you're not discrete about business do not waste your time.
-If you cannot help it meeting up during the day time, don't waste your time.
-Only payment method accepted is cash.
Now independent ladies, let's get into it, and i promise you that you'll ever cherish the moment we had together.
Thank you!
Mwiriwe ndi umugabo winyaka 31nkabashaka mumugore cy umukobwa uhijuru yimyaka 26 kugeza 30 twabana ufite ibikomere murukundo kuko nanjye nuko nimero wambonaho0783734413whatsapp ubishaka agomba kuba afite iriya myaka navuze afite icyo akora icyaricyo cyose njye phone repairer ibindi twavugana njye nawe sinkombwa hano
Muraho neza?Niba mutaramubona mwanyandikira kuri doudoumugwaneza@gmail.com.murakoze
Mwaramutse ndashaka umugore cy umufie mere kuko nanjye nigeze umugore biranga aragenda ndifuza ubishaka wese urengejeimyaka 25 akazi singombwa icyangwobwa nukubahana ubishaka yambona kuri 0783734413cya0889710583 ziba Kiri whatsapp murakoze
Mwaramutse ndashaka umugore cy fie mere unva Shaka umugabo banana ubuzima bwose yaba afite akazi cyangwa ntako njye ntakibazo icyitonderwa agomba kuba arengeje25kugeza 30 nimero wambonaho 0783734413 cy0789710583 ziba Kiri whatsapp cyangwa ukambamagara
URI rubuga ruracyakora or not
Hallooo nitwa gwiza nshakà umukunzi ufite urukundo rwukuri tukubaka umuryango umusore ukuze kuva kuri 38yrs kuzamura wirabura muremure kuko ndi imibiriyombi ndi muremure mfite1,70m bya byiza tureshya cg ansumba ufite akazi katunga urugo kuko njyewe ubu sindakabona amashuri sikibazo apfa kuba ajijutse abaye Ari garcon pere ntakibazo my email ni fannuwa07@gmail.com uwuri serious anyandikire muhe contact tuvugane
Ndi gwiza ndashaka umukunzi
Nitwa Gaba Élie ndashaka umukunzi w'umukobwa CG umugore ufite gahunda hagati y'imyaka 24-35 wize niyo yaba afite umwana ntakibazo. Marie mfite akazi. Yahamagara 0729076766 tukavugana
Hello mwese shalom ndumusore w'imyaka28 ndumuhanz wa gospel nshaka umukunzi vyoba vyiza y'ubaha Imana kuko nanje ndayubaha washigikira mugikorw co kuririmba tugashikana kure naw wathap+257 69090943 ayandi makuru in box
Nitwa Byiringiro Davide Ntuye mumugi wa Musanze ndifuza umukobwa kuva 30 yrs kuzamura ukeye urengeje 1,65cm mfite 38 yrs mfite inzu yanjye kdi nziza bibaye byiza yaba afite icyo akora tugafatanya .
Ubishaka yambona kuri what's 0783102950
Ni Byiringiro Davide Ntuye mumugi wa Musanze ndifuza umukobwa kuva 30 yrs kuzamura ukeye ufite 30 yrs kuzamura ufite 1,65cm kuzamura byaba byiza afite icyo akora kuberako nanjye nkorera leta ndubatse mfite inzu yarize byaba byiza kurushaho niyo yaba afite umwana ntakibazo akaba yiteguye guhita yubaka urugo niteguye kumutetesha ntakibazo ubyifuza 0783102950 what's
0783207405
0725899075
Murakoze
Hello nange nshaka umukunzi ufite gahunda nyandikira kuri email. niyigenissa17@gmail.com
Ubahe
Hello ndashaka umukunzi mfite imyaka 27 umukobwa ufite uko abayeho kuko njye ndumucyene arko mfite urukundo uwakumva yanyemera yambona kuri laurenthabimana4@gmail.com
Nitwa oscar,ntuye muri kenya,ndashaka umukunzi kuva kumyaka 30 kuzamura afise abana ntakibazo nanje ndabafise ariko ntitubana ,ategerezwa kuba yarahejeje secondaire canke university.
Mfise niveau licence,mfise 45ans ,
Ndashaka umukunzi w'umugore/ Umukobwa urengeje imyaka 30 ufite Gahunda yo kubaka. Ari inzobe, muremure kandi abyibushye. Abaye afite akazi byaba byiza kuko nanjye ndagafite gaciriritse. My contact 0724568084. Iri no kuri WhatsApp
Umugore CG umukobwa ufite 28-40 ushaka umunezero nurukundo kd uri mû majyepfo uzi gukunda icyo bivuze ufite cash udakina KD utajarajara twavugana watsap 0788775263
Hello nshaka umukunzi(Umukobwa cg umugore uri divorce utarengeje imyaka 30. Yanyandikira kuri email:nziyojean12@yahoo.fr
Mwaramutse neza?Nitwa Celine ndi umuntu wahuye n'ibikomere byinshi cyane mu rukundo,ndetse nari naratekereje ko ntazasubira gukunda ariko igihe ni iki,ndifuza rero umukunzi,Uzi gukunda icyo aricyo,Uzi gutetesha,uha agaciro n'umwanya umukunzi we,wiyubaha akubaha n'Imana,mfite imyaka 29,agomba we kuba ayirengeje,mbana na HIV nawe byaba byiza ayifite tukihuza,mfite akazi nawe byaba byiza afite icyo akora.uwumva Ari tayari yanyendikira kuri email uwamaceli123@gmail.com.Murakoze.
0788216434
0788216434
0784654093
Hello, NDI umusore ndashaka umukunzi cg uwambera umugore, my WhatsApp number is 0789663818
Ese ko mutaba abatanga buhamya
Mwaramu ndumuga bo wimyaka 32 ndashaka umukunzi umukobwa ukuze utarenze 35 abaye
Mwaramutse ndumugAbo wimyaka 32 ndashaka umukobwa ukuze utarejyeje 36 abaye afite ico akora byaba aribyiza atuye ikigari arinzobe cg imiriyombi jyewe ndigikara atarimugufi ataybibushye a.mbamagare 0781533902
Hello? ndashaka umukobwa mwiza cg umugore uteye neza muremure kdi atananutse wize ufite A0 or A2 ntakibazo uwo nifuza agomba afite between 25-37 years intego niyo kujya twungurana ibitekerezo tukajya turyoshya ntabindi birenze kuko ntakibazo cya cash mfite, uwumva ari interested yanyandikira kuri email: julesneza21@gmail.com
Mwiriwe neza ndashaka umukobwa cg umu fille mere uri tayari yamvugisha kuri telephone cg email
Telephone 0781175285
Email: elieb4157@gmail.com
Miraho neza ndakwifuza bishoboka wanyandikira Kuri 0786246356
Hello!
Hari umukobwa ufite hagati ya 33 na 36 ans ngo anyandikire sms kuri 0790048369 hanyuma tuvugane niba akeneye kubaka atari ugutwika ibi byateye. N'umufille mère nta kibazo atarengeje 3enfants kdi yiteguye guhita ashaka mu mezi atatu. Abaye afite icyo akora byaba ari akarusho. Merciiii.
Text or call me on 0788946658
Nitwa Josiane ndi umukobwa w'imyaka 22 nkaba nifuza umusore ukuze ufite gahunda,usenga,ufite urukundo rw'ukuri twabana akambera papa w'abana bange uwumva afite gahunda yampamagara cg akanyandikira kuri WhatsApp numéro yange ni 0790860415.
Hi ndi umusore ufite 31 years mfite umwana umwe ufite 10 years gusa aracyaba kwa nyirakuru ndi umwe mubacunga umutekano nkaba nifuza umukobwa cg umugore hagati ya 25-29 ufite umwana 1cg2 gusa, tugafatanya kurera byaba byiza tukunguka nabandi bibaye byiza yaba atuye Kigali cg munkengero ubaye ubonetse wampamagara kuko bigoranye gusubiriza hano the numero zanye ni 0781209380 , 0789761139 Thx.
Nange ndi umusore imyaka31 ndaringaniye imibiriyombi narize ariko ntakaki umukobwa cga umudam ufite uko abayeho ukeneye umushimisha mu ibanga anyandikire WhatsApp 0722417417
Mwaramutse neza ndashaka umugore cyangwa umukobwa twakwibanira ukuze ufite hagati ya 35 na 40 ans wifuza kubaka agomba kuba afite taille ntoya afite 55 kugeza 65kg yirabura cyangwa Ari inzobe nta kibazo aramutse afite abana batarenze 2 nabyo nta kibazo nibyiza ko yaba afite icyo akora kugirango tubashe gutunga umuryango. Kandi akunda Gusenga kuko nanjye nkunda gusenga.Mpamagara 0784815517ariko ndashaka amuntu uri serious please abaza kumvira abantu ubusa bo sinshaka rwose Murakoze!
0790112810 Muraho neza mwese. ndabizi ko bigoye kubona umugabo cg umugore kuri Social meadi. ariko ikinteye kwandika ano nuko nge ntamuryango ngira ngo bazandanga, kandi ngo uwabize umuranga yaheze munzu. none ndasaba uwaba abishoboye ko yanshakira cg yandangira UMUGABO wujuje ibi bikurikira.
1. kuba afite imyaka hagati ya 40 -50
2. kuba afite abana batarenze 2 nakarusho kuko nange nfite umwe
3. kuba afite gahunda yo kubaka urugo nibura bitarenze impera zuyumwaka. kuko kuruhande rwange ibikenewe byose birahari
4. kuba nibura yarize kaminuza byaba arakarusho kuko nange narayize
5. abaye ari divorced, cg umupfakazi, cg atarashaka byose ntakibazo gusa apfa kuba ntamugore wisezerano afite. kuko sinkunda induru
6. Abaye arumusirikari, cg yarabaye we, cg arumupolice. cg yarabaye we byose byaba arakarusho kuko ndabakunda cyane.
N.B: rwose ndabizi abantu basobanutse abenshi ngo ntabwo bandika cg ngo basome hano. ariko haramutse haruwo muzi rwose mwaduhuza byazacamo nazakwishyura ayubukomisoneri ngewe ntakibazo. icyo nshaka nukubaka nange nkagira umuryango. mwampamagara kuriyi nomero 0790112810 Murakoze
Jewe ndahari ariko ntuye muri kenya.mfita 45 ans ,mfita licence muri droit kandi mpaye niga ubuganga,naragize divorce abana mfise batanu ariko bose bari kwa nyina wabo ntanumwe mfise ndibana.
Nimba tuvyumva kumwe nyandikira kuri email :oscaryamba22 @gmail. Com canke whatsap +254 739346 174
Ndi umugabo utarahiriwe nurushako kuko natandukaanye n'ubwo twashakanye mfite imyaka 48 mfite akazi gahemba ku kwezi nta burwayi budasanzwe mfite ndifuza umukunzi waba afite ibibazo nkibyange wize ufite A0 CG A0 Ufite akazi cg wikorera utari munsi yimyaka 35 Kandi utarengeje 45. Mpamagara cg un yandikire 0782682729
Nyandikira kuri WhatsAp 0722417417
Nange ndi umusore ukuze ndakora ariko nta number washyizeho baby iyo ni WhatsApp ariko wanampamagara0722417417
Ndahari nyandikira kuri hakorijepi662@gmail.com
Muraho neza nanjye ndi umusore ndifuza umukobwa wiyubaha kdi Uzi gukunda icyo aricyo kdi utari umwana kuko njyewe ndengeje 30 ndifuza umukobwa uri hagati ya 25-28 kdi yarangiye kaminuza afite akazi yiteguye kubaka nyandukira kuri email murindwaanne@gmail.com
Nyandikira kuri whatsapp dupange0725052289
Hello nitwa Jure ndumusore mfite 34ans ndifuza umuntu wigitsinagore twakubakana niyo yaba afite umwana utarenze umwe.nyandikira kuri manzijure@gmail.com
Muraho! Ndashaka umukunzi nitwa James.Ndi umugabo,nkaba nshaka umugore cyangwa umukobwa ufite uko abayeho urihejuru ya25ans.wumva ashaka umukunzi yambwira. Arikosinshaka uwokubana nshaka uwo tuzajyatuganira nkumva ndaruhutse Arikonifuza inshuti nafungurira umutima bibaye byiza asenga byadufasha gutegura urugendo turimo mwisi. Dufatanyije murakoze uwumva bishoboka yanyandikira kuri misigaro86@gmail.com. Murakoze
Hi umez Ute?nitwa jmv ndumusore wimyaka 23 nifuzaga umukunzi wumukobwa unanutse arinzobe byaba akarusho ucyeneye kuryoshya utarengeje imyaka 25 Wana warabyaye ntakibazo nibuhari tel:0780200749
Hello wanyandikira kuri email ndasmartin@gmail.com tukavugana
Hello ndi umugabo mfite imyaka 33 ndashaka umugore twazajya tuganira tukamarana irungu uwaba ubyifuza yanyandikira kuri ndasmartin@gmail.com murakoze Kandi akaba Ari hejuru yimyaka 30
Hello, ndifuza umukobwa wize kaminuza, imibiri yombi, afite hejuru ya 35, akunda gusenga, njyewe naratandukanye
Yanyandikira kuri kayigavestine@gmail.com
Muraho neza nitwa uwimana ezira nuye Kigali nka mpfite 26 years ndi ingaragu ndashaka umukunzi wambera umugore najye nkamubera umugabo umukobw w, inzobe imyaka 20_28 utari muremure address uwimanaezira@gmail.com telephone 0786616937murakoze.
Nitwa bazima Samuel ndifuza umukunzi ufite gahunda afite akazi kd ushaka kubaka bitaribikino umukobwa wenzobe umuremure utarengeje imyaka 28 kumanura
Ndifuza umugore uri divorce akaba atarengeje imyaka 36. Yanyandikira kuri jnziyomaze@hotmail.com
Muraho ngewe ndasha umugore cg umukobwa twajya turyoshya gusa
Kndi afire ikofi ibyurugo mbona nabantanze kuzubaka byaranacanze
WhatsApp 0781935935. Ntihagire umpamara ankinisha
Call me on 0789921554 I’m ready
Nshaka umukunzi wumukobwa utarengeje 21ans, mfite akazi mfite A1 nimyaka 22ans, kandi ndi igikara, ndeshya na 175cm, call 0789921554 if you’re ready
Hello, Nitwa Hirwa Anthony mfite 23 ans nshaka umukunzi wumukobwa, mfite akazi keza kandi ndikwiga ikiciro cy 2 cya Kaminuza(A0) ndi Igikara,mfite 175 cm, ngira isoni kandi nkunda abantu cyane, birangora kuapprochinga umuntu iyo ari ubwambere, call/Watsappp:0789921554
Muraho.nitwa Manzi ndifuza umukobwa twakundana udakima uzi urukundo icyaricyo kandi uri serieuse.agomba kuba atuye mumugi wa kigali yampamagara kuri0733290488
Muraho neza? Singombwa ko nivuga amazina, ndi umusore muremure ariko atari cyane wa 172cm, Narangije kaminuza icyiciro cyirenze icyambere, gusa ndashaka umukunzi, Ndifuza Umudamu uri hagati y'imyaka 30-45 akaba afite akazi cg Umukobwa uri hagati y'imyaka 23-30 akaba afite akazi kandi yiteguye gukunda kuburyo azaba n'umujyanama wanjye wihariye kandi agashyigikira na project mfite, uwujuje ibyo navuze haruguru yampamagara kuri 0787190146 cg e-mail:jeyciraganje30@gmail.com Murakoze!
HHHHH
NTWARI
MBANA NA VIH
IMYAKA 40
AMASHURI ARARINGANIYE
IMIBEREHO IRARINGANIYE
STATUTS: DIVORCÉ
UMWANA ARAHARI.
INTEGO:GUSHAKA UMUKUNZI,DUHUJE UBUZIMA TUKUBAKANA URUGO
ADRESS MBONEKAHO
ntwarijemus@gmail.com
URAKOZE WOWE WEMEYE .
IMYEMERERE :ROMA,ABEPR
Muraho neza nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba arinzobe cg imibiri afite akazi nampagare 0788204133 tubivugane
I am interested
Hello ndi umusore wiga kaminuza
Nshaka umugore , kabone niyo yaba yarigeze umugabo ariko ucyeneye umusore wokumwitaho ! Gusa akajya amenyera itike ndi musanze 0780366090
Mwiriwe ni yise Jaen nkeneye umukunzi umufie mere cyangwa undi wese ubishaka icyingenzi nurukundo 0783734413whatsapp cyangwa call
Twahura gute se?0722024229
Ndashaka umugore ukuzeho ufite cg urengeje 30years old tukajya duhura tukahanira,tukungurana ibitekerezo byaba ngombwa tukana enjoying.uwumva Ari tayari call me at 0722024229
nyarugengedis2020@gmail.com
Hi nitwa manzi Dereck ntuye ikigali, mfite imyaka 30 nyeneye umukobwa tubana kuko ndumva nkuze ,kuba yarize Kandi afite akazi byabakarusho email ni nyarugengedis2020@gmail.com
Ndashaka inshuti nkaba mfite
I'm 21, I need a serious girl to befriend, she should be brown, and me I'm not too brown(mixed color).
Singombwa ko aba afite akazi niyo yaba acyiga, kuko nanjy niga ubuganga muri kaminuza.
Uwumva afite gahunda ifatika
WhatsApp cg call kuri 0783250055
Byaba byiza atanywa inzoga ,🙏🙏🙏
Muraho neza! Nitwa RUGWIRO nkaba nifuza umukobwa cg umugore watandukanye n'umugabo ukuze hagati ya 27-37ans abaye afite abana cg atabafite ntakibazo, agomba kuba ari munini mbese atananutse bigaragara kandi atari na mugufi cyane aringaniye cg ari murmure yarize byibuze guhera secondaire or Kaminuza afite akazi cg ntako ntakibazo ariko ashobora kuba yakwikorera atari umunebwe mu mute, njye mfite bachelor's degree nkora mukigo runaka ,mfite umwana umwe uwumva afite gahunda yanyandikira kuri email: julesneza@gmail.com
Nitwa Ange ndi divorce avec 32ans A0muri Accounting nta kazi mfite ndikorera mfite umwana1 nkeneye umusore uri hejuru yimyaka 30ans uwumva ari interested my phone number 0788837927 ntawe nkeneye wo kunkinisha
Salut tout le monde!
Ndifuza umugore(divorced/ widowed) wifuza uwamuha umutuzo wuzuye kandi mu ibanga rihanitse n’icyubahiro cyuzuye kandi bihoraho, ko mpari kandi niteguye kubimufasha ntakindi kiguzi uretse ubupfura n’ubunyangamugayo.
Uwumva yiteguye yanyandikira kuri email yanjye ( rukundoterry@outlook.com), hanyuma tukabinoza neza.
N.B: nkeneye umwe gusa.
Muraho neza! Ndifuza umukunzi umugore uri divorce cg umukobwa ariko utarengeje imyaka 30. Ubaye uri interested wanyandikira kuri email:nziyojean12@yahoo.fr cg ukanyandikira kuri whatsapp:+250788919928
Hello nyita Jay ndashaka umugore uri serie kuva kumyaka ,30 kuzamura gusa ufite uko abayeho njye mfite 22 uwumva ari tayali 0788629956 amvugishe apana ukina niyojayjado@gmail.com
Sophia, none uboneka ute?
Nkwandikira kuri kjoachim662@gmail.com
Hello nitwa Alex ndengeje 30ers ncaka umukobwa niyo yaba afite umwana akab afite kuv 19ers old atarengeje 25 ers old akaba duhuje yiteguye ko twahita tubana bidatwaye igihe kirekire . 0783319128
Call 0788323011
Nitwa Ntabara James nifuza umukunzi w’umukobwa wazambera umufasha tumaze gushimana phone yange ni 0781872023.I promise to live with her.
Coll 0784699226
Shyiraho number take nkuvugishe
Ndumu Maman wumwana1.ndifuza umuntu usenga 2uzankundira uko mfite 42yrs nshaka umuntu ukora atari isongi kko nanjye nkunda gukora urarerageza40-48yrs ntiwigore, yobu28-28.shyiraho numero ndakuvugisha uli S
Muraho neza? habaye hari ifite urukundo yaza tukikundanira ndi umusore wimyaka 22 uko yaba ameze kose twakundana
Hello Ladies am male my name is Xxx i have 35years i have bachalor's degree but no occupation i live in Kigali i need woman to enjoying life only not to be man and woman range of age from 28 to 40 someone interested writte me short message on kubanagusa@gmail.com
Muraho ndifuza Umugabo ukunda usenga wubaha lmana nawe akiyubahisha udafite birantega Cg?uri tayali kubaka adakina kuba Afite 40-48yrs kndi ntawundi mugore afite abaye umuvugabutumwa byanezeza aho ari hose yamvugisha cool +250784699226
Ndifuza umukobwa utarengeje 28
Njye mfite 30
Wumukristu ufite gahunda
Kuburyo twabana
N.B ufite akazi
Ibindi bisobanuro
Yampamagara
Number 0787002458
Turaho nitwa Agnes mfite imyaka 42 ndifuza Umugabo twafatanya ubuzima ufite gahunda Atari imikino agomba kuba yubaha lmana nabantu bayo 2,kuba ntabwandu Afite ibintu nibishakwa ahari lmana nubuzima byose birashoboka ndaganira na Size yanjye gusa utari tayali ntiyigore coll+0250)3095441
Mpamagara ndagushaka +25073095441
+250783095441
Bsr nagirango mbabwire ko umukunzi nashakaga yabonetse uwanjye yarabonetse ntimuzongere guhamagara iyo number natanze .mrc bcp
0783095441
Nitwa Mary ntuye huye mfite umwana 1 mfite imyaka 32 amashuri 6yisumbuye ndikorera nkeneye umusore,cg umugabo uri divorce hejuru yimyaka 30 uwumva twahuza karibu muhe urukundo ni ya tel 0786379057/0726917448
Wowe mudamu cyangwa umukobwa wifuza ugushimisha mu Gitanda test me on : dennisirumvabitsinda@gmail.com
0788955227
umukobwa cyangwa umugore ushaka umuntu uzajya amushimisha mu gitanda wampamagara kuri 0788280557
Nitwa Theos nkeneye inshuti twabana akaramata URI seriye tu
Nitwa Kagabo Claude
Mfite imyaka 35
Ndashaka Umukobwa cyangwa Umudamu wifuza uwo bafatanya kuryoshya ubuzima
Agomba kuba ari muzima
Mfite amafaranga ahagije
Agomba kuba ari hagati y’imyaka 28-42
Agomba kuba atarangwaho no kujarajara mu bagabo
Uwumva abyujuje yakwandikira kagaboc881@gmail.com agashyiraho numero za fone tukavugana
Nitwa Emmy ndakuze mfite imyaka 48 ndifuza inshuti y'umugore ukuze aramutse abyibushye byaba akarusho uwumva ari tayari yambona kuri 0734583481
Mpamagara kuri iyi nbr 0734583481
Ndagucyeneye cool m+250783095441
Wampamagara kuri 0734583481
Mwiriwe mwese ndusore ndashaka umugore cg umukobwa wokubaka ufite gahunda ampamagarekur 0792527135
Call me 0792527135
Coll m 0783095441
Cool 0783095441 ndagushakau
hello nitwa mugisha ndifuza umukunzi unsenga kandi wubaha abantu uko bari kose.aterejyeje imyaka 35 kandi bibaye byiza azi gusoma no kwandika jyewe ndinzobe ndimuremure pima ibiro 75 fite imyaka 31yrs ndi umutekinisiye mba ikigali niho navucyiye abaye akora nisawa wanyandicyira kuri email mugishabobo@yahoo.com
Emmy niyo mazinayange neneye umukobwa ufite urukundo twakundana mfite imyaka 34nfite akazi kantunze nawe afite akazi ka reta byadufasha kuko ngewe ndikorera nemb 0790389889whtsp
ITANGAZO: umuntu wese uzatoragura umwana w'uruhinja rwatawe na nyina, rugihumeka, kimwe n'umukobwa wese uzabyara akabona amahitamo yanyuma asigaranye ari ukuniga cg kujuginya akokana aho waba uri hose uzahamagare iyi numero 0787406464 dufata ako kana muburyo bwibanga tukagaha amahirwe yo kubaho kdi uzakazana wese azumveko ibanga rye turibika rwose, ntakindi tumubaza. Twe tugaragaza ko twagatoraguye aho bahataye. Hanyuma tukakatera. Uturuka Kure tuzamwishyurira ticket n'icumbi. Murakoze. Kdi mutwizere njye ni ugushaka gufasha bene abo bana gusa, kuko nanjye mfite aho mpuriye n’ayo mateka. Nitwa Father Mugisha.
Hello every one.nitwa Jure ndifuza umukunzi wigitsina gore yaba umukobwa cyangwa fille mere utarengeje umwana umwe.narangije kaminuza gusa ndikorera nawe afite icyo akora byaba akarusho. Ufite gahunda adakina anyandikire kuri manzijure@gmail.com. murakoze
Jure mpamagara mfite gahunda ndagucyeneye nabuze number yawe plz iyanjye ni. 0783095441
Nitwa M Agnes ndashaka umukunzi ufite gahunda ukeneye kubaka umuryango name bashaka abo kuryoshya ntimwigore ndakijejwe nshaka Umugabo ukunda gusenga kndi ukuze hagati 42yrs-48yrs uwiyizeko adafite ubwandu bwa Sida ampamagare dupange +250783095441
Hi jyewe nyeneye umugabo ufite cash witeguye kunyitaho nage nkajya mwitaho muburyo bwa sex uwumva ari tayari nanyandikire whatapp 0787094211 whatapp gusa kd hanyandikire umuntu uri seriou
Konkeneye umukobwase
Urimbwa rubebe gusa unaniwe kurera abo twabyaranye wambwa we wirirwa umokera kumbuga ngo nyoko wamupfumubisi we, amarira utera abana batatu wabyawe uwiteka azayakubaza nzakurerera kuko uwiteka yabampaye
Ndashaka umukobwa cg umugore ufite gahunda ibyishi tuzabiganira in detail wanyandikira kuri +23675481181
Nitwa igiraneza ,ndi umusore ndashaka umukobwa twokundana Ari hagati yimyaka 20-30 ,numero ya whatsap no +254796817904
0781472531 umugore mwiza utabana numugabo ,ukeneye cares, wiyubaha.uteye nkigisaboooo mbese,atabana na HIV kuko ntampamvu yo guhemukira uwo ukunda,utaregeje ibiro 90 yakabije ,uri KIGALI ,MUSANZE,MUHANGA,CG RUBAVU ariko cyane cyane KIGALI.njyewe ndi umuganga ibindi mpamagara tuganire tbipange
Nitwa Innocent
Mbana na VIH+
Mfite imyaka 42
NIGEZE GUSHAKAHO
Mfite umwana
Nkunda Imana n'umurimo
Ubuzima BURARINGANIYE
AMASHURI araringaniye
Nifuza umufasha umugore
Twakubakana urugo.
Niba uhari DUHUJE
Nyandikira
bressinginnocent@gmail.com
0790790402
Urakoze
Nitwa Alex ndashaka umukunzi w umukobwa warangije University wubuaha Imana mwiza Kanda ufite imyaka hagati ya 25-30 uwaba interested yampamagara 0782630434
0737920560
Ndashaka umukunzi ndumusore mfite imyaka 30 ndumucyene ntama frw mfite mfite urukundogusa ariko nzamuteteshap
Nitwa kwizera mfite imyaka 30 ndashaka umukunzi umukobwa CG umugore watandukanye numugabo ufite umwana umwe CG 2 kuko nanjye ndamufite afite akazi Cg atagafite ntakibazo kuko nanjye ndagafite kdi keza ufite gahunda yokubaka ntagukina ampamagare kuriyi nimero dupange gusa nkorera hanze yigihungu arko burucyumweru ndataha ufite gahunda yambona kuriyi nimero +250791973404
Ni kwizera mboneka kuri WhatsApp +256785448069 ufite gahunda sinshaka abakiba
0788269591
Muraho neza niba bishoboka kwaganaira byihariye murakoze
Muraho, ndifuza umukunzi uri serious! Umusore uri hagati ya 35-40 years, arengeje 170m , akaba nibura afite A0. Uwumva ari interested yanyandikira kuri uclemence451@gmail.com.
Nitwa kubaho, nshaka umukunzi kuva kuri 21-30 wumukobwa. Witonda, azi gukora , nibura yarize secondary. Azi guteka nokwiyitaho. Ntamafaranga musabye, cyakora kuba Ari umuntu ubayeho mubuzima yifuza guhindura. Byasaba ko akunda businesses cgwa ashoboye kuba yakwiga . Kuba Ari yirabura byaba byiza. Aramutse abona Ari mwiza ni akarusho. Utabyibushye Kandi atarengeje 1.70. yumva afite urukundo nibyiza kuko njye ndikorera. Yaba imfubyi, umukene ibyo ni quality kuri njye. Yanyamdikira kuri kacyiru2022@gmail.com
Muraho neza Amahoro Y'lmana nd'umugole ukuze mfite43ans 92kgndikorera mfite umwana Ndashaka umugabo hagati 43_48 ndifuza umugabo ukijijwe ukunda gusenga no gukora kuba Ari nta bwandu VlH afite Kandi afite gahunda yo kubaka umuryango abakina simbifuza plz ntimwigore number yanjye ni+250783095441
Amahoro
+ amazina:Shyaka
+ imyaka:26
+ 1m.70cm
+ 60kg
+ imibiri yombi + igara ritoya
IKIFUZO:
*Ndifuza umukobwa w'inzobe cg imibiri yombi. NB:utari maneke.
*ibindi tuzabiganira turi kumwe kdi nkaba mwijeje Urukundo nyarwo ruzira uburyarya.
@ UBU BUSABE, IMANA IBWUMVE kdi IBIHE UMUGISHA.murkoze cyane.
Muraho neza amahoro yimana abane namwe simvuga byinchi ikinjyenza nikimwe nugushaka umukunzi rwose imana ipfashe mubone umukobwa witeguye kubaka urugo 1.umukombwa winzobe 2.utabyibushye 3. Ufite 170cm 4.utarenjyeje 70kg 5. Umukombwa mwiza uteyeneza ukunda gusenga wiyubaha wumva afite gahunda yubaka afite urukundo nyandikira kuri whatsap 0790009194 ndagutegereje nukuri ngwino twubake urwanca niwoe negereje murakoze
Murahoze murakoz my name is mugish Kenny ndashak umukobeu dukunda knd unduta utite nkimyak25 kk njyew pfite 20 ufite gahund call 0783211391 cg WhatsApp tuvugane
Muraho?
Nitwa John, nkaba Ntuye Kigali Gisozi, nkaba nje hano gushaka inshuti.
Njyewe mfite 33ans
Abana 3
Ndi imibiri yombi
Ibiro 90
1,75m
Nize primary gusa
Nifuza umukunzi w'umumama ufite kuva kumyaka 28 - 40
1. Kuba ari umunyarwanda
2. Kuba ari umukristo
3. Kuba afite urukundo
4. Kuba akunda abantu muri rusange
5. Kuba yakora akazi Kose gashoboka
6. Kuba yakwemera kumbera mama wabana banjye
Uwumva ibyo abyujuje anyandikire kuri 0728291667 kuri WhatsApp
Hello there, umugore/umukobwa wifuza total satisfaction (kumva unyuzwe kandi utuje), nyandikira kuri Email yanjye: rukundoterry@outlook.com, ubundi wiyumvire itandukaniro.
N.B: Ntute igihe cyawe niba uri married!
Hello every one,nitwa oscar ndashaka umugore canke umukobwa afise imyaka 30 -40 jewe mfise 48 .uko yaba arikwose twapanga kwibanira kandi ndafise abana .WhatsApp ya.nje +254 103 162 837.
Hey nitwa Nuhur ndusore wimyaka 30 ndifuza umukobwa urihati yimyaka 25-29 yararajyije s6 akabafitakazi ukokaba kamezekose afitebyibura m1.60 azicyashaka is adakundiraha niyoyaba yarabyaye ark akbafite umwana utarenjyeje imyakibiri wambona kiri 0788653055 murakoze
Ndashaka finance uri serious ufite 35years yaba afite umwana yaratandukanye n'umugabo cg atarashaka ariko afite akazi kamutunze kdi bashaka gukora umuryango nkanjye ya mpamagara kiri 0788755218 tukabiganiraho.mfite 39 years , masters degree nkaba mfite n'akazi ka leta
Ndabasuhuje. Nanjye nifuza kugerageza amahirwe hano nubwo requezt yanjye isa nitandukanyeho gato. Njye ndi umumama utarahiriwe nurushako. Rero niyunvamo depression pe kubera iyo deception. Agahenge ngira nuko nsenga, ariko nubundi iyo ndi mumubiri simbura kwitekerezaho. Rero nifuza inshuti yumugabo uri single and mature twaganira akanfasha gusoboka mu bihe ndimo. Narize, nfite akazi, ariko isi yanbanye akadomo kuko nta muntu numwe uzi ibihe ndimo. I feel like loosing my mind. Munyunve neza sinkeneye uzanwa nubusambanyi, cg ubupfubuzi nunva bwateye kuko izo ngeso sinzigenderamo. Icyo nikenereye ni constructive and therapetic friendship. Wanyandikira kuri :
mutonibenie273@gmail.com
Murakoze
Ndashaka umukunzi utuye murwanda cyangwa ibujumbura ndumugabo murakoze +250788356784 mpamagara nzakwitaho
NDABASUHUJE CYANE IMANA IBANE NAMWE.
NITWA JEANNE.
Mfite imyaka 31
Mfite abana babiri
Nkuko umuntu ashobora kudahirwa n'urushako nanjye Niko byagenze.
Gusa ndifuza KUGERAGEZA Andi mahirwe ,ndifuza uwambera umugabo ,ufite gahunda ifatika
Kandi wiyubaha ukuze.
Niteguye kumukunda no kukugandukira.
Karibu dufatanye ubuzima nkubake nawe unyubake.
Asante
Mpamagara kuri
0725079437
Ndabasuhuze nitwa Claire ndi umumama mfite abana 2 sinahiriwe nurushaka ariko nifuza kugerageza Andi mahirwe ndifuza uwambera umugabo ufite gahunda please abakina nabapfubuzi simbashaka mfite imyaka 35ans nange ndashaka guhera kuri 40kuzamura wambona kuri mukarukundclarisse39@gmail.com
Ndahari rwose
OK wanyakira 0787739196 online WhatsApp
Mwiriwe? Nishimiye kwandika kuri ino blog ngo mbe ariho ngeragereza amahirwe,nitwa valentine mfite imyaka 35,ndi divorced ntabwo nahiriwe n'urukundo rwa mbere nagize,none ndifuza kugerageza Andi mahirwe,ndifuza umukunzi wambera umugabo tukabana,tukabyarana ,ufite gahunda,wiyubaha,wubaha Imana,Uzi gukunda,wita kubantu,Uzi kuganira,mbese wisanzura.Imyana ntabwo njya nyitaho kuko urukundo nireo rwubaka kd imyaka ni imibare!Ikindi njyewe mbana n'ubwandu.I'm HIV+.Niba wumva uri tayari,ntakuntesha igihe wanyandikira kuri email yanjye;valentineuwase1@gmail.com.
Hahhahahah
ese ndibaza ko ntabantu batanga ubuhamya hano niba barahabonye abakunzi cg ni bimwe byubu
Umva uru rubuga nu rwabateshamutwe gs nta wahakuye umugeni nabonyeho
Nitwa Nsabimana Jp
Mjp ndashaka umukunzi ndi ingaragu nshaka Umukobwa witonda utife icyo yaheraho mugushinga urugo g?tukabihuza ubyifuza ngiyi no mber 0785950152 mfite A0
Muraho, ndi umu fille mere mfite umwana w'umuhungu ufite 5ans .ndifuza umukunzi . Ufite imyaka 35kugera kuri 45.abaye nawe afite umwana mbyaba Ari byiza.ariko agomba kuva Ari selieux.njye mfite imyaka 29 ,ndabyibushye ndi imibiri yombi.uwakumva afite gahunda yamamafara kuri 0726688873
Nitwa Jean ndasha umukobwa uri serious ufite hagati yimyaka 25-32 anyandikire kuri what's app:0734805155
franknkurunzizaza@gmail.com
Wowe wiyise MJP Imana ikubabarire ibyo ukora sibyo wimbeshyera Iyi number 0785950152 ntigire uyiha magara sinzi MJP wayishyizeho nu mubeshyi iyi number siye kuko njye mfite uwo niyeguriye (Imana yonyine)
Mwiriwe , nibwo nagera kuri iyi blog
Gusa nishimiye ibihakorerwa .
Ndifuza umukunzi wumukobwa wumva afite gahunda yo kuba yakunda Umuntu imyaka Yaba afite iyariyo yose amafaranga Yaba afite yose ntacyo bivuze apfakuba afite urukundo niyo Yaba yarabyaye ntakibazo
I'm Justin if you interested call me or text on WhatsApp
0783361344
Ndi munsi yimyaka wavuze, gusa biramutse ntacyo bigutwaye , twakikundanira , njyewe icyo nshaka nurukundo gusa
0783361344
Hello , I'm here call me 0783361344
Ariko ko ntabatanga buhamya Baraza ngo baduhamirize ko uru rubuga rukora umuti Ra ngo natwe twigeragereze.
Muraho, ndi umukobwa ntuye Kigali, Gasabo, nkaba nifuza umusore twakundana urukundo ruganisha ku mubano ufite imyaka hagati ya 35_ 39, njye mfite 34, nshaka ufite gahunda yo kubaka bitarenze umwaka utaha sinshaka uwifuza ubusambanyi, nifuza uri serious please, uwumva twahuza nyandikira kuri email: girlhumble 34@gmail.com
Niduhuza duhane numero
N.B : Abaye adafite umwana byaba Ari byiza kuko nanjye ntawe mfite.
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Uwumva twahuza yanyandikira kuri E-mail:munda2020@gmail.com
Nitwa Augustin mfite imyaka 48 years ndifuza inshuti y'umugore kuva kurl myaka 40 kuzamura uri interested yahamagara 0734583481
Nange ndashaka umugore mwiza kumutima duhuje ibibazo byo kwigunga kuba turi twenyine ufite uburyo abayeho kuko nge ndenda kurangiza kwiga gusa ndumusore ukuze kumyaka 40ans urumva rero ko nkeneye umugore ukuze njange wavuye munkunda rubyino aho waba uri hose twapanga uko twabonana gusta nkwijeje ko numbers umugore wumutima utanca inyuma kd Uzi kunyurwa nange icyo gihango ntazagitatira niba sms yange ntacyo igutwaye umpamagare kuri +250788540981 iri na watsapp murakoze
Ndi umugabo w'imyaka 50 nkaba nshaka umukobwa/ umugore wize ufite A0 akaba afite imyaka iri hagati ya 30-45 atarengeje ibiro 80 ,afite uburebure buri hagati ya 1,60m na 1,70m.Uretse imyaka ibindi navuze no kuri njye niko bimeze.Uwumva twahuza yanyandikira kuri E-mail:mundanikure77@gmail.com
Ndahari call me 0792045741
Hello ndi Francois 34years old Mfite a0 muri IT information technology Ndashaka umukobwa wize nawe kandi ufite akazi ntuye Kigali kandi Mfite akazi nanjye uwaba yiteguye ari serious kandi ari hagati ya 33 kuzamura kugeza 45 umpamagare kuri +250783865225 ninayo WhatsApp yanjye nkoresha English ,French and kinyarwanda
Please ntimuzongere kunyandikira uwo nashakaga naramubonye
Ngaho c ngwino 0737707637
Pamera ngwino 0737707637
0788653055 my WhatsApp number
Ndahari nyandikira kuri watsap 0734374511
Post a Comment